Browsing Category
Ubuzima
Abantu 11 nibo bahitanywe n’ibiza mu mpera z’icyumweru gishize
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi mu Rwanda yashyize hanze imibare y'abahitanywe n'imvura nyinshi yaguye mu mpera z'icyumweru gishize.
MINEMA (ministeri ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi mu Rwanda yashyize hanze imibare!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu barimu barataka ubukene kubera umushahara w’intica ntikize
Bamwe mu barimu bo mu mashuri abanza barataka ubukene bukabije buterwa n'umushahara bahembwa w'intica ntikize.
Kugeza ubu mu Rwanda iyo ubajije abatari bake icyiciro cy'abantu bahembwa umushahara muto udahuje n'ibihe turimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Mwalimu Kanani yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo by’ishuri
Umwalimu witwa Kanani Vincent benshi bita Papa Cyangwe yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo byo ku kigo asanzwe yigishamo.(Photo: Igihe.com)
Ku wa gatanu w'icyumweru gishize taliki ya 22 Mata 2022, mu Karere ka Karongi urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Taliki ya 23 mata 1994 interahamwe ziyitaga IMBEREBERE ziciye abatutsi benshi muri nyamagana
Taliki nk'iyi ngiyi mu mwaka w'i 1994 nibwo abatutsi benshi bo mu cyahoze ari Nyabisindu i Nyanza ya Butare bishwe bajugunywe mu cyuzi cya Nyamagana kizwi nk'icyuzi cya Dibwe.
Mu Karere ka Nyanza ubu, ahahoze hitwa muri Komini!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umusore w’imyaka 18 yiyahuye nyuma yo gufatwa yibye igitoki
Umusore uri mu kigero cy'imyaka 18 y'amavuko bamusanze ku mugozi mu nzu ye yiyahuye nyuma y'aho afashwe yibye igitoki.
Mu karere ka Kayonza haravugwa inkuru y'umwana w'umusore wari usanzwe yibana mu nzu wenyine ashobora kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Mwayi Kibaki wayoboye Kenya yitabye imana ku myaka
Muzehe Mwai Kibaki wayoboye igihugu cya Kenya imyaka icumi yose yitabye Imana
Perezidansi ya Kenya imaze gutangaza no kwemeza ko uwigeze kuyobora icyo gihugu cya Kenya Bwana Emilio Mwai Kibaki yaryamiye ukuboko kw'abagabo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Polisi yataye muri yombi uwatekaga akanacuruza kanyanga
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Mata, Polisi ikorera mu karere ka Nyanza ifatanije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze yafashe uwitwa Mvuyekure Theogene afite litiro 30 za Kanyanga yari amaze guteka, igishyushye, ndetse afatanwa!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwasabye ubutabera bubereye ku mushinwa wakatiwe igifungo cy’imyaka 20
Ambasade y'Ubishinwa mu Rwanda yasabye ko hakorwa ubutabera buboneye ku muturage wayo wakatiwe n'inkiko igifungo cy'imyaka 20
Nyuma y'aho kuri uyu wa kabiri taliki ya 19 Mata 2022 urukiko rukuru rw'Akarere ka Karongi ruhamije!-->!-->!-->!-->!-->…
“Mudutabare, dusigaje amasaha make gusa tugapfa” Komanda wa Ukraine utabaza
Umu-komanda w'abasirikare ba Ukraine barwanira mu mazi mu mujyi wa Mariupol yohereje ubutumwa bwa video bwo gutabaza kuri uyu wa gatatu mu gitondo avuga ko ingabo ze zisigaje amasaha yo kubaho make gusa.
Muri iyo video yohereje kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Taliki ya 20 Mata 1994, imyaka 28 irashize umwamukazi Gicanda yishwe
Tariki ya 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Rasalie Gicanda yishwe. Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe ku itegeko rya Kapiteni Ildephonse Nizeyimana wari mu kigo cya (ESO) « École des Sous-Officiers”.
Muri Jenoside yakorewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Cya kiraro cyatwaye hafi miliyoni 200 cyasenyutse nyuma y’icyumweru kimwe gusa gitashywe
Ikiraro gihuza Muhanga cyatwaye miliyoni 185 zose mu kucyubaka, cyongeye gutwarwa n'amazi kirasenyuka nyuma y'icyumweru kimwe gusa kimurikiwe abaturage.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 20 Mata 2022, cya kiraro cyari!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda barakangurirwa kugira umuco wo kurya amagi
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mukeshimana Gerardine, ashishikariza Abanyarwanda kugira umuco wo kurya amagi ndetse no kuyagaburira abana kuko akungahaye ku ntungamubiri zafasha guhashya ikibazo cy’imiririre mibi.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Bwana Gasore yakubitiye umugore we ku karubanda amuziza ko atamuhembye.
Hari Abagore bavuga ko bakijujubijwe n’ihohoterwa ry’abagabo bashakanye rishingiye ku mitungo k’uburyo hari n’abakubitwa ku karubanda ku muhanda.
Ni mu masaha y’isaa tanu z’amwanwa izuba riri kuva, Bizimana bakunda kwita Gasore we!-->!-->!-->!-->!-->…
“Aho kujyanwa mu Rwanda, nakwiyahurira hano” impunzi n’abimukira
Bamwe mu bimukira bari mu Bwongereza baravuga ko aho kwemera koherezwa mu Rwanda bapfira muri icyo gihugu cy’i Burayi, ngo mu Rwanda nta bwisanzure buhaba.
Hari abafite ubwoba ko bazoherezwa mu Rwanda ku ngufu nyuma y’aho u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye inyubako y’akataraboneka izacumbikirwamo abimukira n’impunzi bagiye kuva mu…
Nyuma y'aho u Rwanda rwemeye kwakira zimwe mu mpunzi n'abimukira bazaba bavuye mu gihugu cy'Ubwongereza, hagaragajwe inzu y'igorofa abo bantu bazakirirwamo
Impunzi n’abimukira bagiye kuvanwa mu Bwongereza, nibagera mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…