Browsing Category
Ubuzima
Inteko ishingamategeko yaraye iteye ishoti umushinga wasabaga ko abangavu bemererwa serivisi zo…
Inteko ishingamategeko y’u Rwanda kuwa mbere yanze umushinga wo kuvugurura itegeko ririho rikemera gukoresha imiti n’uburyo bwo kuboneza urubyaro kuva ku bana b’imyaka 15.
Uyu mushinga wari wagejejwe mu nteko na bamwe mu badepite!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Venant Rutunga wahoze uyobora ISAR yakomeje kwisobanura ku ruhare ashinjwa muri jenoside
Dr Venant Rutunga wahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’ubushakashatsi mu buhinzi cya ISAR yarangije kwisobanura ku byaha 3 aregwa birimo icyaha cya jenoside no kurimbura nk’icyaha cyibasiye inyokomuntu.
Ni ibyaha ubushinjacyaha bumurega!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Perezida yasabye abagore bo muri icyo gihugu kugabanya umuvuduko mu kubyara
Perezida wa Tanzaniya Samiya Suluhu yasabye abagore bo muri icyo gihugu kwihangana bakagabanya umuvuduko bafite mu kubyara kuko mu minsi iri imbere bishobora gutera ikibazo gikomeye ku mibereho y'igihugu
Bitandukanye n'uwo yasimbuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen.Kainerugaba waraye aje mu Rwanda yitabiriye Kigali Car free day ari kumwe na Perezida Kagame
Umuhungu wa Perezida Museveni, General KAINERUGABA Muhoozi waje i Kigali ku munsi w'ejo hashize, yitabiriye igikorwa cya Kigali car free day ari kumwe na perezida Paul Kagame na Jeannette Kagame umufasha wa perezida.
Nyuma y'umunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Valentine uzwi nka “Dorimbogo” yahakanye amakuru yavugaga ko atwite
Vava wameyekanye cyane nka Dorimbogo kubera indirimbo ye, yamaganye amakuru amaze avuga ko uno mukobwa yaba atwite.
Biragoye muri iyi minsi kubona hari umuntu utazi indirimbo "Dore imbogo", ni indirimbo yaririmbwe n'umukobwa witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Amayobera ku ibura rya Ishimwe Nshuti Patrick wafunzwe akekwaho gukorana n’imitwe itavuga rumwe na…
Ababyeyi na bamwe mu banyeshuri biga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri baravuga ko batewe impungenge n’ibura ry’umunyeshuri witwa Patrick, umaze igihe yaraburiwe irengero.
Mu Karere ka Musanze, haravugwa inkuru y’ibura ry’umwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukwezi kurihiritse Nadege Kamikazi ashimuswe n’abari bamwijeje kumubonera kazi.
Umuryango n’inshuti z’umwana w’umukobwa witwa Kamikazi Nadege baravuga ko bamaze ukwezi kose mu gahinda nyuma y’aho abantu batazwi bari bijeje umwana wabo akazi bamujyanye aho batazi, kugeza ubu bakaba bataramenya aho bamujyanye n’icyo!-->…
Hakuzimana Rachid agiye kuburanishwa n’Urukiko ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga
Hakuzimana Abdul Rachid agiye koherezwa kuburanira mu Rugereko rw’Urukiko Rukuru ruranisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka nyuma y’aho urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko rudafite ububasha bwo kumuburanisha.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Yaciye igitsina cy’inshuti ye magara bapfa inzoga!!
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y'umugabo waciye igitsina umugabo wari inshuti ye magara bapfa inzoga.
Umugabo wo mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango aravugwaho guca igitsina mugenzi we bapfa inzoga basangiriraga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nta pfunwe namba, ahubwo iyo mputaza perezida nibyo byari kuba bibi kurushaho” Min.…
Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yavuze uko byamugendekeye ubwo ushinzwe umutekano wa perezida yamukururaga amwigizayo.
Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu mu Rwanda Honorabure JMV Gatabazi yagarutse ku!-->!-->!-->…
Abanyamakuru 3 bashinjwaga ibyaha bikomeye bagizwe abere nyuma y’imyaka hafi 5 bafunze
Abanyamakuru ba IWACU TV bari bamaze imyaka hafi itanu bafunzwe kubera ko bakekwaga ibyaha bikomeye bagizwe abere.
Urukiko rukuru rwagize abere Abanyamakuru batatu bakoreraga shene ya YouTube yitwa Iwacu TV, bashinjwaga ibyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwategetse ko Prince Kid aburanishwa mu muhezo
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyo kuburanishiriza mu muhezo urubanza ruregwamo Ishimwe Dieudonne we wifuzaga kuburanira mu ruhame kugira ngo Abanyarwanda bamenye uko ahabwa ubutabera.
Ishimwe Dieudonne uregwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Bwana Clement ushinzwe ubuzima mu Karere aravugwaho guhondagura umujyanama w’ubuzima
Umuyobozi ushinzwe ubuzima mu Karere ka Nyanza aravugwaho guhondagura umujyanama w'ubuzima wari uje mu gikorwa cyo gutera umuti wo kurwanya imibu itera malariya.
Mu Karere ka Nyanza haravugwa inkuru y'umuyobozi ushinzwe ubuzima mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Ukuri kose kuri Bwana GASASIRA uvuga ko yakubiswe na Etat Civil w’umurenge afatanije…
Ubuyobozi bw'Umurenge wa Buyoga bwahakanye amakuru yavugaga ko umukozi w'Umurenge afatanije na DASSO bakubise umuturage
Nyuma y'aho ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwije amakuru avuga ko kuri uyu wa mbere taliki ya 3 Ukwakira 2022 mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Uruhinja rw’umwaka 1 n’abandi 3 baguye mu mpanuka ya ambulance
Mu Karere ka Rusizi haravugwa impanuka ikomeye yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ihitana abantu bane harimo n'uruhinja rw'umwaka umwe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu Karere ka Rusizi mu murenge wa Nyakabuye imodoka ya!-->!-->!-->!-->!-->…