Browsing Category
Izindi nkuru
Mme Louise MUSHIKIWABO yashenguwe umutima n’urupfu rwa Laurent NKUSI wamubereye mwarimu
Madame MUSHIKIWABO Louise yababajwe cyane n'urupfu rwa professeur Laurent NKUSI wamubereye mwarimu akanamusimbura ku mwanya wa ministeri y'itangazamakuru
Mu gitondo cyo cyo kuri uyu wa mbere nibwo inkuru y'urupfu rwa Prof. LAURENT!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. LAURENT NKUSI yaraye yitabye Imana
Prof. LAURENT NKUSI Wigeze kuyobora ministeri y'itangazamakuru yaraye yitabye Imana
Amakuru y'urupfu rwa Professeur Nkusi Laurent rwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere bimenyeshejwe n'umuryango we. Umugore we yabwiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Hari agace abaturage bari kwifashisha amaganga y’inka mu kwirinda Covid-19
Hari abaturage bo mu gace kamwe ko mu gihugu cya Kenya bari kwifashisha amaganga y'inka mu kwirinda ubwandu bwa Covid-19
Mu gihe isi muri rusange iri mu rugamba rwo rwo kurwanya icyorezo cya covid-19, bamwe mu baturage bo mu gace!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yakoreye abakobwa be 4 ibya mfurambi avuga ko Imana ibishyigikiye.
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru iteye isoni n’agahinda, aho umugabo yahohoteye abakobwa be bose uko ari bane, akabasambanya yitwaje ko Imana ishyigikiye ibikorwa bye ku bakobwa be ashingiye kuri Loti wo muri bibiliya.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkari zishobora kujya zifashishwa mu kubaka ku kwezi!
Ikigo cy’abanyaburayi gishinzwe iby’isanzure (ESA ) mu cyumweru gishize cyatangaje ko inkari z’umuntu, umunsi umwe zishobora kuzajya zifashishwa mu kubaka ku kwezi.
ubushakashatsi bwo kubaka ku kwezi burakomeje
Iki kigo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasabye Radio10 kujya ibanza kuyibaza mbere yuko itangaza amakuru ayireba
U buyobozi bwa FERWAFA bwasabye Radio10 kujya babanza kuyibaza mbere yuko itangaza amakuru ayireba kuko byatera ibibazo ku banyamuryango.
Nyuma yaho Abanyamakuru bo mu rubuga rw'I mikino ba Radio 10 batangaje ko hari amakuru bamenye!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Abimukira 14 bagonzwe na gariyamoshi barapfa ubwo bageragezaga gutaha
Abimukira bagera kuri 14 baraye bagonzwe na gariyamoshi barapfa ubwo berekezaga iwabo mu cyaro nyuma yo gutakaza akazi kubera icyorezo cya Covid-19
Mu ijoro ryakeye mu gihugu cy'Ubuhinde mu Ntara ya Madhya Pradesh gari ya moshi!-->!-->!-->!-->!-->…
BNR ya kuyeho yamabwiriza yagenaga amafaranga ntarengwa SACCOs zari zemerewe kubikuriza…
Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, yakuyeho amabwiriza yari yashyizeho agena amafaranga ntarengwa amakoperative yo kubitsa no kugurizanya (SACCOs) yemerewe kubikuriza abanyamuryango bayo muri ibi bihe byo kurwanya Covid-19.
Izo ngamba!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate MUNYAKAZI yaraye abonanye n’abahoze bayobora Rayon Sport bamwizeza ubufatanye
Bwana SADATE MUNYAKAZI umuyobozi w'ikipe ya Rayon Sport yaraye ahuye na Bwana MUVUNNYI PAUL amubwira ko amushyigikiye anamwizeza ubufatanye
Ikihe ya Rayon Sport imaze igihe itarimo umwuka mwiza hagati y'abagize komite y'iyo kipe, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashuri yigenga akomeje gusubika amasezerano yabakozi agera 20 yamaze kuyasubika.
Umunyamabanga Mukuru wa Sendika y’abarimu bakora mu bigo by’amashuri yigenga n’abakozi babikoramo (SYNEDUC), Abdon Faustin Nkotanyi, avuga ko bamaze kumenya ibigo 20 byamaze gusubika amasezerano y’akazi ku bakozi babyo biganjemo abarimu.
!-->!-->…
Prezida Paul KAGAME yanikiye Abaprezida bo mu Karere mu Matora.
Prezida wa Republika Paul KAGAME yanikiye bagenzi be bo mu Karere mu Matora y'uwayobora akarere ka Africa y'iburasirazuba.
I kinyamakuru gikomeye cyo mu gihugu cya Kenya kitwa The Kenyans.co.ke cyashyize ku rukuta rwayo rwa twitter!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prezida Yirukanye bamwe mu bayobozi nyuma yo gupima amavuta y’imodoka bagasanga…
Prezida Magufuli wa Tanzaniya ya maze kwirukana u muyobozi w'ikigo gishinzwe gupima indwara zitandukanye
Nyuma y'aho kuri iki cyumweru Prezida wa Tanzaniya Bwana John Pombe MAGUFULI agaragaje impungenge kuri bimwe mu bikoresho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria yasubijwe Miliyoni 300$ yari yaribwe n’uwahoze ari prezida wayo
Igihugu cya Nigeria cyasubijwe Miliyoni 300$ zari zaribwe na Gen San Abatcha azihisha mu ma bank y'iburayi
Igihugu cya Nigeria cyatangaje ko cyakiriye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere amafranga agera kuri Miliyoni 300 $ ya!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri y’Uburezi yahumurije abarimu bari bafite ubwoba bw’umushahara!
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahumurije abarimu ba Leta batarimo gukora nk’uko bisanzwe kubera ihagarikwa ry’amashuri ryatewe na Coronavirus, ko bazakomeza kubona umushahara wabo kugira ngo ukomeze kubafasha ndetse inemeza ko bagiye!-->…
Umuvugabutumwa Joshua uherutse gutangaza amabonekerwa yagize kuri Covid-19,yatangiye urugendo…
Mu gihe icyorezo covid-19 gikomeje gukwirakwira vuba na vuba hirya no hino ku Isi ari nako gitwara ubuzima bwa benshi hakaba hanabuze umuti,Umuvugabutumwa wo mu gihugu cya Ghana Temitope Balogun Joshua (T.B Joshua) uherutse kwemeza ko!-->…