Browsing Category
Imikino
Otto Addo watozaga ikipe ya Ghana nawe yeguye nyuma y’uko ikipe ye itarenze amajonjora
Umutoza w'ikipe y'umupira w'amaguru ya Ghana Bwana Otto Addo yamaze kwemeza ko asezeye ku mirimo yo gutoza iyo kipe nyuma iyo kipe itabashije kurenga amajonjora muri ino mikino y'igikombe cy'isi imaze iminsi iri kubera muri Qatar.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Gasogi Utd yarahiye ararengwa ngo nadatsinda APR FC azasaba imbabaza abafana
Perezida wa Gasogi Utd yarahiye ararengwa ko ikipe ye igomba gutsinda ikipe ya APR FC mu mukino uzabahuza ku munsi w'ejo i Nyamirambo.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda izakomeza mu mpera z'iki cyumwer turi gusoza, umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
IBIHE BY’ICURABURINDI BYASIMBUYE IMYAKA ICUMI Y’IBYISHIMO MURI JUVENTUS BYATEWE…
JUVENTUS YAMAZE IMYAKA ICUMI IYOBOYE UBUTALIYANI MU GUTWARA IBIKOMBE UBU NTIGIFITE BWA BUKAKA BWAYO. BYATEWE N'IKI?
Biragora iyo wamenyereje umwana wawe kumuha amafaranga ngo agure icyo ashatse cyose, rimwe yagusaba amafaranga!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Antha yikomye umusifuzi Abdul asaba ko atazongera gusifurira ikipe ya Rayon Sport
Umunyamakuru witwa Antha ukorera radio10 yibasiye bikomeye umusifuzi uri ku rwego mpuzamahanga uzwi nka Abdul amushinja kwiba ikipe ya Rayon ndetse asaba abayobozi b'ikipe gusaba FERWAFA ko itazongera guha umukino wayo uno musifuzi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC arashinja perezida wa KIYOVU Sport gushaka kugundira ubuyobozi bw’ikipe
Umuyobozi w'ikipeya Gasogi United arashinja Bwana Juvenal gushaka kugundira ubutegetsi bw'ikipe ya Kiyovu sport
Nyuma y'uko kuri iki cyumweru ikipe ya Gasogi yongeye kwisenegerera ikipe ya Kiyovu ikayikubita nk'izakubiswe akabwana,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu sport ikomeje kuba insina ngufi imbere ya Gasogi Utd
Ikipe ya GAsogi Utd yongeye icecekesha ikipe ya Kiyovu sport nyuma yo kuyinyagira ibitego bitatu byose kuri kimwe.
Kuri iki cyumweru championnaty'umupira w'amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere yakomeje, umwe mu mikino yari yitezwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal ibaye ikipe ya mbere ya Afrika ibonye intsinzi muri Qatar
Ikipe ya Senegal yahesheje ishema umugabane wa Afurika nyuma yo gutanga andi makipe awuhagarariye kubona amanota 3 ubwo yatsindaga Qatar ibitego 3-1 mu mukino wa kabiri mu itsinda A.
Nyuma yo gutsindwa n’Ubuholandi mu mukino wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Arabie Saoudite yatsinze Argentine yari imaze imikino 36 itazi gutsindwa icyo aricyo
Arabie Saoudite yatunguye Argentine iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Lusail Iconic Stadium, kuri uyu wa Kabiri, tariki 22 Ugushyingo 2022, ishyira iherezo ku mikino 36 iki gihugu cyari kimaze kidatsindwa.
Argentine!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal idafite Sadio Mane itisnzwe umukino wa mbere
Ikipe ya Senegal yari yijeje umukino usukuye n'intsinzi ku bafana bayo imaze gutakaza umukino wayo wa mbere.
Imwe mu makipe ahagarariye umugabane wa Afrika yahabwaga amahirwe yo kugera kure imaze gutakaza umukino wayo wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Senegal yijeje abakunzi bayo ibyishimo n’ubwo bwose adafite Sadio Mane…
Umutoza w'ikipe w'ikipe y'igihugu ya Senegal Bwana Aliou Cissé yijeje abakunzi b'iyo kipe ko batari bubure ibyishimo n'ubwo bwose iyo kipe idafite kizigenza wayo Bwana Sadio Mane uherutse kugira imvune itazatuma yitabira iyo mikino!-->!-->!-->…
Undi mukinnyi wa France yagize imvune itazatuma akina kino gikombe cy’isi
Nyuma y'abandi bakinnyi bakomeye b'ikipe y'umupira w'amaguru y'Ubufaransa batazitabira kino gikombe kubera imvune, ubu byemejwe ko na Benzema atazakina kubera imvune yagiriye mu myitozo.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasabye imbabazi ku myitwarire idahwitse ya Muhajir mu mukino wa gicuti
Ishyihamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryasohoye itangazo risaba imbabazi Abanyarwanda ndetse n'Abanyasudani kubera imyitwarire mibi y'umukinnyi wayo mu mukino waraye ubaye.
Nyuma y'aho umukino wa gishuti wahuzaga ikipe y'u!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Sadio Mane yakuweho ku rutonde rw’abazakina mu gikombe cy’isi
Nyuma yo kuvunikira mu kibuga, bakemeza ko hari imikino azakina, kuri ubu byemejwe ko Sadio Mane atazakina umukino n'umwe w'igikombe cy'isi.
Rutahizamu wa Sénégal Sadio Mané yabazwe ku ivi kubera imvune yagize ubwo yari arimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Johan Hamel umwe mu basifuzi bakomeye mu Bufaransa yituye hasi mu myitozo arapfa.
Johan Hamel wari umusifuzi ukomeye w’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 42.
Sendika yo mu Bufaransa y’abasifuzi b’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere yatangaje muri iki gitondo ko uyu musifuzi wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza Adil yavuze ko adateze kugaruka muri APR FC anavuga impamvu yabimuteye
Umutoza ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, yatangaje ko atigeze agaruka muri APR FC kuko yabwiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe ko atagishakwa muri iyi kipe.
Mu Ukwakira,uyu mutoza yahagaritse ukwezi kumwe we na kapiteni w’ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…