Browsing Category
Imyidagaduro
Urukiko rwahaye agaciro ubujurire bwa Rayon Sport ku rubanza rwa BAKAME wabatsinze igacibwa miliyoni…
BAKAME aravuga ko Rayon Sport yamwirukanye bitanyuze mu mategeko
Urukiko rwahaye agaciro ubujurire bw'ikipe ya Rayon Sport mu rubanza Eric NDAYISHIMIYE bakunze kwita Bakame yari yatsinzemo ikipe ya Rayon Sport ku kuba yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Drake yaciye umuhigo wa Madonna wari umaze imyaka 12
Drake yaciye umuhigo wo kugira indirimbo nyinshi mu ndirimbo 10 za mbere zikunzwe mu mateka ya Billboard Hot 100 ya Amerika, aca kuri Madonna wari ufite uwo muhigo.
Uyu muhanzi wo muri Canada muri iki cyumweru indirimbo ze, iya 39!-->!-->!-->!-->!-->…
Bernard Makuza wabaye ministre w’intebe yitabiriye isiganwa ry’amagare ryo mu Bugesera
Bernard Makuza wabaye Minisiteri w’Intebe na Perezida wa Sena y’u Rwanda yitabiriye isiganwa ry’amagare ryo kwinezeza hamwe n’Ikipe y’Abagore ya Bugesera Cycling Team.
Ikipe ya Bugesera y’Amagare isanzwe itumira abantu batandukanye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Amateka ya Ngolo KANTE wabaye icyamamare nyuma yo gucuruza ibisheke mu ngorofani
N’Golo Kante yavutse taliki ya 29 Werurwe 1991 mu murwa mukuru w’Ubufaransa Paris. Avuka mu muryango ukennye w’abimukira bakomoka muri Mali baje mu Bufaransa mu gushaka amaramuko.
N’Golo Kante ni imfura mu muryango w’abana bane!-->!-->!-->!-->!-->…
Kanye West yatangaje ko “ari kugerageza gutandukana na Kim Kardashian”
Kanye West, umuhanzi ubu uvuga ko ashaka kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika, yanditse kuri Twitter uyu munsi kuwa gatatu ko ari kugerageza gutandukana n'umugore we Kim Kardashian, nyuma gato ubwo butumwa ahita abusiba.!-->!-->!-->…
Kanye West Yasabye Jay-Z kumubera Visi Perezida mu gihe yatorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe…
Mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru, Kanye West yavuze ko yamaze kugusaba umuraperi w'inshuti ye magara basangiye ikamba Jay-Z kuzamubera Visi Perezida mu gihe yaramuka atorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
KING James yanze kugira icyo avuga ku indirimbo ari gutegurana na Knowless
Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James, mu minsi ishize hagiye hanze ifoto ari ku cyicaro cya Kina Music ari kumwe na Butera Knowless bivugwa ko bagiye gukorana indirimbo, gusa uyu muhanzi yaruciye ararumira ubwo yabazwaga kuri!-->!-->!-->…
“…Navuguse umuti, indirimbo muzayibona vuba” Joseph Habineza
Joseph Habineza yongeye atangaza ko indirimbo ye iri hafi gusohoka
Nyuma y'aho uwahoze ari ministre mu Rwanda atangarije ko agiye gushyira hanze indirimbo, abantu benshi bakomeze kumwandikira binyuze ku rukuta rwe rwa twiter!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Shanitha yasubukuye ibikorwa byo gufasha abangavu batewe inda zitateganijwe.
Umunyana Shanitha wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2018 akaza no guhagararira u Rwanda muri Miss Supranational, yongeye guhagurutsa ubukanguramba yakoraga bwo kurwanya inda mu bana b’abangavu no kubafata gusubira ku ishuri!-->!-->!-->…
Joseph Habineza wigeza kuba ministre w’umuco mu Rwanda agiye gushyira hanze indirimbo.
Bwana HABINEZA JOSEPH wahoze ari ministre w'umuco na siporo mu Rwanda yatangaje ko agiye gusohora indirimbo mu minsi ya vuba
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter Bwana HABINEZA Joseph yashyizeho amafoto ari muri Studio, atangaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Umuhanzi Lil Marlo yarasiwe muri Atlanta ahita apfa mu ijoro ryakeye!
Umuraperi Rudolph Johnson uzwi nka Lil Marlo yasanzwe mu mudoka ye yarashwe arapfa nk’uko byatangajwe na Police.
Inzego za Polisi zemereye TMZ ko bamenye iby’urupfu rwa Lil Marlo bahamagawe kuri telefoni bakabwirwa iby’impanuka yabereye!-->!-->!-->…
Zari wahoze ari umugore wa Diamond yavuze agahinda afite kuba atarabona umugabo umunyuze
Zari wahoze ari umugore wa Diamond, yavuze ko afite agahinda gakabije kuko kuva atandukana na Diamond atari yabone undi mugabo unyuze umutima we.
Zarinah Hassan ‘Zari The Boss Lady’ wamenyekanye cyane ku kabyiniriro ka "ZARI"!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Burakari Bwinshi,Jose Mourinho Yasohotse Mu Kiganiro N’itangazamakuru Ntacyo Avuze
Umutoza w'ikipe ya Tottenham Hotspurs yasohotse ahari hateganyijwe kubera ikiganiro n'itangaza makuru nyuma yo kunganya umukino n'ikipe ya Bournemouth bitewe n'ikoranabuhanga.
Nyuma yo kumara umwanya munini ategereje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese koko umwana bivugwa ko ari uwa Bruce Melody umaze imyaka itanu abayeho ate?
Bruce Melody yongeye kuvuga ko atari we Se w’umwana wigeze kuzanwa n’umukobwa witwa Diane akamushyira ku modoka ya Bruce Melody muri 2015 amusanze mu kabari i Nyamirambo, ariko nyina w’umwana we na n’ubu akavuga ko abizi neza ko umwana ari!-->…
Umuhanzi Kidumu yasobanuye icyatumye yikubita hasi ari ku rubyiniro
Nyuma y'aho yituriye hasi ari ku rubyiniro, Bwana Kidumu yasobanuuye uko byagenze anavuga kubakomeje kumubika kandi akiri muzima
Ku cyumweru taliki ya 5 Nyakanga ubwo yari ataramiye abakunzi be kuri Youtube afatanije na band ye!-->!-->!-->!-->!-->…