Browsing Category
Ubuzima
Uganda: Polisi yafashe Abarundikazi 29 bari bagiye kugurishwa.
Polisi ya Uganda yatangaje ko yafatiye muri iki gihugu abakobwa 29 b’Abarundi bari bagiye gucuruzwa ndetse ita muri yombi abantu batanu bakekwaho kuba bari bagiye kubacuruza.
Polisi ya Uganda yatangaje ko aba bantu batanu n’ubundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Abaturage baremeye DASSO babaha moto izabafasha mu kazi
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muko mu karere ka Gicumbi barishimira ko bageze ku ntego bari bihaye yo kugurira moto Urwego rwa Dasso bakorana buri munsi izabafasha kurushaho kubacungira umutekano no gutabarira ku gihe aho bibaye!-->!-->!-->…
Abanya Rusizi barenga 60 bari baje mu bukwe bafatiwe i Kigali
Kuri iki cyumweru Polisi yerekanye abantu barenga ijana barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covd-19 harimo n'abanya Rusizi bari baje mu bukwe i Kigali.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 04 Mata, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu barenga 70 bahiyanywe n’umwuzure mu gihugu cya Indoneziya.
Abantu batari munsi ya 71 bapfuye nyuma yuko ku cyumweru imyuzure y'igihe gito ndetse n'inkangu byibasiye Indonesia na East Timor.
Imvura y'umuvumbi yangije byinshi muri ibyo bihugu bituranye byo mu majyepfo ashyira uburasirazuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda bafungirwa muri Uganda basabwa kuyoboka RNC kugira ngo barekurwe.
Umwe mu Banyarwanda bari bafungiye muri Uganda utifuje ko amazina ye atangazwa, avuga ko aho yari afungiye muri CMI i Mbuya basabwaga kuyoboka umutwe wa RNC kugira ngo barekurwe.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Mata!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abagore 115 bayobora amakoperative y’abahinzi bahawe amaterefone agezweho
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, abagore bagera ku 115 basanzwe bayobora amakoperative y'ubuhinzi n'ubworozi bashyikirijwe amaterefoni agezweho.
Mu muhango wabereye ku cicari cy'Akarere ka Nyanza kari mu Murenge wa Busasamana,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gloria: Inzira iganisha mu gukemura amakimbirane hagati y’abantu babiri(2)
Mu gihe ikibazo cy'amakimbirane gikomeje guhangayikisha abatuye isi, hano impunguke yageneye abakunzi ba indorerwamo.com inzira ziganisha mu gukemura amakimbirane hagati y'abantu babiri.
Ikibazo cy'uburyo abantu bakoresha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Soudan y’Epfo yasubitse igikorwa cyo gukingira Covid-19
Sudani y'Amajyepfo yasubitse itangizwa ry’igikorwa cyo gukingira Covid-19, ariko ntiratangazwa impamvu yihariye yateye iri subikwa.
Gahunda yo gukingira yagombaga gutangira ejo ku wa mbere mu murwa mukuru Juba, nk'uko byari!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore isura nshya ya Bwana Barafinda nyuma yo kuvuzwa mu mutwe.(Photos)
Nyuma yo kujyanwa i Ndera akavuzwa indwara zo mu mutwe, BARAFINDA yabaye mushya bigaragarira buri wese.
SEKIKUBO BARAFINDA wamenyekanye mu itangazamakuru cyane ubwo yagaragazaga inyota yo kuyobora igihugu mu mwaka wa 2017, aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ibyishimo bya rubanda nyuma yo kuvanwa mu kato.
Nyuma y'igihe bari bamaze bari mu kato, abaturage b'i Nyanza bari mu byishimo bidasanzwe.
Nyuma y'amezi atari make abaturage bo mu Karere ka Nyanza barashyizwe mu kato mu rwego rwo kwirinda no gukumira ubwandu bwa virusi ya Corona,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amashirakinyoma kuri ba Gitifu 2 bivugwa ko biyirukanye ku kazi.
Nyuma yaho ubuyobozi bw'Akarere bwemeje ko ba Gitifu babiri bihagaritse ku mirimo, hari abavuga ko atari byo ko ahubwo bahatiwe kwegura
Ku munsi w'ejo ku wa mbere nibwo Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwemeje ko bwakiriye amabaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Agahinda ka Senkoro wavukanye uburwayi bw’uruhu.
Senkoro Perpetua ni umugore w'abana 2 wavukanye uburwayi bw'uruhu benshi bakunze kwita Nyamweru, yavuze agahinda n'ipfunwe yaterwaga n'ubwo burwayi.
Senkoro yavuze ko yisanze mu buzima bw'ipfunwe n'ikimwaro, ku buryo kesnhi yajyaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Facebook yafunze urukuta rwa Nicholas Maduro mu gihe cy’iminsi 30
Ubuyobozi bwa Facebook bwatangaje ko bwabaye bufunze urukuta rwa facebook rwa prezida wa Venezuela Bwana Nicholas Maduro nyuma yo gukwirakwiza ibihuha kuri covid-19.
Ubuyobozi bwa facebook bwemeje iby'aya makuru mu rukerera rwo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Didier Ratsiraka wigeze kuyobora Madagascar imyaka 23 yitabye Imana
Didier Ratsiraka wayoboye igihugu cya Madagascar imyaka 23 yose yatabarutse ku myaka 84 y'amavuko.
Amakuru y'urupfu rw'uno mugabo wayoboye igihugu cya Madagascar imyaka 23 muri bihe bibiri bitandukanye yamenyekanye mu gitondo cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gloria: Ubusobanuro bw’amakimbirane mu bantu.
Sobanukirwa n'icyo aricyo amakimbirane nka kimwe mu bibazo bigoye imiryango n'isi muri rusange.
Uramutse uri umuntu ukunda gusoma ibinyamakuru byo mu Rwanda ndetse n'ibyo hanze, biragoye ko wamara icyumweru cyose utarabona inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…