Browsing Category
Umutekano
Rusizi: Indege ya Rwandair yayobye inzira igarukira mu mirima y’abaturage Imana ikinga akaboko
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukwakira, indege ya Kompanyi itwara abantu mu ndege ya Rwandair yavaga i Kigali yerekeza mu mujyi wa Kamembe yarenze ikibuga maze iruhukira mu myaka y’abaturage ariko Imana ikinga!-->!-->!-->…
Umugabo yinigishije inzitiramubu nyuma yo kumenya ko umugore we amuca inyuma.
Umugabo wo mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Nyarugenge yasanzwe yimanitse mu inzitiramibu bikekwa ko yabitewe n’umugore we wamucaga nyuma.
Amakuru aturuka muri aka gace avuga ko uyu nyakwigendera n’umugore we bari bafitanye abana!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Bwana Methode yafatanywe udufunyika 5,600 yari agiye gukwirakwiza mu baturage.
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafatiye mu karere ka Rusizi umugabo witwa Uhoraningoga Methode w’imyaka 43 y’amavuko, wari ufite udupfunyika tw’urumogi 5,600 yari agiye gukwirakwiza mu baturage.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Imirwano ya FARDC na M23 yongeye kubura no muri iki gitondo
Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yatangiye ku mugoroba wo kuwa kane yasubukuye mu gitondo cyo kuwa gatanu mu karere ka Rutshuru, nk’uko abahatuye babyemeza.
Alain Mirova, umwe mu banyamakuru bigenga!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Abanyeshuri ba ESAPAG bigaragambije nyuma yo guhabwa umuyobozi batishimiye
Hari abanyeshuri bo mu kigo cya ESAPAG mu Ruhango bakoze imyigaragambyo nyuma y'aho ubuyobozi buhinduye uwari dirigiteri akagirwa mwarimu
Bamwe mu banyeshuri bo mu mwaka wa 6 mu kigo cy'ababyeyi b'abadivantisiti ESAPAG, ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yavuga ko uwo mutwe uri kwitegura gutera Goma.
Ubuvugizi bw'umutwe wa M23 bwatangaje ko budafite gahunda yo gutera umujyi wa Goma kuko ibice bafite bibahagije.
Ubuvugiz bw'umutwe wa M23 buranyomoza amakuru amaze iminsi avuga ko uwo mutwe ufite gahunda yo gutera umujyi wa Goma!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umugabo ukekwaho gusambanya mwishywa we yatorokanye amapingu
Umusore w’imyaka 30 wo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Musambira aravugwaho gutorokana amapingu yari yambitswe ndetse agashyirwa ku biro by’umurenge kuko akurikiranyweho gusambanya mwishywa we.
Uyu musore bivugwa ko yatorokanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Claudine w’imyaka 18 gusa yafatanywe amafaranga arenga miliyoni n’igice…
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa Mbere, tariki 17 Ukwakira, yafashe uwitwa Ayishakiye Claudine ufite imyaka 18 y’amavuko, nyuma yo kumusangana amafaranga y’u Rwanda 1,544,000 bicyekwa ko yibye umukoresha we, aho!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umusore w’imyaka 17 arakekwaho kwica umwana akamumanika mu giti
Manishimwe Emmanuel w’imyaka 17, arakekwa kwica Dushimiyimana Diane w’imyaka ine (4) wari nk’umuvandimwe we, akamumanika mu giti.
Ibi byabaye mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Ukwakira 2022,bibera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo yishe umugore we yishakiye amuziza kumuca inyuma
Mu Karere ka Gicumbi haravugwa ikuru y’umugabo w’imyaka 47 wakubise umugore we amuziza kumuca inyuma bikamuviramo urupfu.
Amakuru agera ku kinyamakuru igihe.com avuga ko uyu mugabo yakubise umugore we mu ijoro yo kuri uyu wa 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abaturage babangamiwe n’ubujura bw’abosore babambura utwabo bitwaje…
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana baravuga ko babangamiwe bikabije n'insoresore z'ibigango zitwaje imihoro bibambura utwabo iyo butangiye kwira.
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyanza mu murenge wo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Moto yibwe irimo GPS yafatiwe mu rugo kwa Rusanganwa.
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera yafatiye moto yibwe yo mu bwoko bwa TVS RF 436 H mu rugo rw’uwitwa Frederick Rusanganwa ufite imyaka 38 y’amavuko, mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka!-->!-->!-->…
Bugesera: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana b’abahungu icyenda
Mu karere ka Bugesera, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umusore w’imyaka 33, ukurikiranyweho gusambanya abana b’abahungu icyenda.
Ku wa 1 Ukwakira 2022, nibwo uyu musore yatawe muri yombi, aho bivugwa ko iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umusore arakekwaho kwica umugore baturanye
Umusore wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza arakekwaho kwica umugore baturanye witwa Nyirashikama Immaculee amutemesheje umuhoro.
Byabaye ahagana saa Sita n’igice z’amanywa kuri uyu wa Kane mu Mudugudu wa Bwambika mu Kagari!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubengera: Umugabo yajombye igisongo mu gitsina cy’umugore we amuziza ko yanze ko baryamana.
Mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 58 wajombye igisongo mu gitsina cy’umugore w’imyaka 52 amuziza ko yanze ko baryamana.
Byabereye mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Bubazi mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…