Browsing Category
Umutekano
Hollande: Umunyeshuri wa kaminuza yishe arashe abantu 3 harimo n’uwari umwarimu we
Polisi y'Ubuholandi yataye muri yombi umugabo wishe abantu batatu mu bitero bibiri mu mujyi wa Rotterdam.
Polisi yo mu gihugu cy'Ubuholandi irivuga ko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane wa kane hari umunyeshuri wigaga muri kaminuza ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu kimwaro cyishi, Kazungu yitabye urukiko yemera ibyaha 10 byose aregwa
Kazungu ukekwaho ibyaha bitandukanye birimo kwica abantu bagera kuri 14 akabashyingura aho yari atuye, yitabye urukiko maze yemera ibyaha byose yashinjwaga n'ubushinjacyaha, asaba kuburanishwa mu muhezo.
Amapingu ku maboko,!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. Harelimana wahoze ayobora RCA yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Prof Harelimana Jean Bosco wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (Rwanda Cooperative Agency - RCA), kubera ibyaha akekwaho!-->!-->!-->…
Kicukiro: Bwana Kazungu wicaga abantu akabashyingura mu nzu iwe yatawe muri yombi
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwatangaje ko bwataye muri yombi umugabo witwa Kazungu ukurikiranyweho kwica abantu yarangiza akabashyingura mu nzu iwe.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n'urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB mu ijwi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Putin yemeje urupfu rwa Prigozhin wayoboraga Wagner
Perezida Vladimir Putin yemeje amakuru y’urupfu rwa Yevgeny Prigozhin wari Umuyobozi w’umutwe w’abacanshuro wa Wagner, yihanganisha umuryango we ndetse ashimangira ko inzego zishinzwe iperereza mu Burusiya zatangiye kwiga ku cyateye!-->!-->!-->…
Rubavu: Habonetse ibisasu mu murima w’abaturage
Abaturage batuye mu Kagari ka Makurizo ho mu Mudugudu wa Nyamugari mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, bavumbuye ibisasu byari bihishwe muri ako gace.
Mu gitondo tariki 16 Kanama 2023 umwe mu bahatuye avuga ko yagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Hoteli na resitora zemeye kurinda abakiliya impanuka ziterwa n’ubusinzi
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Kanama, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, ku Kacyiru, habereye inama yahuje Polisi y’u Rwanda n’Ihuriro ry’abatanga serivisi z’amahoteli na resitora yari igamije kubibutsa uruhare rwabo mu kurinda!-->!-->!-->…
Ngoma: Wa mudamu Angelique wari wabuze guhera mu mpera z’icyumweru gishize yasanzwe yapfuye
Umugore wo Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma, wari wabuze ubwo yavaga mu birori by’umubatizo, yabonetse yarapfuye, aho igice kimwe cy’umubiri we cyabonetse mu Kiyaga wa Mugesera, mu igihe ikindi kigishakishwa, bikaba bikekwa ko!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugore yakubise umugabo we majagu amuziza kujya gusura umupfakazi baturanye
Umugore w’imyaka 30 wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murama yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukubita umugabo we isuka yo mu bwoko bwa majagu mu mbavu.
Uyu mugore ngo yazizaga uwo bashakanye gusura undi mugore!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Umugabo yishe urw’agashinyaguro mubyara we kubera ko yanze ko bashyingiranwa
Umugabo witwa Alfan yishe mubyara we urupfu ruteye ubwoba amuziza kuba yaranze ko bashyingiranwa.
Kuri uyu wa gatanu w'icyumweru gishize, umwana w'umukbwa witwa Nargis, ufite imyaka 23 y’amavuko wari utuye mu mujyi wa Delhi yishwe!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi abantu bane bihaye gukinisha abana muri film z’urukozasoni
Urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafashe Twizerimana David ufite chaines/channels za Youtube zitwa Smart Guys TV na Smart Nation TV na bagenzi be batatu bakurikiranyweho gukinisha abana filime z’urukozasoni no!-->!-->!-->…
DRC: Umusirikare arahigishwa uruhindu nyuma yo kurasa abasivili 13 biganjemo abana
Umusirikare wa FARDC ari gushakishwa uruhindu nyuma y'aho arashe abaturage bagera kuri 13 barimo abagore n'abana.
Umusirikare arimo guhigwa mu ntara ya Ituri nyuma y’uko kuwa gatandatu avuye aho yakoreraga yagera iwe akarasa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Akurikiranyweho kurya amafaranga y’ababyeyi ababeshya gushyira abana babo mu mushinga
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Burera, yafashe umusore w’imyaka 24, ukurikiranyweho kwambura ababyeyi amafaranga y’u Rwanda 31,500 na telefoni igezweho, abizeza gushyira abana babo mu mushinga!-->!-->!-->…
Rulindo: Abagabo 2 bagiye kunywa inzoga babuze ubwishyu barabahondagura babagira intere
Ahagana saa kumi z’igicamunsi cyo kuri uyu wa mbere Tariki ya 17 Nyakanga 2023, nibwo abagabo babiri bari bavuye mu murenge wa Nemba, mu karere ka Gakenke, n’uwa Cyungo wo mu Karere ka Rulindo, bagiye mu kabari kitwa Amahumbezi!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umugore uherutse gukubita umugabo we akamukuramo amenyo abiri
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwataye muri yombi umugore uherutse gushyamirana n'umugabo we maze akamukuramo amenyo abiri.
Urwego rw'igihugu RIB rwataye muri yombi umugore uherutse kuri iki cyumweru gushyamirana n'umugabo we!-->!-->!-->!-->!-->…