Browsing Category
Umutekano
Kuri uyu wa kane urukiko ruratangira kuburanisha Mme Indamange
Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda rwatangaje ko Idamange Iryamugwiza Yvonne azitaba Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ruherereye mu Karere ka Gasabo, ku wa Kane tariki ya 4 Werurwe 2021 atangire kwiregura ku byaha bitandatu ashinjwa.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Uwitwa Daniel na Ndayiragije bafatanywe magendu bari bakuye muri RDC.
Ku wa Gatanu tariki ya 26 Gashyantare ahagana saa munani z’amanywa nibwo abapolisi bakorera mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana bafashe uwitwa Ukwigize Daniel w’imayaka 44 na Ndayiragije Milliam w’imyaka 28.
Bafatanywe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi:Umwarimu afunzwe azira gusambanya abanyeshuri
Akarere ka Kamonyi Umwarimu witwa Ntivuguruzwa Deogratias w’Imyaka 39 y’amavuko afungiye kuri station ya RIB ya Mugina, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana yigishaga.
Ntivuguruzwa wigishaga kuri Groupe Scolaire Ruyumba, yafunzwe!-->!-->!-->…
Kayonza: RIB yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho kwica ise bamuziza amasambu.
Abasore batatu bo mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza batawe muri yombi bashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB nyuma yo gukekwaho kwica se ubabyara bamuziza ko yanze kugurisha isambu ngo abahe amafaranga.
Batawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Polisi yafashe inamena litiro 840 y’inzoga yitwa Nyirantare.
Polisi y'u Rwanda ikorerera mu Karere ka Gisagara yafashe inamena litiro 840 y'inzoga itemewe izwi nka Nyirantare.
Ku wa Gatandatu tariki ya 13 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara ku bufatanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umwana w’imyaka 16 yahamijwe icyaha cyo kwica abagore babiri nyuma yo kubasambanya.
Umwana w'umusore w'imyaka 16 y'amavuko yakatiwe igifungo k'imyaka 15 nyuma yo guhamnywa icyaha cyo kwica abagore babiri nyuma yo kubasambanya ku gahato.
Ku wa 10 Gashyantare 2021 Urukiko rwisumbuye rwa Rusizi rwaciye urubanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Robert w’imyaka 34 akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa warererwaga…
Maniriho Jean Pierre w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Rubavu, Akagari ka Gikombe, Umudugudu wa Rebero yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa warererwaga mu rugo rwabo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abantu18 batawe muri yombi bakekwaho kwigomeka ku bashinzwe umutekano basanzwe mu kabari
Mu mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu murenge wa Cyuve akarere ka Musanze
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gashyantare 2021, abantu 18 batawe muri yombi bakekwaho kuba ba nyirabayazana b’abigometse ku nzego!-->!-->!-->…
Padiri Habimfura wakekwagaho gusambanya umuhungu yafatiwe ku rusumo ashaka guhunga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umupadiri wo muri Paruwasi ya Ntarabana, muri Diyosezi Gatolika ya Kabgayi akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17. Yafatiwe ku Rusumo atorotse.
Uyu mupadiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: RIB yataye muri yombi umukozi w’ibitaro ukekwaho gusambanya ku gahato umwangavu.
Abagabo babiri basanzwe bakora ku bitaro by'Akarere ka Nyanza bari mu maboko y'ubugezacyaha nyuma y'aho bafashwe bakekwaho gusambanya umwana w'umwangavu.
Amakuru aturuka mu karere ka Nyanza aravuga ifatwa ry'umusore umwe wari!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi uwitwa SEMAJELI wari ushinzwe imishahara y’abarimu kubera ubuhemu.
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Bwana SEMAJELI wari umukozi w'Akarere ushinzwe imishahara y'abarimu.
Amakuru y'itabwa muri yombi ya Bwana Semajeli Pierre Celestin hamwe n'abandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Amarira n’agahinda by’umuturage wasenyewe inzu ye nziza kubera ko yanze gutanga…
Ubuyobazi bw’Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali bwakuyeho urujijo ku makuru amaze iminsi atangajwe, y’umuturage Twagiramungu Jean Baptiste utuye mu Murenge wa Kigarama, wasenyewe inzu yari amazemo amezi atandatu.
Twagiramungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Bwana Ibrahim w’imyaka 36 yafatanywe amafranga y’amahimbano agera ku bihumbi…
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Ntara y'Uburasirazuba mu Karere ka Nyagatare yataye muri yombi umugabo witwa Ibrahim MUGISHA nyuma yo kumufatana amafranga y'amahimbano.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Bwana Wilson yishe umugore we wamubuzaga kugurisha ibigori by’umuryango.
Umugabo witwa Wilson Koech yiyiciye umugore we nyuma y'uko amubujije kugurisha ibigori bari bahinze.
Umugabo witwa Wilson Koech wo mu gihugu cya Kenya, amakuru dukesha ibitangazamakuru byo muri icyo gihugu avuga kko ibi byabaye kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Yibye moto afatwa arimo kuyishakira umukiriya
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara ku wa Mbere tatiki ya 8 Gashyantare 2021 yafashe moto ifite ibirango RE882Y yari yibwe uwitwa Mugenzi Mayisha ufite imyaka 21 wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu n’ibintu!-->!-->!-->…