Browsing Category
Imikino
Bwana Mvukiyehe Juvenal wayoboraga KIYOVU Sport yeguye ku buyobozi bw’iyi kipe
Uwari Perezida wa Kiyovu Sports Mvukiyehe Juvénal yeguye ku buyobozi bw’iyi kipe, mu gihe yari asigaje igihe kingana n’umwaka umwe ngo agere ku mpera za manda ye ingana n’imyaka itatu yari yaratorewe.
Ibaruwa igaragaza ubwegure bwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu marira menshi Roger Feder yatsinzwe umukino we wanyuma nk’uwabigize umwuga.
Roger Federer (ibumoso) na Rafael Nadal (iburyo) bafatanyije mu mukino wa nyuma wa Federer nk’uwabigize umwuga.
Mu mukino wabereye kuri stade ya O2, iherereye mu murwa mukuru w’Ubwongereza Londre ,umunyabigwi Roger Feder afatanyije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Cote d’Ivoire Gerard Bi Goua Gohou yahamagawe mu Amavubi.
Rutahizamu w’umunya Côte d’Ivoire Gerard Bi Goua Gohou yahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi y’u Rwanda.
Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko akina muri Kazakhstan mu ikipe yitwa Aktobe. Arasanga bagenzi be muri Morocco nk’uko iyi kipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester United iyoboye urutonde rw’amakipe yahenzwe cyane ku isoko ry’abakinnyi mu…
Mu bushakashatsi bwimbitse bwakozwe n’ukinyamakuru The sun, bwerekanye ko ikipe ya Manchester united ariyo kipe yahenzwe ku isoko ry’abakinnyi mu gihe cy’imyaka 10 ishize aho yahombye arenga miliyoni 210 z’ama euro.
Kugira ngo the!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimwe utari uzi kandi bitangaje ku mupira w’amaguru (Ballon) wiswe Ruhago
Mu gihe bidashidikanywaho ko umupira w’amaguru (football) ariwo mukino wa mbere ukunzwe ku isi, aho mu bushakashatsi byagaragaye ko uno mukino wihebewe n’abarenga miliyali 4 muri miliyari zirenga 7 zituye isi , gusa abenshi!-->!-->!-->…
La Liga yamaganye imagambo y’ivangura aherutse gukorerwa umukinnyi wa Real Madrid Vinicius Jr
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu cya Espagne ryamaganye ibikorwa n'amagambo y'ivanguraruhu ku mukinnyi wa Real Madrid.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu cya Espagne "LA LIGA" ryaraye rishyize hanze itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Alphonse NKURANGA wari umaze imyaka 6 muri RadioTV10 yahavuye, yerekeza mu ishyirahamwe…
Nkuranga Alphonse wari umaze imyaka itandatu yose akorera igitangazamakuru cya RadioTv10 yamaze kuhasezera agana muri FERWACY.
Ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda rimaze gutangaza ko ryagize Bwana ALPHONSE NKURANGA umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasana Jerome wari MD wa MUKURA VS yayisezeyeho ayisiga mu ruhuri rw’ibibazo
Gasana Jerome wari MD w'ikipe ya MUKURA VS yamaze gusezera kuri uwo mwanya ayisiga mu bibazo by'uruhuri iyi kipe imazemo igihe
Bwana GASANA Jerome wari ushinzwe gukurikirana ibibazo mu ikipe ya MUKURA VS (MD) bimaze kwemezwa ko uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibikorwa byo kunamira umwami byatumye umukino wari guhuza Arsenal na PSV Endhoven usubikwa
Umukino wa wagombaga kuba kuwa Kane ugahuza Arsenal na PSV Eindhoven, mu irushanwa rya Europa League wasubitswe kubera ibikorwa bifitanye isano no kunamira Umwamikazi Elizabeth II.
Ni umukino wa kabiri mu matsinda, Arsenal yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Handball : Ikipe y’u Rwanda yageze ku mukino wa nyuma mu mikino y’Afurika
Ikipe y'igihugu ya Handball yaraye ibonye itike yo gukina final nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe y'igihugu ya Maroc.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ibonye itike yo gukina umukino wa nyuma wiri rushanwa nyuma y’umukino wari ukomeye!-->!-->!-->…
Etiyopiya inaniwe gutsinda Amavubi mu mikino yo gushakisha itike yo gukina CHAN
Ikipe y'igihugu AMAVUBI imaze kunganya n'ikipe ya Ethiopia mu mukino wa mbere wo guhatanira kuzakina imikino ya nyuma y'igikombe cya CHAN 2023.
Ikipe y'umupira w'amaguru AMAVUBI yihagazeho iminota 93 yose mu mukino wa mbere wayihuzaga!-->!-->!-->…
Mukura VS&L mu bibazo bishobora gutuma idakomeza shampiyona
Nyuma y'aho impuzamashyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA rifatiye ibihano ikipe ya MUKURA VS&Loisir, iyo kipe iratangaza ko igeze kure ku buryo ishobora kudakomeza amarushanwa.
Ikipe ya MUKURA Victory Sport yo mu Karere ka!-->!-->!-->…
KArim BENZEMA yatowe nk’umukinnyi mwiza i Burayi ahigika Courtois na Kevin de Bruyne
Rutahizamu wa Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Karim Mustafa Benzema, yatowe nk’umukinnyi wahize abandi i Burayi mu mwaka wa 2021/22.
Byatangarijwe mu muhango wabaye kuri uyu wa kane tariki 25 Kanama 2022 i Istanbul muri!-->!-->!-->…
Nyuma yo kunyagirwa ibitego 4 byose, Erick Ten Hag utoza Man Utd yavuze icyo yifuza
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Manchester United ikubiswe nk'iz'akabwana igatsindwa ibitego bine byose, umutoza wayo yatangaje ko ikipe ye ifite abakinnyi batari ku rwego rwo guhangana n'andi makipe mu Bwongereza.
Umutoza!-->!-->!-->…
CAF yemereye Stade ya HUYE kujya yakira imikino mpuzamahanga
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Afrika ryemeje ko Stade ya Huye yonyine ariyo izakira imikino mpuzamahanga mu Rwanda.
Nyuma y'aho Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku mugabane wa Afrika utangarije ko nta stade n'imwe muzo mu!-->!-->!-->…