Browsing Category
Iyobokamana
Ngororero: Polisi yataye muri yombi umu motari wakoreshaga perimi y’impimbano.
Abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bakorera mu Karere ka Ngororero kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Nzeri bafashe uwitwa Nkurunziza Alex w’imyaka 28 atwaye moto akoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw'uruhimbano rufite!-->!-->!-->…
Musenyeri Eduard Sinayobye ati: Nzakora iyogezabutumwa rishingiye ku kivandimwe nk’uko…
Umuhango wo kwimika Musenyeri mushya wa Diyoseze ya Cyangugu, Edouard Sinayobye, wabaye kuri uyu wa Kane tariki 25 Werurwe 2021, ubera muri Diyoseze ya Cyangugu uyobowe n’intumwa ya Papa mu Rwanda, Musenyeri Andrzej Józefowicz, wasabye!-->…
Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda ryafunguye kaminuza izigisha iby’iyobokamana.
Itorero Angilikani ry’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Werurwe 2021 ryafunguye ku mugaragaro Kaminuza ya East African Christian College yitezweho kuzamura ubumenyi bw’abigisha b’ijambo ry’Imana mu madini n’amatorero mu Rwanda,!-->!-->!-->…
Padiri Ubald wari umaze igihe yitabye Imana yasezeweho bwa nyuma.
Padiri Ubald Rugirangoga yasezeweho bwa nyuma mu gitambo cya Misa cyabereye i Kigali, muri Kiliziya Gatolika ya Paruwasi Regina Pacis i Remera, hibukwa ibikorwa byamuranze birimo kwimakaza ubumwe n’ubwiyunga mu Banyarwanda.
Padiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda habonetse umurambo w’umugabo
Mu ishyamba rya kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hongeye hatoraguwe umurambo w’umugabo witwa Mpumuje Athanase wakoraga ubukarani mu mujyi wa Huye.
RIB yatangiye iperereza ngo hamenyekane icyateye urupfu gusa ababonye uyu murambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Kambanda yimitswe aba “Cardinal”
Mu muhango wabereye I Vatican muri Basilika ya St Pierre,Nyiricyubahiro Karidinali Antoine Kambanda yimitswe ku mugaragaro na Papa Francis kuba umukaridinali,aba umunyarwanda wa mbere ubigezeho.
Musenyeri Antoine Kambanda yari kumwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore ubutumwa Pr. P.KAGAME yageneye Musenyeri KAMBANDA uherutse kugirwa karidinari
Prezida wa Repubulika Paul KAGAME yageneye ubutumwa Musenyeri KAMBANDA Antoine Vatikani iherutse kugira karidinari.
Ku cyumweru gishize taliki ya 25 Ukwakira 2020, nibwo Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya y’Epfo: Abahamya ba Yehova bahawe igihano nsimburagifungo nyuma yo kwanga kujya mu…
Abahamya ba Yehova bo muri Koreya y'epfo, bitewe n'imyemerere yabo banze ibitegekwa n'igihugu byo kumara igihe mu gisirikare, ubu bageze muri gereza, ariko, ku nshuro ya mbere, ntabwo bari yo nk'abahamwe n'icyaha.
Ahubwo, ubu bariyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: kuva ejo kugera ku cyumweru bazasengera Covid-19 ngo irangire
Ku italiki ya 09 niya 10 Ukwakira mu gihugu cya Kenya hateganyijwe amasengesho yo gusengera Covid-19 kugira ngo irangire burundu mu gihugu.
Mu ntangiriro z'iki cyumweru perezida Uhuru Kenyattta wa Kenya yatangaje ko agiye gusaba!-->!-->!-->!-->!-->…
RGB yashyizeho Pasiteri NDAYIZEYE Isaie ku buyobozi bwa ADEPR by’agateganyo.
Pasiteri Ndayizeye Isaïe yagizwe Umuyobozi wa Komite y’Inzibacyuho ya ADEPR mu gihe cy’amezi 12 ashobora kongerwa, akaba anahagarariye umuryango mu rwego rw’amategeko.
Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kane n’Urwego rw’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Byakomeye: Itorero ADEPR rigeze aho rifatirwa ibyemezo na Leta ku miyoborere yaryo idahwitse.
Amakuru dukesha imvaho nshya , nuko urwego rw'igihugu rw'imiyoborere myiza ( RGB) rwafashe ikemezo cyo gukuraho inzego z'ubuyobozi bw'ADEPR harimo na Biro Nyobozi, ibyo bikaba byakozwe none kuwa 2 Ukwakira 2020, Nyuma yo gusuzuma!-->!-->!-->…