Browsing Category
Uncategorized
LOLA Taylor yanzuye ko azakorana imibonano mpuzabitsina n’uzatanga umuti wa coronavirus
umukobwa LOLA TAYLOR ukina amafilime y'urukozasoni yanzuye ko azakorana imibonano mpuzabitsina n'umuntu uzashobora gukora umuti wa coronavirus
umukobwa witwa LOLA TAYLOR akaba ari umukinnyi wa filimi y'urukozasoni yanzuye ko!-->!-->!-->!-->!-->…
EDDY KENZO ARASABA UBUFASHA BWO GUSUBIRA MU GIHUGU CY’AMAVUKO
umuhanzi wo muri Uganda idrisa Musuuza uzwi kw'izina EDDY KENZO yaheze mu Gihugu cya Cote d'ivoire, akaba ari gusaba ubufasha bwo gutaha mu Gihugu cye cya mavuko nyuma yuko uganda yemeje umurwayi wambere wagaragaweho icyorezo cya!-->!-->!-->…
Nyanza: Ba ntahonikora baratabaza Leta ko yabagoboka ikabaha ibyo kubatunga muri iki gihe basabwa…
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza batunzwe no guca inshuro batewe impungenge n'ingamba nshya zafashwe mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Coronavirus
Nk'uko tubikesha Itangazo rya Dr Édouard Ngirente ministre w'intebe yatangaje!-->!-->!-->…
UBUTALIYANI:Abantu 627 bahitanywe n’icyorezo cya COVID-19 mu munsi umwe gusa.
Igihugu cy'Ubutaliyani gikomeje gushegeshwa na coronavirus ku rwego rutigeze rubaho, mu gihe cy'amasaha 24 gusa, abager kuri 627 bishwe nana Covid-19
N'ubwo mu Bushinwa ariho hagaragayemo iki cyorezo bwambere, ntabwo higeze habaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakunzi bikipe Rayon Sport yigaruriye imitima y’abenshi yakusanyije arenga miliyoni mugihe…
abakunzi bikipe ukunzwe cyane mu Rwanda Rayon Sport bashyizehamwe akayabo ka mafaranga arenga miliyoni bashyigikira ikipe yabo muri ibibihe isi ihanganye ni cyorezo Coronavirus yahagaritse ibikorwa byinshi cyane idasize ubukungu bwose!-->!-->!-->…
RIB iraburira Abanyarwanda kubera abatekamutwe badutse bitwikiriye Coronovirus(COVID-19)
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwasabye Abanyarwanda kwitwararika kubera abatekamutwe badutse bitwikiriye ibihe igihugu kirimo cyo guhangana n'icyorezo cya CORONOVIRUS.
U Rwanda ruherutse gufata ibyemezo bikomeye kubera iki!-->!-->!-->…
DRC: Kwinjira muri Congo hakoresheje utu Jeto byahagaritswe.
Nyuma y'ijambo rya perezida wa Repubulica iharanira Demokarasi ya Kongo(DRC) Felix Tshisekedi, rishyiraho ingamba zo gukumira icyorezo cya Coronovirus kibasiye isi yose muri rusange, ibiro bikuru by'abinjira n'abasohoka mu gihugu cya!-->!-->!-->…
CHAN 2020 Cameroun ntiyemera ko yasubikwa
amavubi ikipe yu Rwanda nimwe mu makipe 16 afite tike yo kuzitabira CHAN 2020 ariko icyorezo Coronavirus cyugarije isi ndetse ni bi hugu by' Afurika
Imikino ya CHAN 2020 yari Iteganijwe kuba ku matariki ya 4 kugeza kuya 25 Mata!-->!-->!-->…
MINEDUC yemeye kwishyura ikiguzi k’ingendo z’abanyeshuri bagomba gutangira gutaha none
Abanyeshuri batangiye gutaha ku kiguzi cya Leta.
Nyuma y'aho Y'uburezi mu Rwanda isabye ko abanyeshuri bacumbikiwe mu bigo bataha kubera kwirinda ubwandu bushya bwa Coronvirus, Leta yemeye ko igiciro cy'urugendo iri bucyishure ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
GASABO:Uyumunsi ku Isabato hakozwe igikorwa cyo gupima indwara zitandura.
Mu karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo hakorwe ubukangurambaga no gupima indwara zimwe muba Kristu bitorero ry'Adventisiti b'umunsi wa karindwi.
Mu rwego rwo kubungabunga ubuzima bw'abaturage mu karere ka Gasabo hakozwe igikorwa cyo!-->!-->!-->…
Umukino wa Manchester City na Arsenal wasubitswe kubera icyoba cya Coronavirus
Icyoba cyinshi cya Coronavirus cyatumye MANCHESTER CITY isubika umukino yari ifitanye na Arsenal.
Ikipe ya MANCHESTER CITY yamaze gutangaza ko yasubitse umukino wa shampiyona yari ifitanye n'ikipe ya Arsenal ku mugoroba wo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Wema SEPETU yongeye kwibutsa Diamond ko afite umwanya munini mu mutima we
Wema SEPATU yongeye agaragaza amarangamutima ye kuri Diamond Platnumz amubwira ko afite umwanya wihariye mu mutima we
Nyuma y'aho kuri uyu wa 8 Werurwe 2020 Bwana DIAMOND PLATNUMZ ashyiriye amafoto y'abagore bagera ku munani avuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Idarapo rya Commonwealth ryazamuwe I Kigali
kuri uyu wambere idarapo rya Commonwealth rya zamuwe i Kigali muri Convention Centre. akaba ari umuryango w'ibihugu bivuga ururimi rw'icyongereza nk'uko biteganyijwe ko inama y'uyu muryango izabera i Kigali muri kamena 2020
muri!-->!-->!-->…
GASABO imvubu yonaga imyaka y’abaturage yarashwe irapfa
ubuyobozi bw'umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo bwatangaje ko imvubu imaze iminsi iteza umutekano muke ikonera abaturage muri uyu murenge wa Rusororo nu murenge wa Masaka bihana imbibi, yarashwe n'inzego zu mutekano irapfa
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
TP MAZEMBE yasezerewe, prezida KATUMBI ahita yirukana uwari Umutoza wayo
Igitego kimwe TP MAZEMBE yo muri Congo Kinshasa yatsinze Raja Cassablanca nticyayifashije kurenga kimwe cya kane, unurakari butuma umutoza yirukanwa
Ku wa gatandatu wo kuri uyu wa 6 Werurwe 2020 nibwo imikino y'igice cya kane!-->!-->!-->!-->!-->…