Leta yaraye ikuyeho gahunda ya #gumamurugo# i Kigali no mu tundi turere 8 twari tuyimazemo iminsi 15.

4,877
Kwibuka30

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 30 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasuzumye uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu gihugu, maze yemeza ko Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali no mu turere umunani twari tuyimazemo iminsi ivuyeho.

Iyo Nama y’Abaminisitiri kandi yemeje ko ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’intara ndetse n’uturere tw’igihugu zisubukuwe, uretse izo kujya no kuva mu mirenge iri muri Guma mu rugo.

Kwibuka30
Leave A Reply

Your email address will not be published.