Browsing Category
Ubuzima
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 4,592 bazamuwe
Perezida Kagame w'u Rwanda yazamuye mu ntera abapolisi 4,592 (Photo Archive)
Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, yazamuye mu ntera abapolisi 4, 592 bo mu byiciro bitandukanye. Kuzamurwa mu ntera byatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Abana 100 bapfa bavuka buri cyumweru-Minisitiri W’ubuzima
Minisitiri w’Ubuzima muri Zambia, Sylvia Masebo, yatangaje ko amakosa akorwa mu gihe cyo kubyaza yatumye abana barenga 100 bapfa buri cyumweru muri iki gihugu.
Minisitiri Masebo yabitangarije kuri uyu wa kabiri, ku bitaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukecuru w’imyaka 70 wari warabuze urubyaro yibarutse imfura ye
Umukecuru w'imyaka 70 y'amavuko wo mu gihugu cy'Ubuhinde wari warabuze urubyaro kera kabaye yibarutse imfura ye hifashishijwe uburyo bw'ikoranabuhanga.
Umukecuru witwa RABARI JUVUMBEN ufite imyaka 70 y'amavuko ukomoka ahitwa Gurujat!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Imibiri y’abana 4 yakuwe mu buvumo nyuma y’imyaka itatu baburiwe irengero
Imibiri y’abana bane bo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu yasanzwe mu buvumo nyuma y’imyaka isaga itatu baburiwe irengero.
Aba bana babonetse mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere ubwo abasore babiri birukankaga kuri mugenzi wabo!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kurahurira amashanyarazi umujyi wa Goma.
Abanyekongo batuye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaje ko bishimiye umuyoboro w’amashanyarazi aturuka mu Rwanda ajya gucanira abatuye Goma.
Bavuga ko ari ikimenyetso cy’umubano mwiza u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda ruzakomeza kwakira impunzi zituruka muri Libiya kugeza muri 2023.
Guverinoma y’u Rwanda, Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) byabyongereye amasezerano yo kwakira impunzi n’abandi bantu basaba ubuhunzi baturutse muri Libya.
Biteganyijwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu bitaro byavuraga Covid-19 mu Rwanda ubu harimo umurwayi umwe gusa
Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima cyatangaje ko mu bitaro byose byavuraga abarwayi ba Covid-19 mu mujyi wa Kigali kuri ubu hasigayemo umurwayi umwe gusa.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kiratangaza ko mu bitaro byo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda bantu batatu baraye bishwe na Covid-19
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yaraye itangaje kko abantu batatu baraye bahitanywe n'icyorezo cya Covid-19 mu gihe abandi 17 bayanduye.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu batatu bahitanywe na COVID-19 mu Rwanda bituma umubare!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Amashuri n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi bigiye kongera gufungura
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko amashri ndetse n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi byari byarafunze kubera covid-19 bizafungurwa muri Mutarama umwaka wa 2022, asaba abanya-uganda kwitabira ibikorwa byo kwingiza iki!-->!-->!-->…
Miliyari zisaga 60 zigiye gukoreshwa mu kuzahura ubucuruzi bwangijwe na Covid-19
Ubucuruzi bwo mu Rwanda bwazahajwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 bwagenewe inkunga ya miliyoni 55 z’Amayero, asaga miliyari 63.8 z’amafaranga y’u Rwanda, zatanzwe na Banki y’Ishoramari y’u Burayi zikazacungwa na Banki ya Kigali!-->!-->!-->…
bagabo 3 batawe muri yombi bakurikiranyweho gutwika umugore bakoresheje lisansi
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha bwataye muri yombi abantu bagera kuri batatu, bose bakurikiranyweho icyaha cyo gutwikisha lisansi umuntu kugeza ashizemo umwuka.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwatangaje ko rwataye muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Abantu 5 bo mu muryango bafashwe n’indwara imeze nk’ibisazi
Abantu batanu bo mu muryango umwe, bose bo mu Karere ka Ruhango bafashwe n'indwara idasanzwe ku buryo bamwe mu baturanyi bakeka ko yaba ari amarozi.
Mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Ruhango mu Kagali ka Mbuye, hari umuryango!-->!-->!-->!-->!-->…
#COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye baraye babonetse ni 46
Mu mibare yarayee ishyizwe hanze na ministeri y'ubuzima mu Rwanda, igaragaza ko mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Ukwakira 2021 nta muntu waraye uhitanywe na covid-19 mu gihe abaraye banduye icyo cyorezo zri 46 mu!-->!-->!-->…
Hashyizwe hanze amazina n’amafoto y’abahamijwe icyaha cyo gusambanya ku gahato
Abantu basaga 300 ni bo bamaze gutangazwa ku rutonde rw'ubushinjacyaha bukuru ko bahamijwe ibyaha bishingiye ku gitsina nko gusambanya ku gahato.
Abasohowe ku rutonde ni abahamijwe ibyaha n'inkiko ku buryo budasubirwaho ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Intara y’Uburasirazuba niyo iri ku isonga ku byaha byo gusambanya abana
Kuva mu mwaka wa 2018 kugera mu 2021 Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwakiriye ibirego byo gusambanya abana bigera ku 12.840. Ibi birego byazamutseho 55% mu myaka itatu ishize, aho Intara y’Iburasirazuba iza ku isonga mu bwiganze!-->!-->!-->…