Browsing Category
Uncategorized
Gisagara:RSSB ya koze impinduka mu kuvugurura serivice
Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, Rwanda Social Security Board (RSSB) cyatangije umwaka mushya w’ubwisungane mu kwivuza wa 2021/22, kigaragaza amavugurura cyakoze agamije guha umuturage serivise nziza z’ubuzima.
Gutangiza uwo mwaka!-->!-->!-->…
Bechir Ben Yahmed yashinze Jeune Afrique yaraye ahitanywe na Covid-19
Béchir Ben Yahmed washinze ikinyamakuru “Jeune Afrique” cyamamaye cyane ku isi, yitabye Imana uyu munsi ku wa 3 Gicurasi 2021, afite imyaka 93 azize COVID-19.
Ni nyuma y’igihe kitari gito yari amaze arwariye mu bitaro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
Filippo Grandi yinjiranye i Burundi n’impunzi zivuye mu Rwanda
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi ku Isi (UNHCR) Filippo Grandi, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mata 2021, yakomereje uruzinduko rwe i Burundi aho yambutse umupaka w’u Rwanda n’u Burundi ari kumwe!-->!-->!-->…
Ubwandu bwa Covid-19 muri AS Muhanga butumye umukino usubikwa.
Umukino wa gishuti wagombaga guhuza Ikipe ya AS Muhanga na Sunrise FC ntiwabaye kubera ikibazo cy'icyorezo cya COVID-19 basanze muri bamwe mu bakinnyi ba AS MUHANGA.
Mbere y'uko championnat itangira, amwe mu makipe yo mu kiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Alyn Sano ntiyabashije kurenga ikiciro kibanziriza icya nyuma muri “The Voice Afrique”
Umunyarwandakazi Alyn SANO wari witabiriye irushanwa rya "The voice Afrique" ntiyabashije gukomeza mu kiciro cya nyuma
Umunyarwandakazi rukumbi wariusigaye mu marushanwa ya THE VOICE AFRIQUE akomeje kubera mu mu mujyi wa Abdjan mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Gatete arasaba abaturage kubungabunga ibikorwaremezo bahawe n’Umukuru…
Minisiteri y'Ibikorwa Remezo irishimira aho imirimo y'isanwa y’ibiraro bya Giciye, Rubagabaga na Satinsyi mu turere twa Nyabihu na Ngororero igeze, ariko igasaba kubibungabunga cyane ko ari ipfundo ry’iterambere ry'ubuhahirane bwa!-->!-->!-->…
Gicumbi: Gitifu w’Umurenge wa Rukomo yatawe muri yombi kubera kunyereza umutungo.
Umukozi ushinzwe uburezi ndetse n'abandi babiri batawe muri yombi n'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi!-->!-->!-->!-->!-->…
Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19
Kuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya million 30 z’amadolari ya Amerika, ni hafi miliyari 29 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha muri gahunda zo kurwanya icyorezo cya COVID 19!-->!-->!-->…
Mahamat Idriss Déby Itno wasimbuye ise ku buyobozi bwa Tchad ni muntu ki?
Nyuma y'amasaha make gusa igihugu gitangaje ko Idris Deby yitabye Imana, Leta ya Tchad yemeje ko igihugu kigiye kuyoborwa n'umuhungu we.
Nubwo abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Tchad bateye utwatsi umwanzuro wa Gisirikare wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yibukije ko buri muntu afite uburenganzira bwo gutunga perimi
Polisi y'u Rwanda yibukije ko gutunga perimi ari uburenganzira bwa buri Munyarwanda ko bityo bakwiye kwirinda kunyura mu nzira z'ubusamo
Polisi y'u Rwanda irakangurira abaturarwanda kwirinda inzira z'ubusamo bashaka impushya zo!-->!-->!-->!-->!-->…
Dubai: Leta yataye muri yombi abagore 12 bari bifotoje bambaye ubusa
Ubuyobozi bwa Leta ya Dubai bwataye muri yombi itsinda ry'abagore 12 bashyize hanze amafoto yabo bambaye ubusa.
Amashusho yatangajwe ku mbuga za internet ku wa gatandatu agaragaza itsinda ry’abagore bambaye ubusa barimo kwifotoreza!-->!-->!-->!-->!-->…
Clarisse Karasira yanenze igikorwa polisi yakoreye abageni cyo kubaraza muri stade.
Clarisse KARASIRA umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda yanenze igikorwa polisi y'u Rwanda iherutse gukorera abageni ibaraza kuri stade kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19.
Mu mpera z'iki cyumweru turangije nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuzima bwinjwangwe buratangaje cyane isinzira amasaha 20!
Injangwe , Ipusi Nyirahuku ,cyangwa Inturo Iyo yibera mu ishyamba sobanukirwa bumwe mu buzima aho imara amasaha agera kuri 20 isinziriye
gusinzira ku ipusi biherekezwa no guhirita
Injangwe ni imwe mu nyamaswa!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Loni yambitse imidali y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa…
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe abapolisi b’u Rwanda bagera ku 139 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Central Africa(MINUSCA) bambitswe imidali yo kubashimira!-->!-->!-->…
Gisagara: Abagera kuri 94.5% bamaze gutanga mitiweri, AbanyaKigali baza ku mwanya wa nyuma
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, cyatangaje mu gutanga ubwisungane mu kwivuza bwa 2020/2021, Akarere ka Gisagara kari imbere aho kageze ku kigero cya 94.5%.
Akarere ka Gisagara kaje ku mwanya wa mbere kuko kamaze!-->!-->!-->!-->!-->…