Browsing Category
Imikino
Bidasubirwaho, Aubemeyang yamaze kwerekeza muri FC Barcelone
Pierre-Emerick Aubameyang yerekeje muri Barcelona nk’umukinnnyi utari ugifite amasezerano nyuma yo kuva muri Arsenal, kugenda kwe bikaba byitezwe gutangazwa ku mugaragaro kuri uyu wa kabiri.
Uyu rutahizamu ukomoka muri Gabon,!-->!-->!-->!-->!-->…
Imvura nyinshi yaguye i Kigali itumye umukino wa APR FC na MUKURA VS usubikwa
Imvura nyinshi yaguye muri stade ya Kigali ahakinwaga umukino wahuzaga ikipe ya APR FC na MUKURA VS itumye uwomukino usubikwa.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere imvura yaguye mu duce twinshi two mu Rwanda, ndetse iyo mvura yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Frank Lampard yagizwe umutoza mushya wa Everton
Ikipe ya Everton yemeje Frank Lampard nk’umutoza mushya w’iyi kipe yo muri shampiyona y’kiciro cya mbere mu Bwongereza, ku masezerano y’imyaka ibiri n’igice.
Frank Lampard wahoze atoza Chelsea, yanakiniye, asimbuye Rafa Benitez wari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Portugal Pedro Emmanuel uzatoza Rayon Sport yamaze kugera i kigali
Umunya-Portugal, Pedro Emmanuel Dos Santos Martins Silva yageze i Kigali aho aje gutoza Rayon Sports guhera mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona izatangira ku wa 19 Gashyantare 2022.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yaciye KNC amande ya 100,000frs n’imikino ine adakandagira ku kibuga
Inama ya Komisiyo ishinzwe imyitwarire muri FERWAFA yateranye ku wa gatandatu tariki ya 8 Mutarama 2022 yafatiye ibihano Ikipe ya Etincelles FC ndetse n’abakinnyi bayo BIZIMANA Omar, MUDEYI Souleyman na UWIHOREYE Ismael kubera!-->!-->!-->…
CAN2021: Nigeriya yahabwaga amahirwe yaraye isezerewe muri 1/8
Ikipe y’igihugu ya Nigeriya yasezerewe mu minikino y'igikombe cy’Africa bitunguranye, nyuma yo gutsindwa na Tunisiya 1-0 mu mikino ya 1/8.
Nigeriya niyo kipe yonyine yari yaratsinze imikino yose yo mu itsinda, itsinda ryarimo ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Volleyball: Gisagara Volleyball Club yegukanye irushanwa ryateguwe na Forzza
Mu mpera z’ iki cyumweru taliki 22 na 23 Mutarama 2022 habaye imikino y’icyiciro cya 3 cy’irushanwa ryateguwe na Kompanyi ikora ibijyanye no gutega ku mikino itandukanye “Forzza Bet”.
Ikipe ya Gisagara VC nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya Marine FC ihemukiye ikipe ya Rayon sport iyikubita ahababaza
Ikipe ya Marine FC ihemukiye ikipe ya Rayon Sport iyinyagira ibitego bitatu byose ku busa, ibintu byaherukaga mu mwaka wa 2008
Ikipe ya Marine inyagiye Rayon Sports ibitego 3 ikora amateka yaherukaga mu mwaka wa 2008 kuko aribwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu buryo budatunguranye, Lt.col (Rtd) Kayumba atorewe kuyobora ishyirahamwe ry’imikino…
Lt Colonel Kayumba wigeze no kuvugwa mu buyobozi bwa APR FC niwe watorewe kuyobora ishyirahamwe ry'imikino ngororamubiri mu Rwanda.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Mutarama abanyamuryango bagize ishyirahamwe ry'imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sport bwiseguye ku bakunzi bayo nyuma yo kunyagirwa ibitego bine byose.
Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sport bwasabye imbabazi abakunzi bayo nyuma yo kunyagirwa ibitego bine n'ikipe ya AS Kigali.
Nyuma y'aho ikipe ya Kiyovu Sport inyagiriwe ku kibuga cy'inyamirambo ibitego 4 byose ku busa n'ikipe ya AS!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Kigali inyagiye ibitego bine byose ikipe ya Kiyovu Sport
Ikipe ya AS KIgali imaze kunyagira ikipe ya Kiyovu Sport ibitego bine byose ku busa, bituma AS Kigali iyobora by'agateganyo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri championnat Nyarwanda y'umupira w'amaguru nibwo yagombaga gukomeza, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Banamwana Camarade, Mico Justin na Hategekimana Bonheur barashinjwa ubwambuzi
Umutoza mukuru w’agateganyo wa Etoile de l’Est FC, Banamwana Camarade n’abakinnyi babiri ba Rayon Sports, barashinjwa kwambura Ngarukiye Abdoul uzwi nka Kung-Fu.
Ababa mu gice cy’umupira w’amaguru mu Rwanda, kenshi bakunze kuvugwaho!-->!-->!-->…
Tottenham yirukanye umutoza wayo nyuma yo kunyagirwa na Man.United
Nyuma y'aho ikipe ya Tottenham Hotspur itsindiwe ibitego bitatu, ubuyobozi bw'iyo kipe bwahise buhambiriza uwari umutoza wayo Bwana Nuno Espirito Santo.
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo ikipe ya Tottenham Hotspur yagombaga guhura!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkweto Machael Jordan yakinanye bwa mbere zagurishijwe miliyoni $1.47.
Inkweto zambawe n'icyamamare muri basketball Michael Jordan zaguzwe ku gahigo ka miliyoni 1.47 y'amadorari (arenga miliyari 1.5 y'u Rwanda) muri cyamunara.
Jordan yambaye izi nkweto z'umweru n'umutuku za Nike Air Ships muri 'saison'!-->!-->!-->!-->!-->…
“Dutsindwa byoroshye kandi tugatsindwa ibitego by’ubuswa” Paul Pogba
Nyuma y'aho Ikipe ya Manchester United itsinzwe mu mpera z'iyi weekend, Bwana Pogba yavuze ko bamaze igihe batsindwa ibitego by'ubuswa.
Kuri uyu wa gatandatu taliki 16 Ukwakira 2021, ikipe ya Manchester United nibwo yahuye n'ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…