Browsing Category
Ubuzima
Bugesera: Hiyambajwe imbaraga z’urubyiruko mu guhangana n’umwanda ngo haboneke Bugesera…
Hasabwe imbaraga z'urubyiruko mu guhangana n'umwanda aho wagaragara hose mu karere ndetse hanashyirwaho ingamba zihariye mu gukurikirana isuku n'isukura muri gahunda ya Bugesera ikeye kandi itekanye.
Kuri uyu wa gatatu tariki 13!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Icyumweru kirashize undi musore aburiwe irengero
Abagize umuryango wa Habimana Desire Ange uri mu kigero cy’imyaka 21 y’amavuko, baravuga ko bamaze iminsi basiragira mu buyobozi butandukanye bashakisha umusore wabo ugiye kumara icyumweru cyose yaraburiwe irengero.
Bamwe mu bagize!-->!-->!-->!-->!-->…
Utubari dusaga 160 mu Rwanda twarenze ku mabwiriza y’amasaha yo gufunga
Nyuma y’iminsi mike hatangiye gushyirwa mu bikorwa amabwiriza agenga imikorere y’ibikorwa by’ubucuruzi mu masaha y’ijoro, utubare dusaga 160 mu Rwanda hose tumaze guhanirwa kurenza igihe cyashyizeho.
Umuvugizi wa Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
RDB yatangaje amasaha utubari tugomba gufungiraho
Hashingiwe ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yo ku wa 01 Kanama 2023 Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje amasaha ntarengwa ibikorwa by’imyidagaduro, utubari na resitora bizajya bitangira serivisi.
Mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Goverineri Gasana yateguje utundi turere tugize u Burasirazuba ko na two tuzagenzurwamo isuku.
Guverineri w'intara y'Iburasirazuba Emmanuel Gasana yateguje utundi turere tugize u Burasirazuba ko na two tuzakorwamo igenzura harebwa iminogere y'isuku, umutekano no gutanga serivisi nziza ndetse n'ibindi byatuma uturere tugira!-->!-->!-->…
Hari abarimu batanyuzwe n’uko Umwarimu SACCO wagabanyije inguzanyo
Nyuma y’aho ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu SACCO busabye abanyamuryango b’iyi Koperative kwihanganira uburyo bwahisemo bwo gutanga inguzanyo kandi bigakorwa gahoro gahoro, bamwe mu barimu bagaragaje kutishimira iyi nkuru.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Yevgeny Prigozhin wayoboraga abarwanyi ba Wagner yaguye mu mpanuka y’indege
Inkuru y’urupfu rwa Yevgeny Prigozhin yasakaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, aho bivugwa ko yaba yaguye mu mpanuka y’indege yabereye i Moscow mu Murwa Mukuru w’u Burusiya.
Itangazamakuru rya Leta y’u!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yihanangirije abaramya ubukene Kandi igihugu giharanira iterambere
Perezida Paul Kagame yavuze ko bitumvikana uburyo abantu bifata bakajya gusenga baramya ubukene mu gihe igihugu cyo gihora giharanira kugera ku bukire.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, ubwo yitabiraga umuhango!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Guverineri Gasana yasabye Abatuye Rweru ibintu bitanu bihatse ibindi.
Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba Gasana Emmanuel yasabye Abaturage batuye mu Murenge wa Rweru kurangwa n'ibintu bitanu birimo ibihatse ibindi ari byo Isuku, umutekano, gutanga service nziza, no kwesa umuhigo wa Mituweri.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umunyarwanda yapfuye nyuma y’imirwano n’uwo bapfaga umugore
Sirag Rubayita bivugwa ko akomoka mu Rwanda akaba umukinnyi ukora siporo yo kwirukanka (athlete) yaburiye ubuzima mu mirwano yamuhuje na mugenzi we bapfaga urukundo rw’umugore bombi bari bahanganiye.
Ikinyamakuru Standard Kenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Havuguswe umuti w’ikibazo cy’ubushomeri bwibasiye urubyiruko.
Mu Karere ka Bugesera haganiriwe ku mpamvu nyamukuru z'ikibazo cy'ubushomeri gikomeje kuba akarande mu rubyiruko havugutwa umuti wacyo wihariye hanashyirwaho ingamba zigamije guhangana nabwo.
Ni ibyaganiriweho kuri uyu wa kane!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Batatu bafunzwe bakekwaho kwica umwana nyuma yo kumusambanya
Ku wa 10 Kanama 2023, nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kabarondo, rwemeje ko abagabo batatu Ubushinjacyaha bukurikiranyeho icyaha cyo kwica umwana w’umukobwa bamaze kumusambanya, bakurikiranwa bafunze.
Ubushinjacyaha buvuga ko abo bagabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Hoteli na resitora zemeye kurinda abakiliya impanuka ziterwa n’ubusinzi
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Kanama, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, ku Kacyiru, habereye inama yahuje Polisi y’u Rwanda n’Ihuriro ry’abatanga serivisi z’amahoteli na resitora yari igamije kubibutsa uruhare rwabo mu kurinda!-->!-->!-->…
Muhanga: Ndababonye yahamijwe icyaha cyo kwica abana 10 atabishaka
Urukiko rw’ibanze rwa Muhanga rwahamije Ndababonye Jean Pierre Alias Kazehe, icyaha cyo kwica bidaturutse ku bushake, abana 10 barohamye muri Nyabarongo mu Murenge wa Mushishiro.
Ndababonye yakatiwe gufungwa umwaka umwe no kwishyura!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Ubwato butwaye abagera kuri 300 bwarohamye mu mugezi wa Lukeni
Abategetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo baracyashakisha abarokotse nyuma yuko ubwato butwaye abantu bagera hafi kuri 300 burohamye mu ntara ya Mai-Ndombe mu burengerazuba bw'igihugu.
Umubare watanzwe n'abategetsi ni!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…