Browsing Category
Imyidagaduro
“Iyo nakunze” Indirimbo nshya yashyizwe hanze na TOM Close
Bwana TOM CLOSE uzwi cyane muri muzika Nyarwanda yashyize hanze indirimbo nshya yise Iyo nakunze, ngo yayiririmbiye abajarajara mu rukundo.
MUYOMBO Thomas wamenyekanye cyane ku izina rya TOM Close, kuri uyu wa kabiri taliki ya 1!-->!-->!-->!-->!-->…
Sunny yasabye imbabazi Abanyarwanda ku mubabarira ku mabara yakoze agatakarizwa ikizere nu mukunzi…
umuhanzikazi Sunny Dorcas Ingabire
umuhanzikazi Ingabire Dorcas uzwi kumanzi Sanny akaba ari umuhanzikazi ukizamuka mu muziki Nyarwanda kandi akaba ari umunyamideri akaba umucuruzi, nyuma yo gushyira hanze ubwambure bwe ku karubanda!-->!-->!-->…
Abagore ba Diamond bamwifurije umunsi mwiza w’aba papa mu bisingizo biryoheye amatwi
Ku munsi w'ejo ubwo isi yizihizaga umunsi w'ababyeyi b'aba papa, abagore babyaranye na Diamond bamwifurije umunsi mwiza mu magambo yuje urukundo.
Mu gihe isi yizihizaga umunsi w'aba papa ku munsi w'ejo hashize taliki ya 21 Kamena,!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel Mbonyi yasusurukije abakunzi be bongera kumva bahembuwe mu mitima
Israel MBONYI yaraye asusurukije abakunzi b'indirimbo zihimbaza Imana mu gitaramo cya Live yakoreye kuri youtube
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 20 Kamena nibwo igitaramo cyari kitezwe na benshi cyatangiye ahagana saa!-->!-->!-->!-->!-->…
Deo Munyakazi ucuranga inanga yasohoye Album ye ya mbere wagura ukoresheje Mobile Money
Umuhanzi ukirigita inanga Deo Munyakazi ari mu byishimo bikomeye bishibuka kuri Album ya mbere yise “Isoko Dusangiye” yashyize ku isoko kuri uyu wa Gatanu.
yi Album iriho indirimbo 10 zirimo “Isoko Dusangiye” yitiriye Album, “Emirembe”,!-->!-->!-->…
Bwana Joseph akurikinyweho icyaha cyo kwica nyina wamubyaye amuziza gutererana ise umaze igihe…
Umugabo witwa Joseph akurikiranyweho icyaha cyo kwiyicira nyina umubyara amushinja ko yatereranye ise kandi amaze igihe arembye.
Mu gihugu cya Tanzaniya mu gace kitwa Kagera haravugwa inkuru y'umusore uri mu kigero k'imyaka 35!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashusho y’indirimbo LA POUPETTE ya King James amaze gushyirwa hanze
Umuhanzi KING JAMES amaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye yise La poupette, iragaragaramo Miss MUTONI
Amashusho y'iyi ndirimbo Bwana RUHUMURIZA James uzwi nka King James yise la Poupette imara iminota ine yashyizwe hanze ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Uncle Austin yashyize hanze amashusho y’indirimbo “ku mutima” igaragaramo Miss…
Nyuma y'byumweru bitatua shyize hanze amajwi y'indirimbo "ku mutima" uyu munsi Uncle Austin Yayisohoreye amajwiyayo
Kuri uyu wa mbere taliki ya 1 Kamena umuhanzi akaba na none umunyamakuru Bwana Lugano Tosh uzwi ku izina rya Uncle!-->!-->!-->!-->!-->…
Safi Madiba yareze Umuvugabutumwa Eliane Niyonagira ko amusebya mu ruhame
umuhanzi Safi Madiba yamaze kwandikira urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umuvugabutumwa wo mu itorero rya Zion Tample uzwi nka Ev. Eliane Niyonagira amushinja ko yamusebeje mu ruhame agamije kumwangiriza izina.!-->…
Kabuhariwe Usain Bolt yashatse guca inyuma umugore we igihe yari atwite!
umunya Jamaica witwa Usain Bolt wamaze igihe kinini ari nimero ya mbere ku isi mu kwirukanka metero 100 na 200 arashinjwa n’umunyamideri w’Umwongereza kumusaba amafoto yambaye ubusa.
Umunyamideli w’Umwongereza witwa Shari Halliday!-->!-->!-->!-->!-->…
Danny Vumbi agiye kumurika album ye ya gatatu kuri internet nyuma yuko byanze ko ayisohorera mu…
Nyuma yuko binaniranye ko amurikira album ye mu gihugu cy'Ubufaransa nkuko yara yabiteganije, umuhanzi Danny Vumbi yiyemeje kumurikira album ye ya gatatu ku mbuga nkoranyambaga
Bwana Semivumbi Daniel uzwi cyane ku kabyiniriro ka!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ngwino Mama” indirimbo nshya ya Dimpoz NICK
Nick DIMPOZ yashyize hanze indirimbo yise"Ngwino mama" asezeranya abakunzi be ko album ye ya mbere iri hafi.
Umuhanzi Nyaranda akaba ari n’umukinnyi wa za filime uzwi nka Ndayizeye Emmanuel bakunze kwita Nick Dimpoz yashyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 39 irashize Bob Marley ufatwa nk’umwami wa Raggae apfuye
Ku I taliki nk'iyi ngiyi nibwo Bob Marley kugeza ubu ufatwa nk'inkingi ya mwamba muri muzika y'injyana ya Raggae
Ku munsi wa mbere taliki nk'iyi ngiyi z'ukwezi kwa gatanu mu mwaka wa 1981 nibwo inkuru yabaye kimomo ko umuhanzi BOB!-->!-->!-->!-->!-->…
Rurageretse hagati ya Chris Brown n’umugore uvuga ko yasambanirijwe iwe
Umugore witwa amaze kugeza ku rukiko impapuro za ngombwa zishinja umuhanzi Chris kuba inyuma y'igikorwa cy'ubusambanyi bwamukorewe mu rugo kwa Brown.
Kuri uyu wa kane w'icyumweru gishize taliki ya 16 Mata 2020 nibwo umugore witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Neymar Jr yagaragaye mu gice cya 4 cya Filime ya ‘La Casa de Papel’
Nyuma y'aho umukinnyi w’ikirangirire ku Isi Neymar Jr ukinira ikipe y’Igihugu cy’amavuko cya Brezil, yakabije inzozi ze nk'uko yari yarabitangaje agaragara mu gice cya Kane cya Filime yitwa “Heist Money” cyangwa se “La Casa de Papel”.
!-->!-->!-->…