Browsing Category
Izindi nkuru
Sadate MUNYAKAZI yaraye abonanye n’abahoze bayobora Rayon Sport bamwizeza ubufatanye
Bwana SADATE MUNYAKAZI umuyobozi w'ikipe ya Rayon Sport yaraye ahuye na Bwana MUVUNNYI PAUL amubwira ko amushyigikiye anamwizeza ubufatanye
Ikihe ya Rayon Sport imaze igihe itarimo umwuka mwiza hagati y'abagize komite y'iyo kipe, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashuri yigenga akomeje gusubika amasezerano yabakozi agera 20 yamaze kuyasubika.
Umunyamabanga Mukuru wa Sendika y’abarimu bakora mu bigo by’amashuri yigenga n’abakozi babikoramo (SYNEDUC), Abdon Faustin Nkotanyi, avuga ko bamaze kumenya ibigo 20 byamaze gusubika amasezerano y’akazi ku bakozi babyo biganjemo abarimu.
!-->!-->…
Prezida Paul KAGAME yanikiye Abaprezida bo mu Karere mu Matora.
Prezida wa Republika Paul KAGAME yanikiye bagenzi be bo mu Karere mu Matora y'uwayobora akarere ka Africa y'iburasirazuba.
I kinyamakuru gikomeye cyo mu gihugu cya Kenya kitwa The Kenyans.co.ke cyashyize ku rukuta rwayo rwa twitter!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prezida Yirukanye bamwe mu bayobozi nyuma yo gupima amavuta y’imodoka bagasanga…
Prezida Magufuli wa Tanzaniya ya maze kwirukana u muyobozi w'ikigo gishinzwe gupima indwara zitandukanye
Nyuma y'aho kuri iki cyumweru Prezida wa Tanzaniya Bwana John Pombe MAGUFULI agaragaje impungenge kuri bimwe mu bikoresho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria yasubijwe Miliyoni 300$ yari yaribwe n’uwahoze ari prezida wayo
Igihugu cya Nigeria cyasubijwe Miliyoni 300$ zari zaribwe na Gen San Abatcha azihisha mu ma bank y'iburayi
Igihugu cya Nigeria cyatangaje ko cyakiriye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere amafranga agera kuri Miliyoni 300 $ ya!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri y’Uburezi yahumurije abarimu bari bafite ubwoba bw’umushahara!
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahumurije abarimu ba Leta batarimo gukora nk’uko bisanzwe kubera ihagarikwa ry’amashuri ryatewe na Coronavirus, ko bazakomeza kubona umushahara wabo kugira ngo ukomeze kubafasha ndetse inemeza ko bagiye!-->…
Umuvugabutumwa Joshua uherutse gutangaza amabonekerwa yagize kuri Covid-19,yatangiye urugendo…
Mu gihe icyorezo covid-19 gikomeje gukwirakwira vuba na vuba hirya no hino ku Isi ari nako gitwara ubuzima bwa benshi hakaba hanabuze umuti,Umuvugabutumwa wo mu gihugu cya Ghana Temitope Balogun Joshua (T.B Joshua) uherutse kwemeza ko!-->…
Rwanda:Abakoresha barasabwa kudahirahira basesa amasezerano y’umurimo
Umunyamabanga Mukuru wa Sendika y’abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro na za kariyeri mu Rwanda (Rwanda Extractives Workers Union (REWU), Mutsindashyaka André, arasaba abakoresha kubahiriza itegeko ry’umurimo ntibasese amasezerano!-->…
Pasiteri yambitswe ubusa ku karubanda kubera kwica gahunda ya guma mu rugo
Sudani y’Epfo mu mujyi wa Juba Pasiteri Abraham Chol uyoboye itorero rya Cush International Church yatawe muri yombi abanje kwambikwa ubusa ku karubanda, azira guteranyiriza abayoboke be ku rusengero no kwica amabwiriza ya guma mu rugo!-->…
Perezida Kagame yavuze ku hazaza ha Guma mu rugo, gutera inkunga ibigo byahombye n’abayobozi…
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020,Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame yavuze ko u Rwanda muri iki cyumweru hazaba inama yiga ku ngamba za Guma mu rugo aho yemeje ko hashobora kuzagira bimwe mu bikorwa bifungurwa ndetse!-->…
RIB iraburira abishoye mu bucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane bwitwa 100K for 800K kubuhagarika…
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha bwasabye abanyarwanda bishoye mu bucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane bwitwa 100K for 800K kubuvamo vuba na bwangu kuko bufatwa nk’ubwambuzi bushukana.
Dore uko ubwo bucuruzi buba bupanze
Ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga:Kubera imvura Nyabarongo yafunze umuhanda Muhanga, Ngororero,Mukamira.
Nyuma y’amatangazo ya Rwanda Meteo yaburiraga abanyarwanda ko muri iyi minsi ya nyuma y’ukwezi kwa Mata hazakomeza kugwa imvura nyinshi, bigaragara ko batibeshye kuko hamaze iminsi igwa ubutaruhuka, kugeza n’aho imwe mu mihanda ifungwa.
!-->!-->!-->…
Ministre Ignacienne yateje impaka nyinshi nyuma yo kuvuga ko nta Munyarwanda wabura amafranga 300 yo…
Umunyamabanga wa Leta muri MINALOC Madame Ignacienne yateje imaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yaho avugiye ko nta munyarwanda wabura amafranga 300 yo kugura agapfukamunwa.
Nyuma y’uko ministeri y'ubuzima mu Rwanda itangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Isi ikomeje gushinja umuherwe BILL GATE kuba nyirabayazana w’icyorezo cya covid-19
Inyandiko zisaga ibihumbi magana cyenda zanditswe n'abantu batandukanye zirashyira mu majwi umuherwe BILL GATE kuba nyuma y'icyorezo cya coronavirus kimaze gushegesha isi yose
nyandiko zigera kuri 900,000 zimaze gutambuka ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Benshi mu bakunzi ba Ruhago ntibumva impamvu FERWAFA itari gufasha abanyamuryango bayo mu bihe…
Mu gihe FERWAFA yakomeye ku gitekerezo cy'uko nta mafranga ifite yo kugoboka amakipe, benshi bakunzi ba ruhago barasanga ari ugutererano abanyamuryango bayo mu bihe nk'ibi bikomeye.
Birakomeye ko wamara umunsi wose utumva amakuru ku!-->!-->!-->!-->!-->…