Browsing Category
Izindi nkuru
Sobanukirwa amavu n’amavuko y’Umuganura, umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Mu gihe buri wa 5 wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura, abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari ugusigasira umurage w’u Rwanda kuko umuganura ukubiyemo indangagaciro zirimo kwishimira!-->!-->!-->…
A South Korean lawmaker has come under fire for her outfit. Her offense? She wore a dress
Ryu Ho-jeong wore a dress to South Korea's legislative assembly on Tuesday.
A barrage of online abuse directed at a South Korean lawmaker over her choice of attire has sparked a debate in the East Asian nation, where women have long!-->!-->!-->!-->!-->…
Ho-Jeong umudepite wo muri Koreya y’epfo yokejwe igitutu nyuma yo kugaragara yambaye agakanzu…
Depite Ryu Ho-Jeong yokejwe igitutu n’abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Koreya y’Epfo nyuma y’amafoto ye yasakaye amugaragaza ari mu Nteko Ishinga Amategeko yambaye ikanzu ngufi.
Depite Ryu Ho-Jeong w’imyaka 28 ni we muto mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Sobanukirwa n’umunsi mpuzamahanga wa “BYERI” wizihijwe uyu munsi.
Ku nshuro ya 13 isi yizihije umunsi mukuru wa byeri
Uwa gatanu wa mbere wa buri kwezi kwa munani isi yizihiza umunsi mukuru wa byeri ku rwego rw'isi, uwo munsi watangiye kwizihizwa mu mwaka wa 2007 n'itsinda ry'abantu bagera kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Denise Coates niwe mugore uhembwa agatubutse ku isi
Denise Coates ukorera kompanyi y'amahirwe niwe mugore uhembwa amafranga menshi ku ishi.
Uno mugore DENISE COATES ukorera ikigo gicuruza imikino y'amahirwe izi nka betting yitwa Bet 365 niwe mugore uhembwa amafranga menshi ku isi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari abayobozi basabwe gutanga ubusobanuro nyuma yo kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
Abayobozi bane bo mu murenge wa Busasamana basabwe ubusobanuro banashyikirizwa akanama gashinzwe imyitwarire kubera umupira w’amaguru uherutse kubera ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Paruwasi ya Busasamana.
Abo bayobozi ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune yahaye amazu yari yarasezeranije abakinnyi muri 1990
Ikipe y'igihugu ya Cameroun yamamaye cyane mu gikombe cy'isi mu 1990 mu Butaliyani nibwo igiye guhabwa inzu abayigize bemerewe na Perezida Paul Biya mu myaka 30 ishize.
Batatu mu bari bagize iyo kipe; Louis Paul Mfede, Benjamin!-->!-->!-->!-->!-->…
Sheikh Ramadhan yavuze ko 100,000$ airiyo ari gutera amakimbirane mu idini rya Islam muri iyi minsi
Hamaze iminsi havugwa umwuka utameze neza mu idini rya Islam, biravugwa ko impamvu ibitera ari amafranga. (photo Umuseke)
Mu minsi ishize umuyobozi w'aba Islam mu Rwanda Sheikh SALIM HITIMANA yavuzweho ko yaba afite abantu bitwaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Kunyereza umutungo wa Leta bitumye abakozi 16 harimo na ba Gitifu 5 bahagarikwa ku mirimo…
Akarere ka Rutsiro kahagaritse by’agateganyo abakozi 16 barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge 5 bose bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta.
Ubutumwa aka karere ka Rutsiro kashyize kuri Twitter bugira buti "Ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuholandi yakoze kamashini kazajya gafasha abashaka kwiyahura bagapfa neza
Umugabo witwa Dr. Philip Nitschke, wo mu gihugu cy’ubuholandi yavuze ko mu gihe cya vuba azaba yashyize hanze imashini, izajya ifasha abashaka kwiyahura ku buryo bazajya bapfa mu buryo buboroheye, mu kanya gato kandi batababaye.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Bamwe mu banyeshuri bamaze kujya mu birombe kwikorera amatafari!
Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo na Ndera usanga abana baramaze kuyoboka mu bishanga kwikorera amatafari kuko usanga nabamwe mubabyeyi ntacyo bibabwiye.
Hashize amezi atanu ubwo abanyeshuri basubizwaga mu rugo iwabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 75 irashize Hiroshima iteweho igisasu cya Bombe atomique kihahindura umuyonga
Harashize imyaka igera kuri 75 imijyi ya Nagasaki na Hiroshima hatewe ibisasu bya Kirimbuzi bihindura iyo migi umukungugu.
Hari Ku itariki ya 6 Kanama umwaka wa 1945, ubwo Ingabo za Amerika ni zateye igisasu cya kirimbuzi ku Mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abize ubuvuzi bw’amenyo basaga 500 bize muri UR babangamiwe na diplôme bavuga ko ‘zihabanye…
Bamwe mu bavuzi b’amenyo bize mu cyahoze ari Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Kigali (KHI) barasaba ko inyito y'impamyabumenyi bahawe " Dental Therapy" yahinduka kuko ngo hari amahirwe amwe n’amwe ibabuza arimo nko gukomeza amasomo yabo!-->!-->!-->…
Liban: Abategetsi bo ku cyambu bafungishijwe ijisho, abaturage barakaye barasaba ubutabera
Leta ya Liban ivuga ko abategetsi benshi bo ku cyambu cya Beirut ubu bafungishijwe ijisho hategerejwe ko iperereza ritangira ku iturika rikaze ryo ku wa kabiri.
Iryo turika ryahitanye abatari munsi ya 135 naho abarenga 4000!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Zhang Yuhuan wari umaze imyaka 27 afungiye kwica basanze ari umwere ararekurwa
Umugabo wo mu burasirazuba bw'Ubushinwa yagizwe umwere ku cyaha cy'ubwicanyi ahita arekurwa nyuma y'imyaka 27 afunze.
Zhang Yuhuan akomeza kwemeza ko yakorewe iyicarubozo na polisi kugira ngo yemere ko yishe abahungu babiri mu 1993.!-->!-->!-->!-->!-->…