Browsing Category
Umutekano
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye Wa Man. Utd yahagaritswe ku kazi nyuma yo gukubita umugore we
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Pays de Galles, Ryan Giggs, ntazatoza imikino itatu izaba mu Ugushyingo uyu mwaka nyuma y’uko akurikiranyweho gukubita umugore we.
Ku wa Mbere, Polisi yo muri Greater Manchester yatangaje ko umugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakozi ba BK 3 bakurikiranyweho kunyereza miliyoni 500Frw bahakanye ibyaha
Ubwo baburanaga hifashishijwe ikoranabuhanga, abakozi bagera kuri batatu bahoze bakorera banki ya Kigali ishami rya Kimironko bakurikiranyweho kunyereza akayabo ka miliyoni 500 bahakanye ibyaha baregwaga byose.
Ni abantu 12 barimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagabo 3 bakekwaho kwica madame Virijiniya batawe muri yombi.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafashe Ngenzi Damascene, Mutabaruka Vedaste na Niyitegeka Janvier bakurikiranyweho icyaha cyo kwica.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rumaze gutangaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Moise w’imyaka 20 yafatanywe amasashe 6,000 na “Sukariguru” akura i Burundi.
Ku wa Gatandatu tariki ya 31 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Ndora mu Kagari ka Gisagara yafashe Hategekimana Moïse w’imyaka 20 afite amasashe ibihumbi 6,000 n’udupfunyika 1,000 tw’isukari!-->!-->!-->…
Rutsiro: Umugabo yishe umugore we amukekaho kumuca inyuma
Umugabo wo mu Karere ka Rutsiro arimo gushakishwa n’inzego z’ibanze n’iz’umutekano akekwaho kwica umugore we bashakanye agahita atoroka.
Uyu mugabo utuye mu Mudugudu wa Rwankuba, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Nyabirasi ho mu Karere!-->!-->!-->!-->!-->…
Canada: Babiri bishwe batewe ibyuma mu mugi rwagati, abarenga batanu barakomereka.
Abantu batari munsi ya babiri bishwe batewe icyuma, abandi batanu barakomereka mu mujyi wa Québec muri Canada.
Ni igikorwa cyabaye mu ijoro ryakeye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31 Ukwakira. Polisi yo mu mugi wa Quebec yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Bwana MUGISHA yafatiwe muri bisi afite udupfunyika 2200 tw’urumogi
Mu mpera z’iki cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda yafashe Mugisha Olivier w’imyaka 25 afite udupfunyika 2,200 tw’urumogi ari mu modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yari avuye mu Karere ka Rubavu agiye mu!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umugabo yagiye kwiba itaka mu kirombe kiramugwira arapfa.
Umugabo witwa Fatisuka Jean Pierre wari utuye mu Mudugudu wa Mutusa mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke,yagiye gucukura itaka aryibye kuko bitemewe maze agira ibyago ikirombe kiramugwira kiramutaba!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yataye muri yombi abasore babiri bacuruzaga bakanakoresha ikiyobyabwenge cya Heroine
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira ni bwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagari ka Cyarwa yafashe Nshimiyimana Olivier bakunze kwita Major w’imyaka 22 na Sadamu abdoul w’imyaka!-->!-->!-->…
Col. Rugema wayoboraga RUD-Urunana yishwe n’abasirikare bagenzi be.
Col Rugema Emmanuel wari mu buyobozi bw’umutwe wa RUD Urunana, biravugwa ko yishwe nyuma y’iminsi mike uyu mutwe uvugwamo uruntu runtu.
Amakuru yizewe agera kuri Igihe.com natwe dukesha iyi nkuru aremeza ko kuri uyu wa Gatatu tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya yemeje ko iterwa n’abarwanyi baturutse muri Mozambique bakica abaturage
Polisi ya Tanzaniya yemeje ko hari abarwanyi 300 bavuye muri Mozambique bateye imihana yo mu majyepfo ya Tanzania bakica abaturage.
Yatangaje bwa mbere ku mugaragaro ko abantu bitwaje intwaro baturutse muri Mozambique batera iki!-->!-->!-->…
Rusizi: Umugabo ukekwaho gutega abantu akabambura yafashwe amaze kwaka umugore ibihumbi 225 Frw
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 35, ukekwaho kwambura umugore w’imyaka 53 amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 225,000.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Bonaventure!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Umupolisi yarashe akaguru umuturage washakaga gucikana ibiyobyabwenge
Ubuyobozi bwa Polisi mu Ntara y’Uburengerazuba butangaza ko umuturage yarashwe nyuma yo gufatanwa urumogi udupfunyika 400 yari avanye muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo.
Uwo muturage yarashwe mu gihe polisi yari itereje imodoka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kurushaho kubahiriza amategeko y’umuhanda ubwo amashuri azaba…
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda CP Kabera, yasabye abatwara ibinyabiziga kubahiriza inzira z’abanyamaguru no kubahiriza amategeko mu rwego rwo kwirinda kuba bagira abo bahutaza, by’umwihariko muri ibi bihe amashuri agiye kongera!-->!-->!-->…
Nigeria: Abanyururu bagera kuri 200 bacitse gereza nyuma y’igitero cyakozwe n’abantu…
Imfungwa zigera kuri 200 zacitse gereza nyuma y'uko abantu bitwaje imbunda binjiye muri gereza mu mujyi wa Benin City mu majyepfo ya Nigeria bakabacikisha.
Abantu bitwaje ibirwanisho bicira umuriro bateye gereza yo mu mugi witwa!-->!-->!-->!-->!-->…