Browsing Category
Izindi nkuru
HRW irashinja Leta y’u Rwanda kumarira ku icumu abatavuga rumwe nayo
Umuryango Human right watch urashinja Leta y'u Rwanda kubangamira uburenganzira bw'abatavuga rumwe nayo.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 16 Werurwe 2022, umuryango Humana right watch uharanira uburenganzira bwa muntu washyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Ikamyo yari itwaye isukari yakoze impanuka umushoferi wayo arapfa
Imodoka yari ivuye Kimironko yerekeza mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, yacitse feri igwa munsi y’umuhanda umushoferi wari uyitwaye ahita apfa.
Ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Werurwe 2022 nibwo iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Polisi yafashe uwacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe
Polisi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano, kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe yafatiye mu cyuho umugabo witwa Uwiragiye Felecien w’imyaka 20, abitse ibiro 139,5 by'amabuye y'agaciro yo mu bwoko bwa "Wolfram"mu nzu atuyemo.!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagabiye inka z’inyambo umuhungu wa Museveni.
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 15 Werurwe 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagabiye inka z’Inyambo Lt Gen Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.
Perezida Kagame yagabiye uyu muhungu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yavuze uburyo umwuzukuru we yamusanze mu kazi amwibutsa kujya kuruhuka
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umwuzukuru we yamusanze mu biro amusaba gutaha.
Umwe mu basizi b'Abanyarwanda bakomeye b'ibihe byose uzwi nka Nyakayonga mwene Musare wa Kalimunda niwe washyize hanze igisigo yise!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yanyomoje amakuru yiriwe avuga ko Ndimbati yaba yafunguwe.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwanyomoje amakuru yari yiriwe avugwa ku mbuga nkoranyambaga ko Ndimbati yafunguwe
Nyuma y'aho bimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byariwe byandika ko uwitwa Ndimbati umaze iminsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: haravugwa urupfu rw’umugore n’umugabo bikekwako rwatetwe n’imvura nyinshi
Umugabo w’imyaka 65 n’umugore we w’imyaka 72 b’i Rusatira mu Karere ka Huye, mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe 2022, basanzwe bapfuye, bari mu gitaka no mu byatsi byamanuwe n’umuvu waturutse ku mvura nyinshi.
Bivugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Obama wigeze kuyobora USA yarwaye covid-19
Uwahoze ar Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Barack Obama yarwaye Covid-19.
Bwana Barack OBAMA, umwirabura umwe rukumbi wayoboye Leta Zunze ubumwe za Amerik, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, kuri iki cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuherwe Nick Candy yagaragaje inyota yo kugura ikipe ya Chelsea imaze iminsi iri ku isoko
Umuherwe w'umwongereza akaba n'umukunzi ukomeye w'ikipe ya Chelsea yagaragaje ko nawe afite inyota yo kugura iyo kipe imaze iminsi iri ku isoko
Umuherwe w'Umwongereza akaba n'umufana ukomeye w'ikipe ya Chelsea uzwi ku izina rya Nick!-->!-->!-->!-->!-->…
Iraq: Abaturage bazindukiye mu myigaragambyo kubera izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa.
Ibihumbi by'abaturage bazindukiye mu myigaragambyo mu mihanda ya Bagdad basaba Leta yabo kumanura ibiciro by'ibiribwa bimaze kwikuba akarenga gatatu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 9 Werurwe 2022, abihumbi by'abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
“Muhoozi aracyari umusirikare wa Uganda” Umuvugizi wa UPDF
Umuvugizi w'igisirikare cya Uganda yatangaje ko kugeza ubu atarabona urwandiko rwa Muhoozi Kainerugaba rusaba gusezera mu gisirikare, bityo ko uwo mugabo akiri umusirikare mu ngabo z'igihugu UPDF.
Nyuma y'aho kuri uyu wa kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyiransengimana wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa NYIRANSENGIMANA Claudine Mwene XXX na Nyiramafaranga utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rubavu, Umurenge wa Kanama, mu Kagari ka Mahoko ho mu mudugudu wa Nyamugari yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
Nyanza : 97 basabye imbabazi abo biciye muri jenoside
Abagore n’abagabo bo muri Paruwasi ya Nyanza Centrale ya Nyamure na Mubuga. Bari bamaze umwaka bahabwa inyigisho z’isanamitima hagamijwe komorana ibikomere no kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge.
Abahawe imbabazi n’abo biciye ababo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Babiri bakurikiranweho gukwirakwiza urumojyi mu baturage
Polisi yafashe abantu babiri bakekwaho gukwirakwiza urumogi mu turere twa Rulindo na Nyabihu, kuwa mbere tariki ya 7 Werurwe 2022, mu mukwabu wo gufata abantu bakwirakwiza urumogi mu baturage mu bice bitandukanye by’igihugu.Abafashwe!-->!-->!-->…
Hamenyekanye ibisabwa ku bacancuro b’Abanyafrika bifuza kujya gufasha Ukraine
Ambasaderi wa Ukraine muri Nigeria yatangaje ko abanyafrika b'abacancuro bifuza kujya gufasha Ukraine bagomba kubanza gutanga amadorari 1000.
Mu cyumweru gishize nibwo ambasade ya Ukraine mu gihugu cya Senegal yatangaje ko iri!-->!-->!-->!-->!-->…