Ikiciro
Uncategorized
Eng.Mabumba Oswald, Umugabo wa Yvonne Idamange yitandukanije nawe.
Eng. Mabumba Oswald Umugabo wa Yvone Idamange yitandukanije nawe avuga ko Ntaho ahuriye n’ibyo umugore amaze akwirakwiza ingengabitekerezo ya Genocide no kwangisha abaturage ubutegetsi biriho. Mu butumwa Eng. Mabumba yanyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwoba bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 butumye Rwandair ihagarika zimwe mu ngendo zayo.
Rwandair, kompanyi y'indege ya leta y'u Rwanda yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere ihagaritse by'agateganyo ingendo zijya i Johannesburg, Lusaka na Harare kubera ubwoko bushya bwa Covid-19. Iyi kompanyi ivuga ko izasubukura ingendo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza Frank Lampard yeretswe umuryango umusohora muri Chelsea
Umwongereza wakiniye Chelsea akayikoreramo amateka akomeye muri ruhago, ndetse akaza no kuyibera umutoza, Frank James Lampard, yamaze kwirukanwa nyuma y'amezi 18 gusa yari amaze i Stamford Bridge ku nk'umutoza mukuru, akaba ashobora!-->…
Lil wayne ku rutonde rw’abantu 140 bahawe imbabazi na Trump mu masaha ye yanyuma ku butegetsi
Mu masaha ye yanyuma ku butegetsi, Perezida Donard Trump yatanze imbabazi anoroshya ibihano ku basaga 140 bari barahamwe n'ibyaha binyuranye. Perezida Trump na Lil wayne Mubahawe imbabazi na Perezida Trump, harimo umuraperi Dwayne!-->!-->!-->!-->!-->…
RBC yatangiye igokorwa k’iminsi ine hafatwa ibipimo bya Covid-19 mu turere 30 twose tw’u…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko hari igikorwa cyo gupima Coronavirus mu turere twose tw’igihugu, kugira ngo harebwe uko ubwandu buhagaze nyuma y’iminsi isaga icumi hashyizweho gahunda ya guma mu karere. Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yapfiriye mu rugo rw’umusore basambanaga!
Umugore wari usanzwe afite umugabo wo mu ntara yitwa Mongu mu gihugu cya Zambia yapfiriye mu rugo rw’umusore bararanye wamufashaga guca inyuma uwo bari barashakanye. Uyu mugore bivugwa ko yitwa Precious Musole yabonywe n’abagize!-->!-->!-->…
Police yahaye gasopo abica amabwiriza yo kwirinda covid-19 bitwaje amadini n’imyemerere.
Polisi y'u Rwanda yihanangirije bamwe mu baturage bica amabwiriza yo kwirinda coronavirus bitwaje idini n'imyemere. Nyuma y'aho humvikanye amajwi ya bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ruhango bavuga ko badashobora kwambara agapfukamunwa!-->!-->!-->!-->!-->…
AS KIGALI yamenye ikipe bazahura muri 1/16 mu mikino ya CAF confederation
Ikipe ya AS Kigali izahura n'ikipe y'Abarabu CS Sfaxien yo mu gihugu cya Tuniziya. (Photo:Igihe.rw) Iyi tombola yabereye ku Cyicaro cya CAF mu Misiri, yahuje amakipe 16 yakomeje mu ijonjora rya gatatu rya CAF Confederation n’andi 16!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Umudepite atewe impungenge n’udukingirizo dupfumutse Leta yahaye abaturage.
Umudepite wo mu gihugu cya Zambiya atewe impungenge n'udukingirizo twapfumutse Leta yanyanyagije mu baturage mu mezi make ashize bakaba bari kudukoresha. Umudepite wo mu gihugu cya Zambiya witwa Mwansa Mbulakulima yabwiye ikinyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Bwana Matayo wiyitaga umukozi wa RIB akambura abaturage yatawe muri yombi.
Ku wa Mbere tariki ya 04 Mutarama 2020, Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Kamembe yafashe Mukeshimana Mathew w’imyaka 47 akurikiranweho kwambura abaturage amafaranga avuga ko ari umupolisi, !-->!-->!-->…
Victoire Ingabire arasanga Sosiyete sivile mu Rwanda ari nka baringa usibye Transparency…
Madame INGABIRE Victoire arasanga mu Rwanda Societe Civile ikora nka baringa usibye gusa Transparency International yo ivugira rubanda. Mu kiganiro Ingabire Victoire Umuhoza yagiranye na Real Talk Channel yagaragaje ko Sosiyete Sivili!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Ihuriro ry’amadini n’amatorero ryasabye Leta guhagarika amatora mu gihe…
Inama nkuru y’Ihuriro ry’amadini n'amatorero muri Uganda (UJCC) iyobowe na Arkiyepiskopi wa Kampala, Dr Cyprian Kizito Lwanga yasabye guverinoma gusubika amatora y’umukuru w’igihugu mu gihe cy’imyaka itatu. UJCC inifuza kandi ko!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kubengwa inshuro 221 zose, Elisabeth yahisemo kwishyingira imbwa ye.
Nyuma yo kubengwa inshuro zigera kuri 220, uyu mukobwa yahisemo kwishyingira imbwa ye yari atunze. Mu gihe benshi mu basore bo muri iyi minsi mu Rwanda batinze gushaka bakunze gutanga impamvu yuko babuze umukobwa ufite urukundo nyarwo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umuyobozi w’ishuli yasomewe mu rukiko ibaruwa y’umwana umushinja gushaka…
Mu rukiko, umuyobozi w'ikigo kisumbuye cya Ecole des Sciences Louis de montfort Nyanza yasomewe ibaruwa umwana w'umukobwa yanditse avuga uburyo uwo muyobozi yamuhozaga ku nkeke ashaka kumusambanya ku gahato. Nyuma y'aho mu mpera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umwalimu yasezeye ku kazi kubera ko imyemerere ye itamwerera kwambara agapfukamunwa
Umwalimu witwa NSHIMIYE wigisha isomo ry'icyongereza mu ishuli ribanza rya BINOGO riherereye mu Murenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke, yanditse ibaruwa isezera ku kazi k'ubwarimu kubera ko imyemerere ye itamwemerera kubahiriza!-->!-->!-->…