Browsing Category
Umutekano
DRC: Gen.Tshitambwe wari wahawe misiyo yo kurimbura M23 yarasiwe ku rugamba
General Tchiko Tshitambwe wari warahawe misiyo yo kumanuka i Bunagana agatsimbura umutwe wa M23 biravugwa ko yarasiwe ku rugamba.
Taliki ya 20 Kamena 2022 nibwo ibitangazamakuru byo mu murwa mukuru Kinshasa byatangaje ko FARDC ko!-->!-->!-->…
Russia: Uwahoze atwaza Putin agakapo kabamo infunguzo z’ahari ibisasu kirimbuzi yarasiwe iwe
Mu gihe intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine irimbanyije,Umusirikare wahoze atwaza Putin agasanduku gafungurirwamo intwaro kirimbuzi yishwe arasiwe iwe mu rugo ruri i Krasnogorsk hafi n’umurwa Mukuru Moscow.
Inkuru y’urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: 11 bakomerekeye mu mirwano ikomeye y’abanyeshuri ba Mbarara High School
Haravugwa imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa kane mu kigo cy'ishuri cya Mbarara High School, imirwano yashyamiranije abanyeshuri basoza icyiciro cya kane n'abasoza ayisumbuye.
Ishami rya Polisi rishinzwe guhosha imyigaragambyo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
MONUSCO irashinja M23 kongera kuyirasaho ibisasu i Shangi
MONUSCO yongeye gushinja abarwanyi ba M23 kuyishotora irasa mu birindiro byayo biri ahitwa i Shangi muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru.
Ibi birego bya MONUSCO byatangajwe n’umuyobozi wayo, Bintou Keita mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Tchisekedi yasabye Boris Johnson kotsa igitutu Kagame akareka gufasha M23.
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo isaba Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson gukoresha inama itangira i Kigali ku wa mbere y’umuryango wa Commonwealth (CHOGM 2022) nk’uburyo bwo kotsa igitutu Perezida Paul Kagame!-->!-->!-->…
RDF yasobanuye iby’iraswa ry’umusirikare wa FARDC
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo buvuga ku iraswa ry’umusirikare wa DRCongo warasiwe ku mupaka uhuza Ibihugu byombi, buvuga ko yabanje kumisha amasasu mu basivile n’Abapolisi, akaza kuraswa n’umwe mu Bapolisi b’u!-->!-->!-->…
Musanze: Umugore yafatanywe udufunyika 10,160 tw’urumogi
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Mutuzo, Akagari ka Kibuguzo, mu Murenge wa Shingiro, mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa Kane tariki 16 Kamena 2022.
Ni amakuru Polisi yamenye nyuma yo gutungirwa agatoki n’abaturage, yihutira kujya mu rugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare wa FARDC wageragezaga kwinjira mu Rwanda arasa yarashwe arapfa.
Inzego z’umutekano z’u Rwanda zirinda umupaka uhuza iki Gihugu na DRCongo uzwi nka Petite Barrière, zirashe umusirikare wa FARDC winjiye mu Rwanda arasa abari mu Rwanda barimo n’Abapolisi b’u Rwanda, ahita ahasiga ubuzima.
!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yahakanye amakuru yavugaga ko FARDC yisubije umujyi wa Bunagana
Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yari amaze iminsi avuga ko Ingabo z'igihugu cya congo FARDC zigaruriye umujyi wa Bunagana umaze iminsi uri mu maboko ya M23.
Guhera kuri uyu wa kane taliki ya 16 Kamena 2022, amakuru yakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenyatta yemeje ko EAC igiye kohereza ingabo muri Congo
Perezida Uhuru Kenyatta unayoboye Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, yemeje ko Ingabo zihuriweho z’uyu muryango zigomba kohereza mu bice bimwe bya DRC bikomeje kuzahazwa n’imitwe yitwaje intwaro.
Mu ibaruwa yashyize hanze kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye umujyi wa Bunagana
Amakuru aturuka mu mujyi wa Buganagana, aremeza ko uwo mujyi uri mu maboko y'umutwe wa M23 nyuma y'imirwano yatangiye kuri iki cyumweru.
Umutwe wa M23 uremeza ko ubu ugenzura umujyi wose wa Bunagana uri ku mupaka wa DR Congo na!-->!-->!-->!-->!-->…
FARDC irabeshyuza amakru yavugaga ko M23 yafashe umujyi wa Bunagana
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo kirabeshyuza amakuru yavugaga ko umujyi wa Bunagana wagiye mu maboko y'umutwe wa M23.
Mu rukerera rwo kuri iki cyumweru taliki ya 12 imirwano hagati ya M23 na FARDC bivugwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umusirikare yarashe mugenzi we bapfuye umukobwa ukora akazi ko mu rugo
Umusirikare wa UPDF ufite ipeti rya Private yarashe umusirikare mugenzi we bikavugwa ko abo bombi bapfuye umukobwa usanzwe akora akazi ko mu rugo bamwe bakunze kwita "Umuyaya"
Umusirikare wo mu ngabo za Uganda UPDF witwa James Omeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umushumba ukekwaho kwica nyirabuja yatorotse aburirwa irengero
Umukozi waragiraga inka arakekwaho kwica nyirabuja w'umukecuru maze agahunga kuko kugeza ubu yaburiwe irengero.
Mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Nyamiyaga ho mu Kagari ka Bibungo haravugwa inkuru y'urupfu rw'umukecuru w'imyaka 75!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Yahaye umunyenga w’igare umunyerondo arangije araritorokana ntiyagaruka
Umuturage ari mu gahinda kenshi nyuma yo guha umunyenga umwe mu banyerondo b'umwuga maze araritorokana aragenda ntiyagaruka.
Umugabo witwa Mukunzi Martin utuye mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Jabana, akagari ka Kabuye mu!-->!-->!-->!-->!-->…