Browsing Category
Umutekano
Kicukiro: Abagabo 2 bariyemerera ko bishe bateye ibyuma umukecuru wari ubacumbikiye
Abagabo babiri bo mu Karere ka Kicukiro biyemereye ko aribo bishe umukecuru wari ubacumbikiye bakamwica bamuteye ibyuma mu gatuza.
Kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2022 Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwareze mu buryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Somalia: Abagera ku 100 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi.
Abantu 100 barimo umunyamakuru n’umupolisi baburiye ubuzima mu gitero cy’ubwiyahuze cyagabwe mu murwa mukuru Mogadishu muri Somalia, aho imodoka ebyiri zaturikirijwemo ibisasu n’ibyihebe.
Ni igitero cyemejwe na Perezida wa Somalia,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Polisi iri guhiga bukware umugabo uherutse kuvuna umwana we akaboko amuziza kumubuza…
Polisi n'abayobozi bo muri Leta ya Imo muri Nigeria bari gushakisha hasi no hejuru umugabo wavunnye akaboko k’umwana we w’uruhinja rw’amezi abiri, amuziza ko yamubujije amahwemo yogusinzira
BBC dukesha iyi nkuru yavuze ko uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Murenge yatawe muri yombi, arakekwaho kwaka ruswa abaturage
Umuyobozi Ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Murenge wa Mukarange, Akarere ka Kayonza yahagariswe akekwaho kwaka ruswa abaturage by’umwihariko abageze mu zabukuru kugira ngo abashyire ku rutonde rw’abazajya bahabwa amafaranga!-->…
Gatsibo: Yafatiwe mu kiyaga cya Muhazi atwaye magendu
Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine Unit) kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Ukwakira, ryafashe uwitwa Nizigiyimana Francois, ufite imyaka 24 y’amavuko, wari utwaye magendu y’ibiro 18 by’amabuye y’agaciro ya!-->!-->!-->…
Bwana Mulindahabi Diogene wayoboraga IPRC-Kgl amaze gutabwa muri yombi
Bwana Mulindahabi Diogene wayobora IPRC-Kigali amaze gutabwa muri yombi nyuma y'aho bigaragaye ko habaye ubujura bw'ibikoresho muri icyo kigo.
Ingenieur Mulindahabi Diogene wari usanzwe ayobora ishuri rya IPRC-Kigali riherereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Indege ya Rwandair yayobye inzira igarukira mu mirima y’abaturage Imana ikinga akaboko
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukwakira, indege ya Kompanyi itwara abantu mu ndege ya Rwandair yavaga i Kigali yerekeza mu mujyi wa Kamembe yarenze ikibuga maze iruhukira mu myaka y’abaturage ariko Imana ikinga!-->!-->!-->…
Umugabo yinigishije inzitiramubu nyuma yo kumenya ko umugore we amuca inyuma.
Umugabo wo mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Nyarugenge yasanzwe yimanitse mu inzitiramibu bikekwa ko yabitewe n’umugore we wamucaga nyuma.
Amakuru aturuka muri aka gace avuga ko uyu nyakwigendera n’umugore we bari bafitanye abana!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Bwana Methode yafatanywe udufunyika 5,600 yari agiye gukwirakwiza mu baturage.
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafatiye mu karere ka Rusizi umugabo witwa Uhoraningoga Methode w’imyaka 43 y’amavuko, wari ufite udupfunyika tw’urumogi 5,600 yari agiye gukwirakwiza mu baturage.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Imirwano ya FARDC na M23 yongeye kubura no muri iki gitondo
Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yatangiye ku mugoroba wo kuwa kane yasubukuye mu gitondo cyo kuwa gatanu mu karere ka Rutshuru, nk’uko abahatuye babyemeza.
Alain Mirova, umwe mu banyamakuru bigenga!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Abanyeshuri ba ESAPAG bigaragambije nyuma yo guhabwa umuyobozi batishimiye
Hari abanyeshuri bo mu kigo cya ESAPAG mu Ruhango bakoze imyigaragambyo nyuma y'aho ubuyobozi buhinduye uwari dirigiteri akagirwa mwarimu
Bamwe mu banyeshuri bo mu mwaka wa 6 mu kigo cy'ababyeyi b'abadivantisiti ESAPAG, ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yavuga ko uwo mutwe uri kwitegura gutera Goma.
Ubuvugizi bw'umutwe wa M23 bwatangaje ko budafite gahunda yo gutera umujyi wa Goma kuko ibice bafite bibahagije.
Ubuvugiz bw'umutwe wa M23 buranyomoza amakuru amaze iminsi avuga ko uwo mutwe ufite gahunda yo gutera umujyi wa Goma!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umugabo ukekwaho gusambanya mwishywa we yatorokanye amapingu
Umusore w’imyaka 30 wo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Musambira aravugwaho gutorokana amapingu yari yambitswe ndetse agashyirwa ku biro by’umurenge kuko akurikiranyweho gusambanya mwishywa we.
Uyu musore bivugwa ko yatorokanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Claudine w’imyaka 18 gusa yafatanywe amafaranga arenga miliyoni n’igice…
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa Mbere, tariki 17 Ukwakira, yafashe uwitwa Ayishakiye Claudine ufite imyaka 18 y’amavuko, nyuma yo kumusangana amafaranga y’u Rwanda 1,544,000 bicyekwa ko yibye umukoresha we, aho!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umusore w’imyaka 17 arakekwaho kwica umwana akamumanika mu giti
Manishimwe Emmanuel w’imyaka 17, arakekwa kwica Dushimiyimana Diane w’imyaka ine (4) wari nk’umuvandimwe we, akamumanika mu giti.
Ibi byabaye mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Ukwakira 2022,bibera mu!-->!-->!-->!-->!-->…