Browsing Category
Ubuzima
Umukozi wa komisiyo y’amatora muri Kenya yishwe
Polisi ya Kenya yemeje ko umukozi wa Komisiyo y’amatora waherukaga kuburirwa iregero, Daniel Musyoka, yasanzwe mu ishyamba yapfuye.
Inzego zishinzwe umutekano muri Kenya zimaze iminsi zishakisha uyu mukozi, waburiwe irengero ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Inzego z’umutekano ziri guhiga umwalimu wasambanije umwana agahita acika
Inzego z'umutekano mu Karere ka Rutsiro ziri gushakisha umwalimu wasambanije umwana w'umukobwa w'imyaka 13 agahita acika.
Inzego za Leta n'iz'umutekano ziri gushakisha umwalimu wari usanzwe yigisha mu kigo cy'ishuri cya Ecole primaire!-->!-->!-->…
Hateguwe igitambo cya misa yo gusabira Buravan umaze igihe arembeye mu Buhinde
Uyu munsi haraba isengesho ryo gusengera umuhanzi Yvan Buravan umaze iminsi arembye, ryateguwe mu rwego rwo kumusabira ngo akire.
Umuhanzi Yvan Buravan umaze iminsi arwaye, ubu ari kubarizwa mu Buhindi aho yagiye kwivuriza indwara!-->!-->!-->…
Nyuma yo kuvuga ko Depute HABINEZA asinzira akanasura mu nteko, SADATE arasaba ko yanakwirukanwa mu…
Ikibazo cya Sadate MUNYAKAZI na depute Habineza gikomeje gufata indi ntera, noneho Sadate arasaba ko uyu mugabo yakwirukanwa mu ishyaka rye yishingiye.
Bwana MUNYAKAZI Sadate wigeze kuyobora kuyobora ikipe ya Rayon sport, yongeye!-->!-->!-->…
KNC yanenze SADATE kucyo benshi bise urugomo yakoreye Honorable Frank HABINEZA
KNC ntabwo yemeranywa n'igikorwa cya SADATE MUNYAKAZI aherutse gukora kuri Honorable Frank HABINEZA benshi bise igikorwa cy'urugomo
Mu kiganiro Rirarashe Bwana KNC akorera kuri radio na TV one, kuri uno wa mbere taliki ya 15 Kanama!-->!-->!-->…
Teta Sandra yatashye mu Rwanda n’ubwo umugabo we yavugaga ko atabaho batari kumwe
Miss Teta Sandra wari umaze iminsi avugwa ko yahohotewe bikomeye n'umugabo we, kera kabaye yaje mu Rwanda nyuma y'aho bivuzwe ko ababyeyi bagiye kumureba aho yari asanzwe aba mu gihugu cy'Ubugande.
Miss Teta Sandra umugore w'umuhanzi!-->!-->!-->…
Abarenga 400 bamaze gucibwa amande kubera kugendera ku magare bafashe ku ma kamyo
Polisi y'u Rwanda (RNP) yihanangirije abatwara amagare, bafata ku makamyo cyane cyane iyo bageze mu mihanda izamuka ndetse ugasanga rimwe na rimwe bamwe muri bo bahasiga ubuzima.
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Commissioner of Police!-->!-->!-->…
Gitifu uherutse kohereza Umukwikwi mu muhango wo kwibuka ari mu birukanywe ku kazi mu Karere
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwafashwe umwanzuro wo gusezera abakozi 3 barimo ba gitifu b’imirenge 2 harimo n’uwa Rugerero uheruka kohereza umukozi utekera abanyeshuri kumuhagararira mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe!-->…
Amarangamutima ya Perezida Kagame ku isabukuru y’umufasha we Jeannette KAGAME
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije isabukuru nziza y’amavuko Madamu Jeannette Kagame wujuje imyaka 60.
Yagaragaje ukunyurwa n’imyaka irenga 30 bamaze babana aho umuryango n’Igihugu bifuzaga mbere y’aho!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Eliezel wari uherutse kwica ababyeyi be abaciye amajosi, yaraye arashwe arapfa
Umugabo witwa Nzanywayimana Eliezer wo mu karere ka Nyamasheke uheruka kwica se na nyina abakase amajosi yarashwe uyu munsi na Polisi ubwo yashakaga gutoroka ubutabera.
Uyu Nzanywayimana w’imyaka 34,yishe ababyeyi be abahoye ko banze ko!-->!-->!-->…
Isengesho rigufi Israel MBONYI yasabiye Yvan Buravan urembejwe n’umubiri
Mu minsi ya vuba ishize nibwo inkuru yabaye kimomo ivuga ko umuhanzi BURAYO Yvan arembeye muri bimwe mu bitaro byo mu gihugu cya Kenya nyuma y'uko avanywe mu bitaro bya Kaminuza i Kigali bakabura uburwayi.
Nyuma y'uko inkuru isakaye,!-->!-->!-->…
Gicumbi: yakubiswe ikibando mu mutwe arapfa nyuma yo kumufatira mu cyuho asambanya umugore…
Umugabo witwa Ntabanganyimana Valens w’imyaka 26, arakekwaho kwica mugenzi we witwa Uwitonze Jean de Dieu w’imyaka 36, amusanze asambanya umugore we mu ijoro ryacyeye.
Byabereye mu Mudugudu wa Kinyinya, Akagari ka Karambo, Umurenge wa!-->!-->!-->…
Ambassade y’u Rwanda muri Uganda yinjiye mu kibazo cya Teta Sandra bivugwa yahohotewe…
Ambasade y'u Rwanda muri Uganda yatangaje ko imaze kwinjira mu kibazo cya Miss Teta Sandra bivuga ko ahohoterwa n'umugabo we Weasel.
Ambasade y’u Rwanda muri Uganda, yatangaje ko iri gukurikirana ikibazo cya Sandra Teta, umaze iminsi!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa FINE FM bwemeye kwinjira mu kibazo cya Rurangirwa Louis na Regis uregwa gukoresha…
Umunyamakuru Sam Karenzi akaba n'umuyobozi wa Radio FINE yemeye kwinjira mu kibazo cya Regis Muramira ushinjwa gukoresha imvugo zitameze neza mu kiganiro aho bivugwa ko yatutse Bwana Rurangirwa Louis.
Bwana SAM KARENZI umuyobozi!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu 3 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka y’ikamyo yagonze coaster ya…
Abantu batatu baguye mu mpanuka ikomeye ikomeye yabereye i Rubavu ubwo ikamyo bivugwa ko yabuze feri maze igonga coaster itwara abagenzi.
Mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 2 kanama!-->!-->!-->…