Browsing Category
Izindi nkuru
Prezida Donald Trump yapfushije murumuna we
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yapfushije murumuna we witwa Robert Trump w’imyaka 71 y’amavuko.
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko murumuna we witwa Robert Trump w’imyaka 71!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss MWISENEZA Josiane yambitswe impeta y’urukundo.
Mwiseneza Josiane ni Umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’U Rwanda mu mwaka wa 2019 akaba ndetse ari n’umwe mu bakobwa bavuzwe cyane ndetse akanakundwa na benshi kubera kwigirira ikizere no gukora ibyo abandi!-->!-->!-->…
Ubudage: Umuhanzi Cassy Nyemba yahanutse hasi arapfa ubwo yahungaga umukunzi we washakaga kumwica
Umuhanzikazi w'umunya Zambiya wiberaga mu Budage yahanutse kuri etage arapfa ubwo yahungaga umugabo we washakaga kumwica.
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Zambia ariko wabaga mu Budage witwa Cassy Nyemba yavunitse imbavu,umugongo!-->!-->!-->!-->!-->…
Angola: Filomeno dos Santos umuhungu w’uwahoze ari prezida yakatiwe igifungo k’imyaka 5
Jose Filomeno dos Santos – umuhungu wa Eduardo dos Santos wahoze ayobora Angola – yahamijwe icyaha cy’uburiganya, akatirwa gufungwa imyaka itanu.
Dos Santos w’imyaka 42 yatangiye kugezwa imbere y’urukiko mu Ukuboza 2019, ashinjwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abajyanama mu by’ubuhinzi bahawe amagare azabafasha mu bukangurambaga mu buhinzi
Abafashamyumvire mu buhinzi 128 bashyikirijwe amagare azabafasha mu ngendo z'ubukangurambaga ku buhinzi. Abahawe amagare ni abari mu matsinda aterwa inkunga n'umushinga world Vision Rwanda mu mirenge 8 yo mu karere ka Nyagatare.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Olivier NDUHUNGIREHE yashimiye Prezida KAGAME wongeye kumugirira ikizere amugira Ambasaderi
Nyuma yo kongera guhabwa akazi nka ambasaderi mu gihugu cy'Ubuholande, Olivier NDUHINGIREHE yashimiye prezida wa Repubulika wongeye kumugirira ikizere.
Nyuma yaho inama y'abaministre yateranye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guhera none nta Moto yemerewe gukora mu mugi wa Kigali idafite mubazi
Guhera uyu munsi taliki ya 15, moto zose zikorera muri kigali idafite mubazi ifasha kumenya ibirometero umugenzi yagenze.
Ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda RURA cyatangaje ko guhera kuri uyu wa 15 Kanama 2020, Moto zikorera mu mugi!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’Ubushinwa irasaba abaturage kudasigaza ibiryo ku isahani
"Kweza isahani" ni ubukangurambaga bushya bwatangijwe mu Bushinwa.
Nyuma yuko Perezida w'Ubushinwa Xi Jinping avuze ko ingano y'ibyokurya bimenwa iteye ubwoba, ubushinwa bwatangije ubukangurambaga bwahawe izina ryo "kweza isahani"!-->!-->!-->…
Ibisabwa insengero ngo zisengerwemo hirindwa Covid-19 bikomeje ku tavugwaho rumwe…
Harikugenga humvikana abica amabwiriza yokwirinda Covid-19 ugasanga bagiye mu mashyamba bita Ubutayi mu migezi, mu buvumo hirya no hino mu gihugu, None bamwe mu bapasitoro bo mu byaro babona ibyo basabwa kugira ngo insengero zabo!-->…
Umuvugizi wa Polisi yasobanuye impamvu ShaddyBoo na Bruce Melody batawe muri yombi
Polisi yemeje amakuru yuko Shaddyboo na Melody bafunze bazira kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda no gukumira icyorezo cya coronavirus
Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Mwalimu Ndayisaba Fidèle yatawe muri yombi nyuma yo kwiba sima
Umwalimu witwa Ndayisabye yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho yiba sima igenewe kubaka amashuri
Bwana NDAYISABYE Fidèle w'imyaka 32 ukora muri GS MPISHYI yafatiwe mu cyuho yibye sima zigera kuri 4 azigurisha n'umuturage ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Myugariro w’ikipe ya Gent yangiritse bikomeye ku gitsina bisaba ko bakidoda
Gent Igor Plastun yangiritse bikomeye ku gitsina ubwo yari mu kibuga bisaba ko bakidodesha indodo.
Bwana GENT IGOR Plastun myugariro w'umunya Ukraine yaraye ahue n'akaga gakomeye ubwo yasekuranaga bikomeye n'umunyezamu w'ikipe bose!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yasabye abarangije muri UGHE kugira uruhare mu gukemura ibibazo biri mu buzima
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abanyeshuri bahawe impamyabushobozi z’icyiciro cya 3 muri Kaminuza ya University of Global Health Equity iri i Butaro mu Karere ka Burera, kwifashisha ubumenyi bahawe mu gukemura!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Akarere kashyize ku isoko imitungo yose yasizwe na banyirayo
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyarugenge bwashyize ku isoko imitungo yose iherereye muri ako Karere yasizwe na banyirayo.
Mu itangazo ryashyizweho umukono kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Kanama 2020 na Madame Umutoni Teddy umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Hatashywe ibyumba by’amashuri 51 n’ubwiherero 108 byubatswe ku nkunga ya Banki…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere mu Karere ka Ruhango hatashywe ibyumba by'amashuri 51 n'ubwiherero 108
Ku gicamunsi cyo kuri uyu 10/08/2020 mu mu Karere ka Ruhango hatashywe ku mugaragaro ibyumba 51 by'amashuri n'ubwiherero 108!-->!-->!-->!-->!-->…