Browsing Category
Imikino
Premier League: Tottenham itsinze Man City 3-2, bikomeza urugamba rwo guhatanira igikombe
Umukino wahuzaga ikipe ya Manchester City na Tottenham muri Shampiyona y’igihugu y’Ubwongereza(Premier League) urangiye Tottenham itsinze Manchester City ibitego 3-2, bituma ikipe ya Liverpool iyisatira ku mwanya wa mbere muri iyi!-->!-->!-->…
Isirayeri igiye kubaka mu Rwanda ikibuga cy’amagare cy’akataraboneka
Ikipe ya Israel Premier Tech kuri uyu wa Gatanu yasuye ikipe y’abakobwa ya Bugesera y’umukino w’amagare, ibemerera kububakira ikibuga cy’umukino w’amagare kigezweho
Mu rwego rw’ubufatanye busanzwe hagati y’ikipe y’umukino w’amagare!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakuru b’ibihugu 2 binginze Mbappe kutava muri PSG akagumya gususurutsa Abafaransa
Nyuma y'aho amakuru amaze iminsi avuga ko rutahizamu w'ikipe y'igihugu n'ikipe ya Paris Saint Germain agiye kwerekeza mu ikipe ya Real Mardrid, kuri ubu biravugwa ko Perezida wa Repubulika Bwana Emmanuel Macron amaze kwivanga muri icyo!-->!-->!-->…
MUKURA VS yongeye ibabaza GASOGI Utd, APR FC yongera ikorwa mu jisho mu gihe KIYOVU yatsinze AS…
Ikipe ya MUKURA VS yongeye itsinda undi mukino, APR FC ikorwa mu jisho ku yindi nshuro mu gihe ikipe ya Kiyovu Sport yatsinze AS KIGALI.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje none ku munsi wayo wa 17, ku rutonde hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Mukura VS itsinze Rayon Sport 1-0 mu mukino ufungura iyo kwishyura
Ikipe ya Mukura Victory Sport itsinze Rayon Sport 1-0 mu mukino wa mbere muyo kwishyura muri Shampiyona y’Ikicyiro cya mbere mu mupira w’amaguru.
Igitego cya William Okopu Mensah yatsinze kuri penaliti ku munota wa 82’ nicyo!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasohoye ingengabihe ya Shampiyona y’imikino yo kwishyura
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryasohoye ingengabihe y’imikino yo kwishyura, imikino y’umunsi wa 16 wa Shampiyona izakinwa tariki 12 Gashyantare, na tariki 13 Gashyantare, 2022.
FERWAFA yateye utwatsi ubujurire bwa KNC agumishirizwaho ibihano
Komisiyo ishinzwe imyitwarire muri FERWAFA yanze ubujurire bwa KNC maze ufata umwanzuro wo kugumishaho ibihano yari yahawe.
Komisiyo y’Ubujurire muri FERWAFA yateranye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 4 Gashyantare 2022, yagumishijeho!-->!-->!-->!-->!-->…
CAN2021: Misiri isezereye Cameroun muri ½ isanga Senegal ku mukino wa nyuma
Umukino wa ½ k’igikombe cy’Afrika wahuzaga ikipe y’igihugu ya Cameroun na Misiri, urangiye Misiri itsinze kuri penaliti 3-1 ya Cameroun, bituma Misiri isanga Senegal ku mukino wa nyuma w'iri rushanwa.
Iminota isanzwe y’umukino(90)!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal ku mukino wa nyuma ninde bazahangana?
Ku mugoroba Senegal yatsinze yaraye itsinze Burkina Faso ibitego 3-1 kuri Stade Ahmadou Ahidjo i Yaounde ihita ikatisha itike yo kugera ku mukino wa nyuma wa Total Energies Africa Cup of Nations.
Senegal yaherukaga kugera ku mukino!-->!-->!-->!-->!-->…
MUKURA ikubise APR FC ahababaza ikora ibyananiye andi makipe yose yo mu gihugu
Ikipe ya MUKURA VS yakuyeho agahigo ku ikipe ya APR FC yari imaze imaze imikino 50 idatsindwa.
Mukura Victory Sports yashyize iherezo ku rugendo rwa APR FC yari imaze imikino 50 ya Shampiyona idatsindwa, iyitsinda igitego 1-0 mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Manzi Thierry yamaze kugurwa akayabo n’ikipe y’igisirikare cy’ubwami bwa Marco
Umukinnyi wamyugariro w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ Manzi Thierry, yamaze kwerekeza mu kipe ya AS FAR y’Igisirikare cy’ubwami bwa Maroc yamutanzeho akayabo.
Manzi wahoze ari Kapiteni w’amakipe ya Rayon Sports na APR FC, yari amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Aubemeyang yamaze kwerekeza muri FC Barcelone
Pierre-Emerick Aubameyang yerekeje muri Barcelona nk’umukinnnyi utari ugifite amasezerano nyuma yo kuva muri Arsenal, kugenda kwe bikaba byitezwe gutangazwa ku mugaragaro kuri uyu wa kabiri.
Uyu rutahizamu ukomoka muri Gabon,!-->!-->!-->!-->!-->…
Imvura nyinshi yaguye i Kigali itumye umukino wa APR FC na MUKURA VS usubikwa
Imvura nyinshi yaguye muri stade ya Kigali ahakinwaga umukino wahuzaga ikipe ya APR FC na MUKURA VS itumye uwomukino usubikwa.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere imvura yaguye mu duce twinshi two mu Rwanda, ndetse iyo mvura yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Frank Lampard yagizwe umutoza mushya wa Everton
Ikipe ya Everton yemeje Frank Lampard nk’umutoza mushya w’iyi kipe yo muri shampiyona y’kiciro cya mbere mu Bwongereza, ku masezerano y’imyaka ibiri n’igice.
Frank Lampard wahoze atoza Chelsea, yanakiniye, asimbuye Rafa Benitez wari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Portugal Pedro Emmanuel uzatoza Rayon Sport yamaze kugera i kigali
Umunya-Portugal, Pedro Emmanuel Dos Santos Martins Silva yageze i Kigali aho aje gutoza Rayon Sports guhera mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona izatangira ku wa 19 Gashyantare 2022.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31!-->!-->!-->!-->!-->…