Browsing Category
Ubuzima
UKO UTUMIZAMO IKAWA BISHOBORA KUGARAGAZA kO WIKUNDA
Impuguke mu myitwarire y’umuntu yavuze ko ashobora kumenya imiterere yumuntu urebye uko atumije ikawa ariko se yabivuzeho iki cyatuma umuntu abyizera?
Niba ukunda gufata ikawa, birashoboka ko ufite gahunda yo gusubiramo!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umunyeshuri witwa Josiane yaraye arohamye mu Kivu arapfa
Umukobwa witwa Nzayisenga Josiane wigaga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kibuye mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi, yarohamye mu Kiyaga cya Kivu arapfa.
Iyi mpanuka yabaye saa sita z’amanywa kuri uyu wa 23 Werurwe 2022, ubwo uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Abana 2 b’impanga baherutse gushimutwa babasanze mu muhanda bapfuye nyuma y’aho…
Abana b’impanga bashimutiwe mu mujyi wa Goma, ababashimuse bikekwako ari abarwanyi b’umutwe wa FDLR baka ababyeyi babo amafaranga y’umurengera kugirango babarekure bayabuze basangwa ku muhanda bishwe.
Umunyamakuru wa Rwandatribune!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwemeje ko Ndimbati yasambanije umwana utarakwiza imyaka y’ubukure.
Urukiko rwemeje ko Bwana Ndimbati yasambanije umwana w'umukobwa utarakwiza imyaka y'ubukure, rutegeka ko afungwa iminsi 30 by'agateganyo.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Werurwe 2022 nibwo Bwana Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amatara yo ku muhanda ataka akomeje guteza impanuka n’ubujura
Hari abaturage bakomeje kuvuga ko amatara yo ku muhanda ataka akomeje kubateza impanuka ku buryo hari abazipfiramo.
Hari abaturage batuye mu Murenge wa Busasamana, ho mujyi w'Akarere ka Nyanza bakomeje kuvuga ko hari amatara yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abantu 6 bakurikiranyweho urupfu rw’umusore waterewe icyuma mu kabari
Abantu batandatu bo mu Karere ka Nyanza batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Barisanga Donat wiciwe mu kabari.
Barisanga w’imyaka 27 yiciwe mu kabari kari mu mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Impanuka y’indege yagize impanuka 132 bahasiga ubuzima
Indege ya kompanyi yo mu Bushinwa yitwa China Eastern Airlines yari itwaye abagenzi 132 yahanutse igwa mu gace k’imisozi miremire mu ntara ya Guangxi, nk’uko abashinzwe iby’indege babitangaje.
Iyi ndege yari irimo abagenzi 123!-->!-->!-->!-->!-->…
Nzega: Yubikiriye se, aramutemagura akoresheje umuhoro kugeza apfuye.
Umwana w'umusore w'imyaka 25 y'amavuko yubikiriye ise mu masaha y'ikigoroba aramutemagura kugeza ashizemo umwuka.
Umusore witwa Michael Jacobo ufite imyaka 25 y'amavuko utuye mu gihugu cya Tanzaniya ahitwa Tabora mu gace ka Nzega!-->!-->!-->!-->!-->…
Akarere ka NYAMAGABE niko kayoboye mu kugira abagabo benshi badasiramuye
Mu Rwanda Akarere ka Nyamagabe niko Karere kayoboye utundi twose mu kugira umubare munini w'abagabo badasiramuye.
Mu gihe bamwe bafata igikorwa cyo gusiramurwa nk'isuku, ndetse bumwe mu bushakashatsi bwagaragaje ko hari mahirwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umuyobozi muri College Maranatha yakubise umunyeshuli amumena ingoma y’ugutwi
Mu kigo cy'amashuli cya College Maranatha umuyobozi ushinzwe imyitwarire y'abanyeshuri (Animateur) ari mu maboko y'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB nyuma yo gukubita umunyeshuli akamumena ingoma y'amatwi(Tympa).
Mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Udukingirizo n’inzitiramubu byaburiwe irengero mu kitwa uburiganya
Ibihumbi by’udukingirizo, inzitiramibu, n’imiti y’igituntu bifite agaciro k’amadorari ibihumbi 100( arenga 100,000,000Rwf) bivugwa ko byaburiwe irengero mu nzu byari bibitsemo yakoreragamo ikigo cya Kenya gishinzwe gukwirakwiza!-->!-->!-->…
Namibia yakuyeho kwambara agapfukamunwa nk’itegeko
Perezida wa Namibia Hage Gaingob yatangaje ko kwambara agapfukamunwa ahahurira abantu benshi bitazongera kuba itegeko.
Bwana Geingob yanavuze ko abagenzi bakingiwe binjra mu gihugu batazongera gusabwa icyangombwa cy’uko bipimishije!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umusirikare waherukaga gutoroka igisirikare yiyahuje umugozi arapfa
Umwe mu basirikare ba Uganda witwa John Bakambera wari waratorotse igisirikare yiyahuye ‘arapfa’ aguye iwe ahitwa Rushongati, muri Kicumbi, mu Gace kitwa Kamuganguzi.
Amakuru atangwa na ChimpReports avuga ko uriya mugabo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Covid-19 yubuye umutwe, uduce tumwe twashyizwe muri “gumumarugo”
Mu Bushinwa, Covid 19 yongeye kubura umutwe. Umubare w'abandura Covid 19 mu wikubye kabiri kuri uyu wa kabiri mu gihe iki gihugu gikomeje guhangana n'iki cyorezo kimaze imyaka ibiri
Akanama gashinzwe ubuzima mu Bushinwa katangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru MC Hero yasezeranye imbere y’amategeko, Meya amusaba kuzagira urugo rwubakiye ku…
Umunyamakuru akaba n'umushyushyarugamba uzwi cyane ku kazina ka MC HERO yasezeranye imbere y'amategeko n'umufasha we Ruth, meya w'Akarere amusabira umugisha ndetse asaba bombi kuzubakira ku Mana nk'umusingi.
Umunyamakuru akaba!-->!-->!-->!-->!-->…