Browsing Category
Ubuzima
Gicumbi: Barindwi bakubiswe n’inkuba, umwe ahasiga ubuzima
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 27 Nzeli 2023 nyuma ya ya mvura yaguye ahagana ku mugoroba, mu Karere ka Gicumbi, inkuba yakubise abantu bagera kuri barindwi, umwe ahasiga ubuzima.
Aya makuru yemejwe n'umunyamabanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Imvura iguye kuri uyu mugoroba isize isenye ibikorwaremezo birimo amashuri n’insengero
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye mu Karere ka Huye mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 27 Nzeri, yangije ibikorwaremezo birimo amashuri n’insengero.
Mu byasenyutse harimo ishuri ryisumbuye Butare Catholique riherere mu Kagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Babiri bafashwe bakekwaho kwiba ibikoresho by’abanyeshuri ba INES-Ruhengeri
Mu ijoro rishyira itariki ya 26 Nzeri 2023, abajura binjiye mu nzu icumbikamo abanyeshuri babiri biga muri INES-Ruhengeri mu Kagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza Akarere ka Musanze, biba ibikoresho byabo bitandukanye birimo imashini!-->!-->!-->…
Irak: Abagera ku 100 bapfiriye mu muriro wadutse mu bukwe
Abantu nibura 100 bapfuye naho abandi 150 barakomereka nyuma yuko inkongi y'umuriro yadutse mu bukwe mu majyaruguru ya Iraq.
Abantu babarirwa mu magana bari barimo kwizihiza ibyo birori i Al-Hamdaniya, mu ntara ya Nineveh mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Basabwe kwimakaza ihame ry’uburinganire abari mu makimbirane bakayareka.
Abaturage basabwe kwimakaza ihame ry'Uburinganire hagati y'abashakanye kuko ariho iterambere ry'Umuryango ryubakiye ndetse ikaba n'inkingi y'Imiyoborere myiza igihugu gishingiraho abari mu makimbirane bakayareka.
Bakaba babisabwe!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yanyomoje ibyo kazungu yavugiye mu rukiko ko arwaye SIDA
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwanyomoje amakuru yatanzwe na Kazungu Denis ukurikiranywe kwica abantu akabashyingura mu nzu, ko yabitewe nuko bamwanduje Sida.
Kuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeri 2023, nibwo Kazungu yagejejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Umukobwa arishyuza miliyoni 3 FRW umusore yarihiye kaminuza amubwira ko azamurongora…
Umukobwa witwa Mizero Rosine ukomoka mu murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero,mu kagari ka Buganyana, arasaba umusore witwa Uwizeyimana Jean Claude kumwishyura asaga miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda yamurihiyemo kaminuza amubeshya!-->!-->!-->…
Kayonza: Ibirere by’insina n’amababi y’ibigori bibateje imbere
Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza, bibumbiye muri Koperative Twiyubake Family ikora umwuga w’ubukorikori, bahereye ku birere by’insina no mu mababi y’ibigori bemeza ko ibyo benshi babona nk’imyanda!-->!-->!-->…
Andi makuru y’ubugome yerekeye Kazungu
Iperereza ry’ibanze ku birego biregwa umusore uherutse gusanganwa abantu akekwaho kwica akabashyingura mu cyobo mu nzu yabagamo, rigaragaza ko akekwaho kwica abantu 14 harimo n’abo yatetse.
Kazungu Denis wagarutsweho cyane kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
Humviswe ubuhamya bw’umwe mu bakobwa Dr Kayumba yasambanyije
Ubushinjacyaha bwagaragaje ko ubujurire ku ifungurwa rya Dr Kayumba Christopher, wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Itangazamakuru bushingiye ku ngingo zirimo kuba Urukiko rwarirengagijwe ibimenyetso bwatanze.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Abakobwa n’abagore bajyaga batungurwa n’imihango bateze imodoka bubakiwe icyumba…
Icyumba cy’Umugore cyubatswe muri Gare ya Ngoma gikomeje kugoboka abagore n’abakobwa batungurwa n’ukwezi kwabo bari mu rugendo, abo kimaze kugoboka bakaba bavuga ko ari igisubizo bafatwa na ko bari mu ngendo.
Bamwe mu bagore!-->!-->!-->!-->!-->…
Undi muvandimwe muri batatu bagufi bamamaye ku mbuga nkoranyambaga yitabye Imana
Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 14 Nzeri 2023, hamenyekane inkuru y’undi muvandimwe muri batatu bashaje kandi bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije, André Buhigiro witabye Imana, hakaba hasigaye umwe kuko undi aheruka kwitaba Imana mu!-->!-->!-->…
Bamwe mu bayoboke ba ADEPR bariye karungu nyuma y’aho umuzungu azamuye ibendera…
Itorero rya ADEPR mu Rwanda rimaze gutangaza aho rihagaze ku kibazo cy'ubutinganyi nyuma y'aho hagaragaye mu rusengero hagaragayemo umugore wazunguzaga ibendera ry'abatinganyi.
Guhera ku munsi w'ejo kuwa kane taliki ya 14 Nzeli 2023!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Imvura ivanze n’umuyaga yashenye inzu z’abaturage n’ibyumba by’amashuri
Mu tugari twa Mwendo na Rwesero mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, imvura ivanze n’umuyaga yaguye mu ijoro tariki 13 Nzeri 2023, yasenye ibyumba by’amashuri bya G.S Mwendo, isenya inzu z’imiryango 12 yari ituye mu mudugu!-->!-->!-->…
Uganda: Umusaza w’imyaka 53 akurikiranyweho gufata Nyina w’imyaka 100
Umuvugizi wa polisi wa Uganda Fred Enanga yatangaje ko bataye muri yombi umugabo w’imyaka 53, ukurikiranyweho gusambanya ku gahato nyina umubyara w'imyaka 100 y’amavuko.
Uyu mugabo ukekwaho gufata nyina ku ngufu, avuka mu mudugudu!-->!-->!-->!-->!-->…