Browsing Category
Umutekano
DRC: Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yavuga ko uwo mutwe uri kwitegura gutera Goma.
Ubuvugizi bw'umutwe wa M23 bwatangaje ko budafite gahunda yo gutera umujyi wa Goma kuko ibice bafite bibahagije.
Ubuvugiz bw'umutwe wa M23 buranyomoza amakuru amaze iminsi avuga ko uwo mutwe ufite gahunda yo gutera umujyi wa Goma!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umugabo ukekwaho gusambanya mwishywa we yatorokanye amapingu
Umusore w’imyaka 30 wo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Musambira aravugwaho gutorokana amapingu yari yambitswe ndetse agashyirwa ku biro by’umurenge kuko akurikiranyweho gusambanya mwishywa we.
Uyu musore bivugwa ko yatorokanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Claudine w’imyaka 18 gusa yafatanywe amafaranga arenga miliyoni n’igice…
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa Mbere, tariki 17 Ukwakira, yafashe uwitwa Ayishakiye Claudine ufite imyaka 18 y’amavuko, nyuma yo kumusangana amafaranga y’u Rwanda 1,544,000 bicyekwa ko yibye umukoresha we, aho!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umusore w’imyaka 17 arakekwaho kwica umwana akamumanika mu giti
Manishimwe Emmanuel w’imyaka 17, arakekwa kwica Dushimiyimana Diane w’imyaka ine (4) wari nk’umuvandimwe we, akamumanika mu giti.
Ibi byabaye mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Ukwakira 2022,bibera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo yishe umugore we yishakiye amuziza kumuca inyuma
Mu Karere ka Gicumbi haravugwa ikuru y’umugabo w’imyaka 47 wakubise umugore we amuziza kumuca inyuma bikamuviramo urupfu.
Amakuru agera ku kinyamakuru igihe.com avuga ko uyu mugabo yakubise umugore we mu ijoro yo kuri uyu wa 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abaturage babangamiwe n’ubujura bw’abosore babambura utwabo bitwaje…
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana baravuga ko babangamiwe bikabije n'insoresore z'ibigango zitwaje imihoro bibambura utwabo iyo butangiye kwira.
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyanza mu murenge wo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Moto yibwe irimo GPS yafatiwe mu rugo kwa Rusanganwa.
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera yafatiye moto yibwe yo mu bwoko bwa TVS RF 436 H mu rugo rw’uwitwa Frederick Rusanganwa ufite imyaka 38 y’amavuko, mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka!-->!-->!-->…
Bugesera: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana b’abahungu icyenda
Mu karere ka Bugesera, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umusore w’imyaka 33, ukurikiranyweho gusambanya abana b’abahungu icyenda.
Ku wa 1 Ukwakira 2022, nibwo uyu musore yatawe muri yombi, aho bivugwa ko iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umusore arakekwaho kwica umugore baturanye
Umusore wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza arakekwaho kwica umugore baturanye witwa Nyirashikama Immaculee amutemesheje umuhoro.
Byabaye ahagana saa Sita n’igice z’amanywa kuri uyu wa Kane mu Mudugudu wa Bwambika mu Kagari!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubengera: Umugabo yajombye igisongo mu gitsina cy’umugore we amuziza ko yanze ko baryamana.
Mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 58 wajombye igisongo mu gitsina cy’umugore w’imyaka 52 amuziza ko yanze ko baryamana.
Byabereye mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Bubazi mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru wa ISANGO Star yatawe muri yombi nyuma y’aho abuze ubwishyu bw’inzoga…
Umunyamakuru Bujyakera Jean Paul uzwi nka Guterman yatawe muri yombi ashinjwa ibirimo kwaka icyo kunywa mu kabari akananirwa kwishyura ndetse no gukubita uwamwishyuzaga.
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Ku nshuro ya mbere Ukraine n’Uburusiya byaguranye infungwa z’intambara
Ku nshuro ya mbere Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara, ibyo bihugu byombi bayahanahanye imfungwa z'intambara.
Mu ijoro ryakeye, Ukraine n’Uburusiya byahererekanyije imfungwa mu buryo butari bwitezwe kandi bunini cyane kuva iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
NYARUGURU: Hafashwe amabaro atatu y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu buryo bwa Magendu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu karere ka Nyaruguru kuri uyu wa Kabiri, tariki 20 Nzeri, yafashe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa Magendu n’abantu batatu bari bayikuye mu!-->!-->!-->…
Kigali: Indaya yakebesheje urwembe mugenzi wayo bapfa icupa ry’urwagwa rya 500frs
Abagore babiri batunzweno kwicuruza ’ndaya’ bo mu Kagari ka Munanira ya II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, barwanye mu buryo bukomeye umwe akeba itama mugenzi we akoresheje urwembe bapfa ko yamunywereye ku icupa!-->!-->!-->…
Kigali: Bwana MFITUMUKIZA yaraye afatanywe 1,500$ y’amiganano
Polisi y'u Rwanda mu karere ka Nyarugenge yafatanye uwitwa Mfitumukiza Marcel ufite imyaka 55 y’amavuko, amadorali y’Amerika y’amiganano angana n’igihumbi na maganatanu (US $1,500) agizwe n’inoti 20 zirimo 10 z'ijana n’izindi 10 za!-->!-->!-->…