Browsing Category
Imyidagaduro
Irushanwa rya Head’s Up ryateguwe na Genesisbizz.com rigeze hagati
Nk'uko byatangajwe n'ikinyamakuru Nyarwanda, Imvaho Nshya, ikigo Genesisbizz.com cyateguye amarushanwa agamije kuzamura impano z'abahanzi b'abanyamuziki Nyarwanda ariko bakaba bataramenyekana ngo bashyire ahagaragara ibihangano!-->!-->!-->…
Bamporiki yanenze bikabije abahanzi biharaje kuririmba indirimbo zirimo ibishegu
Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Nzeri 2020, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Bamporiki Edouard yanenze abahanzi bayobotse umujyo wo kuririmba ibihangano biganisha ku busambanyi, avuga ko ari ishyano u Rwanda!-->!-->!-->…
Miss Ruth Christmas yatangaje ibintu 5 byatumye yisanga mu rukundo rwa Chris barushinganye none
Christmas Ruth Kanoheli wambitswe ikamba rya Nyampinga wa mbere w'ishuri ry'umuziki rya Nyundo mu mwaka wa 2016 (Miss Ecole d'Arts de Nyundo 2016) akaba umuhanzikazi mu muziki wa Gospel unabarizwa mu itsinda NEP Queens ry'abanyempano!-->!-->!-->…
Urutonde rw’abantu 10 bakundana bapfiriye umunsi umwe
Umunyarwanda yaciye umugani ati ‘Ibikundanye birajyana’. Uyu mugani ushimangirwa n’ingero zitandukanye z’abantu bagiye bapfira umunsi umwe bari basanzwe bakundana. Muri bo harimo ababihisemo n’abishwe bapfira rimwe batabihisemo. Ni!-->!-->!-->…
Mvuyekure Juvenal yatorewe kuyobora ikipe ya Kiyovu Sport ku majwi ijana ku ijana
Mvukiyehe Juvenal wari umukandida rukumbi ku mwanya wo kuba umuyobozi wa Kiyovu Sports yatowe ijana ku ijana n’abanyamuryango b’iyi kipe bishimiye impinduka yazanye mu gihe gito amaze muri iyi kipe.
Mvukiyehe waguriye ikipe Bisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Siporo rusange yamenyekanye nka Car free day irongera gusubukurwa ku cyumweru gitaha
Nyuma y'aho Leta ifatiye umwanzuro wo guhagarika bimwe mu bikorwa bihuriramo abantu benshi harimo na siporo rusange, ubu byemejwe ko izasubiraho mu minsi ya vuba.
Siporo rusange yamenyerewe cyane nka CAR FREE DAY aho abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Jay Polly yerekeje i Dubai aho agiye kugura ibikoresho bya studio ye nshya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu nibwo JAY POLLY n'itsinda rye bageze i Dubai aho bajyanywe no kurangura ibikoresho bya muzika bizakora muri Studio ye agiye gushinga i Kigali.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu umuhanzi Jay!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari abasabye Sadate kwegura kugira ngo bakunde bishyurire Ivan Minnaert
Mu gihe mu kipe ya Rayon sports hamaze iminsi havugwamo ikibazo ifitanye n’umutoza Jacky Ivan Minnaert, Rutagambwa Martin yasabye Perezida wayo uriho ubu, Munyakazi Sadate kuzana urupapuro rusezera kuri uwo mwanya, ubundo agahita!-->!-->!-->…
Rugwe na Solozo binjijwe muri label ya “Boss Papa”
Alain Muku yamaze kwinjiza Nzamukurikiza Muhammed na Gakemane Pacifique nk’abahanzi bashya muri label ye “Boss Papa”.
Nzamukurikiza Muhammed na Gakemane Pacifique , binjiye mu muziki nk’itsinda basohora amashusho y’indirimbo yabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport imaze kwandika ibaruwa isaba FERWAFA ko yigizayo ibihano yafatiwe
Nyuma y'aho akanama gashinzwe imyitwarire muri FERWAFA gahannye ikipe ya Rayon Sport kubera kutubahiriza ibyo yari yasabwe n'ako kanama birimo kwishyura umwenda Bwana Ivan Minnaert wahoze utoza iyo kipe, bidatinze ubuyobozi bw'ikipe ya!-->!-->!-->…
Karekezi Olivier ashobora kwisubirira i Burayi adatoje ikipe ya Kiyovu sports
Uko iminsi yicuma niko ibibazo biri muri Kiyovu Sports bifata indi ntera nubwo ubuyobozi bwayo bugerageza kugira bimwe bukemura. Umutoza Karekezi Olivier arateganya gusubira muri Suède mu mpera z’uku kwezi ubwo ibyo yifuza bizaba!-->!-->!-->…
Umuhanzi Safi agiye kurongora umukecuru w’imyaka 64 y’amavuko
Safi Tech uri mu bahanzi bakizamuka agiye gushakana n'umukunzi we ufite imyaka 64 y'amavuko.
Umuhanzi SAFI TECH uri mu bahanzi bakizamuka ukorera umuziki we mu Ntara y'uburengerazuba mu Karere ka Rubavu kuri ubu agiye kurushingana!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Knowless ku isabukuru y’umugabo we Clément
Butera Jeanne d'Arc wamenyekanye cyane nka Nkowless yashyize hanze amarangamutima ye ku munsi w'isabukuru y'amavuko y'umugabo we Clément.
Tariki ya 1 Nzeri ya buri mwaka, Bwana Ishimwe Clement umuyobozi wa Kina Music yizihiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Jay Polly yikomye abahanzi bihaye guhimba indirimbo zirimo ibishegu
Jay polly yinjiye mu rugamba rwo guhatana n’abahanzi baririmba ibihangano avuga ko birimo ubutumwa budakenewe, ahamya ko aba bakomeje kuroha abanyarwanda babinyujije mu kubigisha imico mibi.
Ni iritavuze umwe muri iyi minsi, hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya ALINE uzwi nka Bijoux muri Bamenya nyuma yo kwambikwa impeta y’ubudatana…
Nyuma yo kwambikwa impeta y'ubudatana, Aline yashyize hanze amarangamutima ye avuga amahirwe agize kuba agiye kubana n'uwo umutima we wahisemo.
Ku munsi w'ejo kuwa gatandatu nibwo amafoto yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…