Browsing Category
Uncategorized
Rubavu: Umugore yarashwe arapfa ubwo yageragezaga kwinjira mu Rwanda avuye muri Congo anyuze panya
Umugore utamenyekanye inkomoko ye yarashwe n’Ingabo z’u Rwanda nyuma yo kumukemo umwanzi ubwo yinjiraga mu gihugu anyuze mu kibaya gihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kandi ari inzira itemewe.
Ikinyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abazunguzayi bariye karungu nyuma y’uko ubuyobozi butwaye inanasi z’umwe muri bo
Abazunguzayi bakorera mu mugi wa Gisenyi ho mu Karere ka Rubavu, bariye karungu nyuma y'uko umwe muri bo ubuyobozi bumwatse inanasi yacuruzaga bukazishyira mu mashini bavuga ko isya imyanda.
Bigitangira ku wa Gatandatu tariki ya 24!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umugabo yasanzwe yimanitse mu mugozi yapfuye
Mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa 24 /10/ 2020 ,mu murenge wa Ntarabana, mu Kagali ka Kiyanza, umudugudu wa Nyarurama ,umugabo w’imyaka 29 y’amavuko yasanzwe mu mugozi yapfuye yapfuye.
Urupfu rw’uyu mugabo witwa Ntibarikure Cyprien!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri babiri ba Kaminuza bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba banki
Abanyeshuri babiri bo muri Kaminuza ya Jomo Kenyatta bakurikiranyweho icyaha cyo kwinjira mu ikoranabuhanga rya NCBA Bank bakiba ibihumbi 220$ (asaga miliyoni 215 Frw).
Antony Mwangi Ngige w’imyaka 23 na Ann Wambui Nyoike w’imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umugabo bamufashe ari gucukura imva ngo atware imbaho
Mu kagari ka Bununga mu murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi abaturage baguye mugenzi wabo gitumo ari gutaburura imva. Umuntu wari uri muri iyo mva yapfuye taliki 20 Ukwakira, 2020 ashyingurwa taliki 25 Ukwakira 2020.
Uwo mugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Paul Pogba yavuze ko agiye kujyana mu nkiko abantu bamuhimbiye ibinyoma
Paul Pogba, umukinnyi wo hagati wa Manchester United n'ikipe y'igihugu y'Ubufaransa, yavuze ko agiye kurega mu nkiko kubera amakuru y'ibinyoma uko yakabaye yose avuga ko agiye kureka gukinira Ubufaransa.
Byatangajwe ko Pogba!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Alpha Condé yatsindiye manda ya gatatu, atsinze Diallo bari bahanganye mu matora
Muri Guinea, Akanama gashinzwe gutegura amatora kavuze ko perezida Alpha Condé w'imyaka 82 yatsinze amatora, aho yabonye amajwi angana na 59.5%, mu gihe uwo bari bahangaye Cellou Dalein Diallo w'imyaka 68 yabonye amajwi angana na!-->!-->!-->…
OMS irasaba ubufatanye mpuzamahanga ku gusaranganya ukingo rwa COVI-19
Umuyobozi w’ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita Ku buzima(OMS/WHO) Tedros Adhanom Ghebreyesus, ejo ku cyumweru yasabye ko haba ubufatanye ku rwego mpuzamahanga igihe urukingo rwa Covid-19 ruzaba rubonetse, akaba avuze ibi mu gihe!-->!-->!-->…
Real Madrid itsinze Barcelona ibitego 3-1, Koeman atakaza El Clásico ya mbere nk’umutoza
Mu mukino wa El Clásico ikipe ya Fc Barcelone yari yakiriyemo Real Madrid kuri uyu wa gatandatu taliki 24 Ukwakira, warangiye Real Madrid itahanye insinzi y'ibitego 3-1 cya Fc Barcelone, bituma Umutoza Ronald Koeman atakaza El Clásico!-->!-->!-->…
FBI irashinja ibihugu bya Iran n’Uburusiya kugambirira kwivanga mu matora yo muri Amerika.
Ubuyobozi bw’Urwego rushinzwe iperereza n’ubw’urwego rushinzwe ubugenzacyaha (FBI) bwatangaje ko ibihugu birimo Iran n’u Burusiya byabashije kubona amakuru y’abazitabira amatora ya Amerika, bikaba biri kuyifashisha biyobya abazatora.
!-->!-->!-->!-->…
Tom Byabagamba yagaruwe mu Rukiko ku byaha by’ubujura ashinjwa
Ahagana saa tatu n’iminota 15 nibwo Inteko iburanisha yageze mu cyumba cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro. Bitandukanye n’izindi nshuro, Byabagamba ntabwo yari mu cyumba cy’iburanisha kuko urubanza rwaburanishijwe hakoreshejwe!-->!-->!-->…
Itangazo rya NISHIMWE Grace wifuza guhindura amazina.
Uwitwa NISHIMWE Grace, mwene GAHIMANO BAMFASHEKERA, arifuza guhindurirwa amazina binyuze mu mategeko. Yifuza ko amazina yari asanganywe ariyo NISHIMWE GRACE hakurwaho Grace rigasimburwa na SERAPHINE bityo akitwa NISHIMWE SERAPHINE akaba!-->…
Nyanza: Urukiko rugiye gusuzuma ubujurire bw’umubyeyi n’umuhungu we bahamijwe ibyaha bya Jenoside
Urukiko Rukuru rwa Nyanza kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Ukwakira 2020 ntirwaburanishije Urubanza rwa Musabyuwera Madeleine n’umuhungu we Kayihura Cassien bajuririye igihano cyo gufungwa burundu bakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho urukiko rwanzuye ko Kabuga azaburanira i Lahe mu Buholande.
Umucamanza w’urwego rwa ONU/UN rwasigaye rurangiza imanza zasizwe n’urukiko rwa Arusha yatangaje ko Felicien Kabuga azoherezwa i La Haye mu Buholandi.
Mu ntangiriro z’uku kwezi urukiko rusesa imanza mu Bufaransa rwemeje ko Kabuga!-->!-->!-->!-->!-->…
GICUMBI FC na HEROES FC ziyemeje gushyikiriza akarengane kabo RGB
Amakipe ya Gicumbi FC na Heroes FC yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) arusaba gusaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) gusesa ibyemezo byafashwe na Komite Nyobozi yayo kuko bidakurikije amategeko.
!-->!-->!-->!-->!-->…