Browsing Category
Izindi nkuru
Gakenke:Ikamyo yaritwaye kawunga yafashwe n’inkongi irashya irakongoka
Mu muhanda Kigali- Musanze habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo nini yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka gusa amakuru avuga ko nta muntu wayipfiriyemo kuko umushoferi yabashije kuyivamo ari muzima.
Iyi nkongi yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare:uwari umukozi ushinzwe uburezi mu Murenge yasezeye kubera kurenga ku mabwiriza yo gukumira…
Ku Cyumweru tariki ya 30 Kanama 2020, ni bwo uwari umukozi ushinzwe uburezi mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare, Nizeyimana Theobald yagejeje ku buyobozi bw’Akarere ibaruwa ihagarika akazi ku mpamvu ze bwite.
mu karere ka!-->!-->!-->…
Rusizi:Abo mu kigo gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli basobanuye icyateye igabanyuka ry’amazi…
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli butangaza ko ibyabaye ku mashyuza mu Karere ka Rusizi bitatewe n’imitingito ahubwo byatewe n’imiterere y’amashyuza n’amabuye yaho, byakwiyongera ku ntambi zaturitse bigatuma!-->…
KAYONZA:Umugabo yiyahuye kubera gukeka ko umugore we amuca inyuma bi muviramo urupfu.
ni kenshi hakunze humvikana gucana inyuma mu bashakanaye nyamara ntibibonerwe gihamya ariko uvugako bamuciye inyuma agakomeza kubyemeza.Umugabo witwa Uwiringiyimana Justin wari ufite imyaka 33 atuye mu Murenge wa Kabare mu Karere ka!-->…
Huye: Veterineri w’umurenge na Mwalimu mu barajwe muri stade kubera kunanirwa kutubahiriza…
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2020, mu Karere ka Huye hafashwe abantu 32 saa moya zageze bakiri mu muhanda bataragera mu rugo.
Muri bo harimo abagore batatu, hakabamo umwe wahararanye n’umugabo we kuko ngo bafatiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Imyigaragambyo y’abamagana Urugomo rwa Polisi i Washington DC
Uyu munsi, abantu ibihumbi n'ibihumbi barateganya gukora imyigaragambyo Washington D.C., umurwa mukuru wa Leta zunze ubumwe z'Amerika, bagamije kwamagana ivanguramoko n'urugomo rwa polisi ku baturage b'Abirabura.
Aba baturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abamugariye ku rugamba basaga 100 bahawe telefone zigezweho zizabafasha mu itumanaho
Abamugariye ku rugamba 100 bo mu Karere ka Nyagatare bahawe banashyikirizwa terefoni zo mu bwoko bwa smartphones zizabafasha mu itumanaho ndetse no mu bundi buzima bwabo busanzwe.
Igikorwa cyo guha no gushyikiriza terefoni!-->!-->!-->!-->!-->…
R.KELLY arasaba gufungurwa nyuma yaho akorewe ihohoterwa n’abagororwa bagenzi be
Umunyamategeko wa Robert Kelly yasabye ko arekurwa nta nteguza, nyuma y'uko akubiswe n'uwo bafunganye muri gereza.
Steve Greenberg yavuze ko umukiriya we yasagariwe muri gereza ya Chicago aho afungiye ategereje urubanza ku birego!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abagera ku 10 bakubiswe n’inkuba ubwo bakinaga umupira.
Abana 10 bapfuye nyuma y'uko akazu k'ibyatsi bari bugamyemo imvura gakubiswe n'inkuba mu mujyi wa Arua mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda.
Ejo ku wa kane nimugoroba, aba bana barimo bakina umupira w'amaguru maze imvura!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikiciro cya mbere k’impunzi z’Abarundi zabaga mu Rwanda zatangiye gutaha iwabo
Mu gitondo cyo kuri wa kane impunzi z'Abarundi zabaga i Mahama zatangiye gutaha iwabo mu Burundi.
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Kanama 2020, impunzi z’Abarundi 471 zisabiye gusubira mu gihugu cyazo zafashijwe gutaha, akaba ari ryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Wardha w’imyaka 12 wari umaze gupfa yazutse ubwo bamwozaga kugira ngo bamushyingure
Umukobwa w’imyaka 12 witwa Siti Masfufah Wardah yashyizwe mu buruhukiro bw’ibitaro nyuma y’aho abaganga bavuze ko yapfuye ariko ubwo yarimo kozwa agiye gushyingurwa yakangutse abari baje kumushyingura bagwa mu kantu ariko nyuma yaje!-->!-->!-->…
Amashirakinyoma ku irengero rya Marie Michelle UMUHOZA wari umuvugizi wa RIB bivugwa ko yahungiye…
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwakuyeho urujijo ku irengero rya Marie Michelle UMUHOZA wari umuvugizi w'urwo rwego umaze iminsi atagaragara.
Hashize iminsi zimwe mu mbuga nkoranyambanga ndetse no mu binyamakuru byandikirwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abagabo babiri bateze abagore babo ku mukino wa PSG na Bayern Munich
Abagabo babiri bo mu gihugu cy'Uburundi mu ntara ya Makamba bafana amakipe abiri agiye guhurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ariyo Paris Saint Germain na Bayern Munich bandikiranye urwandiko bavuga ko utsinda undi!-->!-->!-->…
Nyanza:Mwalimu Jean Marie Vianney yibye umuzungu
Arimo arashakishwa n'ubushinjacyaha bw'u Rwanda kuko akekwaho icyaha cyo kuba yaribye ibikoresho byose bya Bar y'umuzungu witwa Serge Dega utuye mu Karere ka Nyanza.
Ku mugoroba wo kuri iyi tariki ya 22 kanama 2020 nibwo umunyamakuru!-->!-->!-->…
Kigali: Ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 400 byatikiriye mu igaraje
Iyi mpanuka yabaye ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa Gatandatu, mu mudugudu wa Karuruma, Akagari ka Kabuye mu murenge wa Jabana muri Gasabo igaraje ry’umugabo witwa Murwanashyaka ryahiye rirakongoka. Hahiriyamo ibifite agaciro!-->!-->!-->…