Browsing Category
Izindi nkuru
Hari bamwe mu baturage bo mu duce twasubijwe muri #Gumamurugo# batari bamenye ko batemerewe kugenda
Hari bamwe mu baturage bo mu midugudu yasubijwe muri gahunda ya guma mu rugo batari bamenye amakuru, batungurwa no kubwirwa ko batemerewe kugendagenda
Mu ijoro ryakeye nibwo ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu yafashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cya Argentine cyashyize ku isoko ahantu Che Guevara yavukiye
Igihugu cya Argentine cyatangaje ko kiri kugurisha inzu n'ikibanza Bwana Ernsto Che Guevara yavukiye
Abayobozi bo mu gihugu cya Argentine batangaje ko buri kugurisha ahantu Ernesto Che Guevara yavukiye. Nyiraho ubu, witwa Francisco!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Prezida NKURUNZIZA arashyingurwa uyu munsi mu ntara ya Gitega
Biteganijwe ko Uwahoze ari prezida w'I Burundi ashyingurwa uyu munsi, abaturage basabwe kujya ku muhanda mu gihe umurambo ujyanwa mu irimbi
Nyuma y'ibyumweru bisaga bibiri uwahoze ari prezida w'igihugu cy'u Burundi Bwana NKURUNZIZA!-->!-->!-->!-->!-->…
umugore yaburiwe irengero nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka 10
mu gihugu cya kenya
mu gihugu cya kenya Police yo mugace kitwa Makueni iri guhiga hasi no hejuru umugore ukuze washoye mu busambanyi umwana w'umuhugu w'imyaka 10 w'umugabo bari murukundo knkuko bivugwa na baturanyi babo muri ako gace
!-->!-->!-->!-->…
Amafoto Ye Yashimishije Benshi Nyuma Yo Kumara Imyaka 12 Atabyara Nyuma Akabyarira Rimwe Abana 6
Amezi icyenda utwite abana batandatu ni ibintu bidasanzwe kandi bidakunze kubaho ndetse ni umutwaro ukomeye kubona umubyeyi utwite bakakubwira ko inda atwite irimo abana 6, ushobora kutabyumva vuba.
Umugore wo mu gihugu cya Nigeriya!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya Ahantu H’amayobera Hatangaje Kurusha Ahandi ku Isi
Kuri iyi si dutuye uzatembera ugerageze kugera kure hashoboka hatandukanye n'aho wageze mbere. Gusa hari aho ushobora kugera cyangwa se wageze ukabona hadasanzwe kuri wowe bitewe n'imimerere yaho.
Nibyo koko hari ibyo uzabona!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Leta ya Gabon yakuyeho igihano kubashakanye bahuje ibitsina
Igihugu cya Gabon cyabaye igihugu cya mbere ku mugabane wa Afrika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara gikuyeho igihano ku batinganyi.
Inteko ishingamategeko umutwe w'abadepite muri Gabon yatoye yemeza kuvana ubutinganyi mu byaha bihanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Arabiya Saoudite yamaze gutangaza ko nta munyamahanga uzemererwa gukorera umutambagiro mutagatifu…
Ubwami bwa Arabiya Saoudite bwamaze gutangaza ko nta munyamahanga uzaturuka hanze uzemererwa gukorera umutambagiro mutagatifu muri icyo gihugu uno mwaka
Umutambagiro mutagatifu ugomba gukorerwa mu gihugu cya Arabiya saoudite ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Yahawe umurambo w’umugabo we warangiritse cyane nyuma y’amezi arenga 3 apfuye
Umubyeyi witwa Esperance yashenguwe umutima no guhabwa umurambo w'umugabo we wari umaze amezi atatu apfuye
Umubyeyi witwa KAKURE Esperance utuye mu Karere ka kicukiro, Umurenge wa Kigarama mu Kagali ka Nyenyeri aravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Amababi y’inturusu yabaye imari ikomeye mu kwifashishwa hirindwa covid-19
Hari abantu bari gucuruza Amababi y'inturusi, ngo ari kwifashishwa mu gukora umuti wo kwirinda Coronavirus
Mu mihanda y'umugi wa Bujumbura mu gihugu cy'Uburundi haragaragara abantu benshi bafite Amababi y'inturusu bari kugenda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yahunze ava iwabo nyuma yuko ateye bashiki be inda mugihe cya”Guma mu rugo”
Muri Afurika y’Epfo, umusore w’imyaka 17 yahunze iwabo nyuma yuko bivugwa ko yateye inda bashiki be babiri batoya muri iki gihe cya guma mu rugo kubera Covid-19 ikomeje kwibasira isi.
Nk’uko byatangajwe kuri Twitter n’umudamu uzwi ku!-->!-->!-->…
Kicukiro: WASAC yavumbuye uruganda rwa Kawunga rwibaga amazi rukoresha!
Ikigo gishinzwe Amazi n’Isukura (WASAC) cyatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 22/06/2020 cyafashe uwitwa M. Nkubana yiba amazi yakoreshaga mu bikorwa by’uruganda rwa Kawunga ruzwi ku izina rya "Akanyange LTD"
Ubutumwa WASAC!-->!-->!-->…
Umugore yihaniye papa we wamusambyanyaga amukata igitsina arangije ajya kugita mu isoko!
Umugore w’imyaka 29 wo mu gihugu cya Thailand yatawe muri yombi nyuma yo guca se umubyara igitsina akoresheje icyuma gikata imigati,amuhora kumufata ku ngufu guhera ku myaka 10 kugeza akuze.
Uyu mugore yavuze ko yatangiye gusambanywa ku!-->!-->!-->…
Inzira zigoye 10 ku isi kurusha izindi abana banyuramo bagiye ku ishuri!
Bamwe mu banyeshuri iyo bajya ku mashuri banyura mu nzira zigoye, aha twatekereza ibyo dukunze kubona kubana, iyo bajya cyangwa bava ku ishuri ukuntu bagenda bakina inzira zose, uzabibona iyo umupira w'umwana usimbukiye mu muhanda,!-->…
MUSANZE: Umugabo n’umugore baguwe gitumo barimo kubaga ihene bibye umugabo amaguru ayabangira…
Byabereye mu mudugudu wa Kiryi mu kagari ka Kigombe mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze
Mu rukerera rwejo ku itariki 19 Kamena 2020 umugore n’umugabo bakekwaho kwiba ihene 2, babaguye gitumo hafatwa umugore n’uwari waje kubafasha!-->!-->!-->…