Browsing Category
Uncategorized
Musanze: Abanyeshuri 32 bo mu bihugu 5 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi.
Kuri uyu wa Gatanu, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri mu karere ka Musanze, Abanyeshuri 32 baturutse mu bihugu 5 byo muri Afurika aribyo Kenya, Namibia, Somalia, Sudan y’Epfo n'u Rwanda basoje amasomo yo ku rwego rwo hejuru!-->!-->!-->…
Leta yanyomoje amakuru amaze igihe avuga ko Gosiame Sithole yabyaye impanga 10 icyarimwe
Leta ya Afrika y'Epfo yashyize hanze itangazo ryamagana amakuru yari amaze iminsi avugwa n'ibitangazamakuru ko uwitwa Gosiane Sithole wo muri icyo gihugu yabyaye impanga 10 icya rimwe
Mu byumweru hafi bibiri bishize, nibwo inkuru ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Abantu batari bake baguye mu gitero cy’indege Leta yagabye mu isoko i Tigray.
Amakuru avuga ko abantu babarirwa muri za mirongo bishwe cyangwa bagakomereka, nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kirwanira mu kirere kimishe ibisasu ku isoko ryo mu karere ka Tigray kari mu majyaruguru y'igihugu.
Ababibonye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Ethiopia Derseh niwe wegukanye Full Marathon, Abanyarwanda begukana Half Marathon
Mu gitondo cyo kuri yu munsi nibwo i Kigali mu Rwanda hatangizwaga amarushanwa yo gusiganwa ku maguru yitwa Kigali Internation Peace marathon, harimo ibyiciro bya Half and Full Marathon. Mu Irushanwa rya Half Marathon ibihembo!-->!-->!-->…
Ngwabije Bryan yageze mu Rwanda aje gukinira Amavubi mu mikino yagishuti.
Umukinnyi Ngwabije Bryan ukinira SC Lyon mu Bufaransa yageze mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.
Ngwabije wavutse 30/05/1998 nawe aje kwifatanya na bagenzi be mu mikino ibiri Amavubi azakina na!-->!-->!-->…
DRC:Leta yivuguruje ivuga ko amakuru yari yatanze y’iruka ry’ikindi kirunga atariyo
Leta ya Repubulika iharanira Demokrasi ya Congo yavuguruje amakuru yari yatanzwe n'impuguke zayo, amakuru yavugaga ko ikirunga cya Nyamulagira nacyo cyarutse.
Ahagana mu masaha y'igitondo nibwo Leta ya Repubulika Iharanira Demokrasi!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mbarushimana wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa MBARUSHIMANA xxx mwene BAREBERAHO na BAVUKIYEHE akaba atuye mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, mu Kagali ka Gihira, ho mu Ntara y'uburengerazuba yanditse asaba ko yahindurirwa amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->!-->!-->…
Gisagara:RSSB ya koze impinduka mu kuvugurura serivice
Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, Rwanda Social Security Board (RSSB) cyatangije umwaka mushya w’ubwisungane mu kwivuza wa 2021/22, kigaragaza amavugurura cyakoze agamije guha umuturage serivise nziza z’ubuzima.
Gutangiza uwo mwaka!-->!-->!-->…
Bechir Ben Yahmed yashinze Jeune Afrique yaraye ahitanywe na Covid-19
Béchir Ben Yahmed washinze ikinyamakuru “Jeune Afrique” cyamamaye cyane ku isi, yitabye Imana uyu munsi ku wa 3 Gicurasi 2021, afite imyaka 93 azize COVID-19.
Ni nyuma y’igihe kitari gito yari amaze arwariye mu bitaro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
Filippo Grandi yinjiranye i Burundi n’impunzi zivuye mu Rwanda
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi ku Isi (UNHCR) Filippo Grandi, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mata 2021, yakomereje uruzinduko rwe i Burundi aho yambutse umupaka w’u Rwanda n’u Burundi ari kumwe!-->!-->!-->…
Ubwandu bwa Covid-19 muri AS Muhanga butumye umukino usubikwa.
Umukino wa gishuti wagombaga guhuza Ikipe ya AS Muhanga na Sunrise FC ntiwabaye kubera ikibazo cy'icyorezo cya COVID-19 basanze muri bamwe mu bakinnyi ba AS MUHANGA.
Mbere y'uko championnat itangira, amwe mu makipe yo mu kiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Alyn Sano ntiyabashije kurenga ikiciro kibanziriza icya nyuma muri “The Voice Afrique”
Umunyarwandakazi Alyn SANO wari witabiriye irushanwa rya "The voice Afrique" ntiyabashije gukomeza mu kiciro cya nyuma
Umunyarwandakazi rukumbi wariusigaye mu marushanwa ya THE VOICE AFRIQUE akomeje kubera mu mu mujyi wa Abdjan mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Gatete arasaba abaturage kubungabunga ibikorwaremezo bahawe n’Umukuru…
Minisiteri y'Ibikorwa Remezo irishimira aho imirimo y'isanwa y’ibiraro bya Giciye, Rubagabaga na Satinsyi mu turere twa Nyabihu na Ngororero igeze, ariko igasaba kubibungabunga cyane ko ari ipfundo ry’iterambere ry'ubuhahirane bwa!-->!-->!-->…
Gicumbi: Gitifu w’Umurenge wa Rukomo yatawe muri yombi kubera kunyereza umutungo.
Umukozi ushinzwe uburezi ndetse n'abandi babiri batawe muri yombi n'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi!-->!-->!-->!-->!-->…
Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19
Kuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya million 30 z’amadolari ya Amerika, ni hafi miliyari 29 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha muri gahunda zo kurwanya icyorezo cya COVID 19!-->!-->!-->…