Browsing Category
Izindi nkuru
STECOMA irasaba abakoresha kwita ku bafundi bakajya babahembera ku ma konti, ndetse…
Mu gihe, imyumvire y’abakoresha n’abakozi yahindutse, umukoresha akumva ko akwiye guhembera umukozi we kuri konte, akamugenera ubwiteganyirize n’ubwishingizi, bizahindurira ubuzima bw’umukozi , binafashe umukoresha guhabwa sirivise!-->!-->!-->…
MIFOTRA yatangaje ko ibizamini by’akazi ka Leta bizajya bikorwa mu ikoranabuhanga.
Ministeri y'abakozi ba Leta yatangaje ko ibizamini by'akazi ka Leta bitazongera gukoreshwa ikaramu, ko ahubwo bizajya bikorwa mu ikoranabuhanga.
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yatangaje ko nta kigo cya leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Steven Mutabazi, umwe mu bahanga u Rwanda rwari rufite mu ikoranabuhanga yitabye Imana
Mutabazi Steven wari mu bahanga u Rwanda rwari rufite mu bijyanye n’ikoranabuhanga ndetse akaba ari nawe wakurikiranye igitekerezo cy’umushinga wa Kigali Innovation City mu ntangiriro, yitabye Imana.
Mutabazi kuri ubu yari umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurundi wavuze ko ashaka gutanga imfashanyo y’ibigori ku mpunzi za Ukraine yahawe…
Umugabo w'Umurundi witwa Adrien arifuza gutanga imfashanyo y'ibiro 100 z'ibigori ku mpunzi z'Abanya Ukraine, yahawe urw'amenyo na bagenzi be babyita ko ari kwibonekeza ku bazungu.
Hari umugabo w'Umurundi witwa Adrien Nimpagaritse wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Cardinal Antoine Kambanda ari i Burundi, yakiriwe na Perezida Ndayishimiye Evariste
Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali akaba n'umuyobozi wa Diyosezi ya Kibungo yagiriye uruzinduko i Burundi abonana na Perezida Evariste Ndayishimiye.
Kuri uyu wa kane taliki ya 17 Werurwe 2022, mu gihugu cy'u Burundi, mu Ntara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
HRW irashinja Leta y’u Rwanda kumarira ku icumu abatavuga rumwe nayo
Umuryango Human right watch urashinja Leta y'u Rwanda kubangamira uburenganzira bw'abatavuga rumwe nayo.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 16 Werurwe 2022, umuryango Humana right watch uharanira uburenganzira bwa muntu washyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Ikamyo yari itwaye isukari yakoze impanuka umushoferi wayo arapfa
Imodoka yari ivuye Kimironko yerekeza mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, yacitse feri igwa munsi y’umuhanda umushoferi wari uyitwaye ahita apfa.
Ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Werurwe 2022 nibwo iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Polisi yafashe uwacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe
Polisi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano, kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe yafatiye mu cyuho umugabo witwa Uwiragiye Felecien w’imyaka 20, abitse ibiro 139,5 by'amabuye y'agaciro yo mu bwoko bwa "Wolfram"mu nzu atuyemo.!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagabiye inka z’inyambo umuhungu wa Museveni.
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 15 Werurwe 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagabiye inka z’Inyambo Lt Gen Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.
Perezida Kagame yagabiye uyu muhungu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yavuze uburyo umwuzukuru we yamusanze mu kazi amwibutsa kujya kuruhuka
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umwuzukuru we yamusanze mu biro amusaba gutaha.
Umwe mu basizi b'Abanyarwanda bakomeye b'ibihe byose uzwi nka Nyakayonga mwene Musare wa Kalimunda niwe washyize hanze igisigo yise!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yanyomoje amakuru yiriwe avuga ko Ndimbati yaba yafunguwe.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwanyomoje amakuru yari yiriwe avugwa ku mbuga nkoranyambaga ko Ndimbati yafunguwe
Nyuma y'aho bimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byariwe byandika ko uwitwa Ndimbati umaze iminsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: haravugwa urupfu rw’umugore n’umugabo bikekwako rwatetwe n’imvura nyinshi
Umugabo w’imyaka 65 n’umugore we w’imyaka 72 b’i Rusatira mu Karere ka Huye, mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe 2022, basanzwe bapfuye, bari mu gitaka no mu byatsi byamanuwe n’umuvu waturutse ku mvura nyinshi.
Bivugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Obama wigeze kuyobora USA yarwaye covid-19
Uwahoze ar Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Barack Obama yarwaye Covid-19.
Bwana Barack OBAMA, umwirabura umwe rukumbi wayoboye Leta Zunze ubumwe za Amerik, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, kuri iki cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuherwe Nick Candy yagaragaje inyota yo kugura ikipe ya Chelsea imaze iminsi iri ku isoko
Umuherwe w'umwongereza akaba n'umukunzi ukomeye w'ikipe ya Chelsea yagaragaje ko nawe afite inyota yo kugura iyo kipe imaze iminsi iri ku isoko
Umuherwe w'Umwongereza akaba n'umufana ukomeye w'ikipe ya Chelsea uzwi ku izina rya Nick!-->!-->!-->!-->!-->…
Iraq: Abaturage bazindukiye mu myigaragambyo kubera izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa.
Ibihumbi by'abaturage bazindukiye mu myigaragambyo mu mihanda ya Bagdad basaba Leta yabo kumanura ibiciro by'ibiribwa bimaze kwikuba akarenga gatatu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 9 Werurwe 2022, abihumbi by'abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…