Browsing Category
Izindi nkuru
Inyoni y’umununi yarwanye n’inzoka ya metero 3 rubura gica ubwo yashakaga gutabara amagi…
Aya mashusho yashyizwe hanze n'umuyobozi w'ikigo gishinzwe amashamba mu Buhinde akaba yaragaragaje inyoni y'umununi irwana n'ikiyoka kinini ishaka gutabara amagi yayo.
Susanta Nanda yavuzeko aya mashusho yafashwe muri 2009 muri Peru!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yakubise umwana we w’imyaka 3aramunoza ngo nuko yahiswe mu gitanda.
Umugore ari mu mazi abira nyuma yo gukubita umwana we w'imyaka itatu akamwangiza mu isura amuziza ko yahiswe mu gitanda
LIB dukeshya iyi nkuru ntiyigeze ivuga amazina yaba ayu mwana cyangwa umugore gusa yatangaje ko abaturanyi aribo!-->!-->!-->!-->!-->…
“…KIYOVU SPORT ntiyigeze itsinda GASOGI UNITED” KNC
Nyuma y'umukino ikipe ye yatsinzemo ikipe ya KIYOVU SPORT, Bwana KNC yavuze ko nubundi ikipe ya KIYOVU SPORT itigeze itsinda GASOGI UNITED
Nyuma y'uko ikipe ya GASOGI UNITED itsinze ikipw ya KIYOVU igitego cyo ku munota wa nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
RUKUNDO Jean wakoreraga ISCO yirashe arapfa
Bwana RUKUNDO JEAN wakoreraga ikigo cya ISCO yirashe ahita arapfa.
Ahagana saa sita na 45 nibwo Bwana RUKONDO Jean ukorera ikigo cy'umutekano cya ISCO mu Karere ka KARONGI yirashe akoresheje imbunda y'akazi ahita arapfa. Amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Reba uburyo Abagore bifashishije imashini ihinga imihanda ikabamanura mu ikamyo bari barimo(Amafoto)
Mu gihugu cy'Ubuhinde hiriwe havugwa ijambo Jugaad rishatse kuvuga umuntu uzi kwishakira ibisubizo bitewe n'uburyo abagore bifashishije imashini ikora imihanda ikabamanura mu modoka baro barimo.
Ni amashusho yazengurutse kuri Twitter!-->!-->!-->…
Umushoferi yakubiswe ingumi na nyiri modo ahita apfa(Amafoto)
Umushoferi wa Taxi yakubiswe nanyiri modoka ingumi ahita apfa mu gace ka Owerri.
Amakuru avugako uriya warutwaye imodoka yo mu bwoko Lexus Jeep yakubitiye umushoferi hafi nahabikwa muri iriya leta ya Imo ibicuruzwa,ubwo rubanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa Radio Rwanda yabajije ikibazo abatura mu rusengero ukuntu babiboneramo umugisha bituma…
Aldo Havugimana uyobora Radio Rwanda abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yashyize ifoto hanze iherekejwe n'amagambo agira ati"Ababisobanukiwe munyibwirire, "Imana" buriya iha umugisha ku bashyize mu dusanduku tungahe?Amaturo, 1/10!-->!-->!-->…
Umubyeyi yakubise umwana we amumena umutwe avuga ko ari kumushyira ku murongo.
Uwitwa Abanikannda Ibraheem yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga yerekana umwana nyina yahondaguye akamumena umutwe avugako ari kumukosora.
Uyu yavuzeko ibi yabibonye kuwa gatandatu w'ukwezi dushoje aho yatangajeko uyu mugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya Y’epfo: Ubwoba bw’ubwandu bwa coronavirus bwatumye kiriya zifunga imiryango
Nyuma y'aho bigaragaye ko abantu benshi bamaze kwandura coronavirus, kiriziya yahagaritse misa kugeza igihe kitazwi.
Koreya y'amajyepfo ni kimwe mu bihugu byo hanze y'igihugu cy'ubushinwa kirimo abantu benshi bamaze kwandura!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwirukanwa muri Ministeri y’Uburezi, Dr ISAAC MUNYAKAZI yirukanywe no mu Ishyaka
Ishyaka rya PDI ryamaze gutangaza ko ryirukanye burundu Dr MUNYAKAZI Isaac mu ishyaka.
Nyuma Bwana MUNYAKAZI ISAAC wari umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y'uburezi yeguye ku mirimo ye, nyuma Prezida wa Repubulika akavuga ko Dr!-->!-->!-->!-->!-->…
José Chaeleone yatsinze ikizamini cya Leta bimuha anahirwe yo kwiga Kaminuza
Jose Chameleone yabonye amanota 12 kuri 20 mu bizamini bisoza ayisumbuye bimuha anahirwe yo gukomeza Kaminuza.
Joseph MAYANJA wamenyekanye cyane ku izina rya Jose Chameleone mu njyana ya Afrobeat ndetse yigarurira imitima y'abakunzi!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Umuntu wa mbere wanduye Coronavirus yitabye Imana
Leta Zunze ubumwe za Amerika, kimwe mu bihugu kitari bwagerwemo n'icyorezo cya Coronavirus, ubu cyatangaje ko umuntu umwe yaraye yishwe n'icyo cyorezo.
Umuntu wa mbere wari utuye mu murwa Mukuru wa WASHINGTON DC yaraye yitabye Imana!-->!-->!-->!-->!-->…
Bakodesheje inzu bagararutse bayisangamo umusaza w’imyaka 99(AMAFOTO)
Umusore n'inkumi batunguwe no kubona umusaza w'imyaka 99 munzu bari bakodesheje ndetse akababwira ko ntahantu abazi.
Aba bari batanze amayero 800 ariko nyuma yaho bagarukiye bahasanze umusaza ujyeze muzabukuru wigeze no kuba umu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakobwa b’abanyeshuri barwaniye umusore ku karubanda ivumbi riratumuka.
Amashusho yiriwe azenguruka ku mbuga nkoranyambaga ni ay'abakobwa babiri biga muri kaminuza yitwa Institute of Management and Technology(IMT) barwanye bapfa umusore muri leta ya Enugu.
Ababonye iby'aba bari bajwiburana bavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
MIKE Tayson yemeye gutanga Akayabo ku musore Uzemera kurongora umukobwa we uheze ku ishyiga
MIKE Tayson wabaye icyamamare mu mukino w'iteramakofi mu baremereye yemeye gutanga akabakaba miliyari 10 y'amafranga y'u Rwanda ku musore wemera kurongora umukobwa we.
Buri mubyeyi ahorana inzozi n'ibyifuzo byo kubona abana be!-->!-->!-->!-->!-->…