Browsing Category
Ubuzima
Nyanza: Perezida Kagame yahaye Meya NTAZINDA icyumweru kimwe ngo abe akemuye ibibazo…
(Picture: Credit goes to igihe.com)
Ku munsi wa kabiri ari mu rugendo mu Ntara y'amajyepfo yumva anakemura ibibazo by'abaturage, Perezida Paul KAGAME yababajwe n'ikibazo cy'umubyeyi warangaranywe igihe kirekire maze asaba Meya!-->!-->!-->…
Karongi: Abantu 2 baguye mu mpanuka y’imodoka yari yikoreye ibikoresho by’ubwubatsi
Mu Murenge Rubengera mu Karere ka Karongi, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye ibikoresho by’ubwubatsi, yaguyemo abantu babiri.
Iyi mpanuka yabereye mu Kagari ka Gacaca, Umudugudu wa Remera, ahagaa saa kumi n’igice kuri!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage basabwe kudahishira ibikorwa by’ihohoterwa bikorerwa mu muryango
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza, ho mu murenge wa Rwabicuma basabwe kudahishira ihohoterwa rikorerwa mu ngo kuko biri mu bituma ridacika.
Ku bufatanye n'umuryango NEVER AGAIN Rwanda n'umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umusaza yafatiwe mu cyuho yagiye gusambana akizwa n’amaguru yambaye akenda…
Umusaza w’imyaka 70 y’amavuko wo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, umaze igihe gito ahagaritswe mu itorero rya ADEPR kubera imyitwarire idahwitse, yafatiwe mu rugo rw’abandi yagiye gusambanya umugore w’abandi.
Uyu musaza bivugwa!-->!-->!-->…
Qatar: Leta yahambirije abimukira barenga 60 bihaye kwigaragambya ngo ni uko batari guhembwa…
Qatar yasubije iwabo abakozi b’abimukira bigaragambije kuko batishyuwe imishahara yabo, mu gihe iki gihugu kitegura kwakira igikombe cy’isi mu Ugushyingo(11).
Abakozi bagera nibura kuri 60 bakoraniye imbere y’ibiro bikuru bya Al!-->!-->!-->…
Gisagara: Abarenga 60 barembeye mu bitaro nyuma yo kunywa ikigage gihumanye
Abaturage 68 bo Mu Murenge wa Ndora mu Karere ka Gisagara barembeye mu bitaro nyuma yo kunywa ikigage gihumanye mu birori byabereye mu rugo rw’umuturanyi wabo.
Ibyo biriro byo gukomezwa kw’abana byabereye mu rugo rwo mu Kagari ka Bweya!-->!-->!-->…
Umunyarwenya Nyaxo yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa
Umunyarwenya NYAXO ari mu maboko y'ubugenzacyaha azira gukubita no gukomeretsa mugenzi we.
Kuva kuri uyu wa kane w'icyumweru gishize taliki ya 18 Kanama 2022, umunyarwenya witwa Olivier KANYABUGANDE uzwi cyane nka NYAXO ari mu maboko!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umurambo w’umusore w’imyaka 20 wasanzwe mu mugozi
Umusore w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Sangano, Akagari ka Remera mu Murenge wa Manyagiro, bamusanze mu mugozi yapfuye bikekwa ko yaba yiyahuye.
Umurambo w’uyu muhungu wabonywe kuri uyu wa 21 Kanama 2022 mu nzu yo hanze mu rugo!-->!-->!-->…
Gicumbi: Yaje aje gukiranura umukazana we abigenderamo ahasiga ubuzima ariwe
Umugabo w’imyaka 32 wo mu murenge wa Kageyo, Akagali ka Muhondo, Umudugudu wa Kagwa akurikiranyweho kwicwa nyina umubyara w’imyaka 52, nyuma yo gukina ikiryabarezi.
Intandaro y’ ikibazo ngo ni amafaranga 1500 umugore yari yahaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Urupfu rw’amayobera rw’umusekirite basanze yapfiriye muri resitora ari kumwe…
Mu Kagari ka Nyagatare mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare, haravugwa urupfu rw’umukobwa basanze aryamanye n’umugabo utari uwe bari bararanye bishimisha, bakaza kubasanga umwe yapfuye undi na we amerewe nabi.
Uyu mukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Urazindutse nshuti, ayacu ashize ivuga” Ubutumwa bwa BAMPORIKI umaze igihe afungiwe iwe…
Bamporiki Edouard umaze amezi atari make afungiye iwe, yashyize ubutumwa kuri twitter avuga uburyo yashenguwe umutima n'urupfu rwa Buravan
Nyuma y'uko inkuru ibaye kimomo ko umuhanzi BURAVAN yitabye Imana, abantu batandukanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yataye muri yombi abagabo 4 bakekwaho kwiba mudasobwa z’abanyamahanga bari baje mu nama…
Polisi y’u Rwanda yagaruje mudasobwa ebyiri ziherutse kwibwa abanyamahanga babiri barimo Umunya-Kenya n’Umuhinde ubwo bari bitabiriye inama zabereye muri Kigali Convention Centre na Kigali Marriot Hotel, hafatwa abantu bane bakekwaho!-->…
Inkuru y’akababro: Umuhanzi BURAVAN wakunzwe na benshi yitabye Imana
Umuhanzi Burabyo Yvan uzwi nka Buravan, yitabye Imana azize uburwayi aho yari arwariye mu Buhindi ari na ho yatabarukiye.
Iyi nkuru y’incamugongo yaba ku muryango w’uyu muhanzi, inshuti ze n’abafana be ndetse n’Abanyarwanda muri!-->!-->!-->…
Gicumbi: abayobozi barasaba abakristo kugandukira ababayobora bakareka kujya basengera mu mazi ya…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi burasaba abantu baturuka hirya no hino mu gihugu, bajya gusengera mu mazi yo ku Rusumo, mu Murenge wa Mutete muri ako karere, ko bagomba kubihagarika kugira ngo batazahuriramo n’ingorane zo kuhaburira!-->!-->!-->…
Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryatangiye uyu munsi
Guhera mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16 Kanama 2022, ryatangiyemo Ibarura Rusange rya Gatanu ry’Abaturage n’Imiturire, abaturage bakaba basabwa kumenya amakuru yariranze buri wese mu rugo rwe.
Muri ayo!-->!-->!-->!-->!-->…