Browsing Category
Izindi nkuru
Umuhanzikazi Katy Perry aritegura kubya imfura ye
Umuhanzikazi Katy Perry n'umugabo we Orlando Bloom aritegura kwibaruka imfura yabo vuba.
Uyu muhanzikazi yabitangaje abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram aho yaganiraga n'abafana be maze ababwirako mu mpeshyi yiteguye kubyara.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yuriye inyubako ya metero 145 mu minota 25 mu buryo buteye ubwoba
Umugabo witwa Alain Robert usanzwe uzwi ku kazina ka French Spiderman yakoze amateka i Barcelona yurira umuturirwa muremuremure uhari akoresheje igihe cy'ingana n'iminota 25.
Uyu mugabo ufite amateka mu kuzamuka no kumanuka!-->!-->!-->!-->!-->…
Reba umu polisi witendetse hejuru y’imodoka mu gihe umushoferi yari yanze guhagarara(Amafoto)
Umu polisi wo mu gihugu cya Nigeriya yitendetse ku cyizuru cy'imodoka mu gihe umushoferi wayo yari yanze guhagarara bitangaza benshi.
Uyu mu polisi ntiyigeze amenyekana gusa ubwo yahagarikaga umushoferi w'umugabo wari utwaye umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yatunguye umukobwa ajya kumwambikira impeta ku ndiba y’inyanja (Amafoto)
Umusore utuye muri Virginia witwa Ethan Studenic aherutse gukora ibintu bitangaje ajya kwambikira impeta y'urukundo umukobwa witwa Morgan mu mazi hasi cyane bitangaza benshi.
Aba bombi bahuye muri 2008 barakundana ,uyu musore!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyeshuri yambuwe ipantaro n’umuyobozi wa kaminuza abishyira kukarubanda(Amafoto)
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Osun mu gihugu cya Nigeriya yambuwe ipantaro n'umuyobozi w'ungirije asigara yambaye ubusa buri buri.
Uyu munyeshuri akoresheje Twitter yagaragaje amafoto yibyo uriya muyobozi yamukoreye nyuma yaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Gerard MBABAZI umunyamakuru wa RBA aranyomoza amakuru yavugaga ko Yapfuye
Gerard MBABAZI umunyamakuru ukunzwe cyane aranyomoza amakuru yavugaga ko yapfuye azize impanuka.
Ku munsi w'ejo hagiye hacicikana anafoto avuga ko uyu musore ukorera Radio Rwanda yapfuye azize impanuka y'imodoka, benshi batangiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Mwalimukazi AGNES amaze iminsi 8 afunze kubera ingengabitekerezo
Mwalimukazi wa NTURA Protestant amaze iminsi 8 ari mu maboko ya RIB akurikiranyweho amagambo y'ingengabitekerezo ya genoside
Madame AGNES NYIRAMBONIGABA w'imyaka 41 y'amavuko usanzwe ukora mu kigo cy'amashuri cya Ecole primaire!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu Barimu barinubira itegeko ribakata ku mushahara agashyirwa kuri Mutuelle de Santé.
Bamwe mu barimu ntibishimiye iteka rya ministeri ya Leta n'umurimo ribakata amafranga ku mishahara batagishijwe inama
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo Ministeri y'abakozi ba Leta n'umurimo yasohoye iteka rivuga ko buri mukozi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyoni y’umununi yarwanye n’inzoka ya metero 3 rubura gica ubwo yashakaga gutabara amagi…
Aya mashusho yashyizwe hanze n'umuyobozi w'ikigo gishinzwe amashamba mu Buhinde akaba yaragaragaje inyoni y'umununi irwana n'ikiyoka kinini ishaka gutabara amagi yayo.
Susanta Nanda yavuzeko aya mashusho yafashwe muri 2009 muri Peru!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yakubise umwana we w’imyaka 3aramunoza ngo nuko yahiswe mu gitanda.
Umugore ari mu mazi abira nyuma yo gukubita umwana we w'imyaka itatu akamwangiza mu isura amuziza ko yahiswe mu gitanda
LIB dukeshya iyi nkuru ntiyigeze ivuga amazina yaba ayu mwana cyangwa umugore gusa yatangaje ko abaturanyi aribo!-->!-->!-->!-->!-->…
“…KIYOVU SPORT ntiyigeze itsinda GASOGI UNITED” KNC
Nyuma y'umukino ikipe ye yatsinzemo ikipe ya KIYOVU SPORT, Bwana KNC yavuze ko nubundi ikipe ya KIYOVU SPORT itigeze itsinda GASOGI UNITED
Nyuma y'uko ikipe ya GASOGI UNITED itsinze ikipw ya KIYOVU igitego cyo ku munota wa nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
RUKUNDO Jean wakoreraga ISCO yirashe arapfa
Bwana RUKUNDO JEAN wakoreraga ikigo cya ISCO yirashe ahita arapfa.
Ahagana saa sita na 45 nibwo Bwana RUKONDO Jean ukorera ikigo cy'umutekano cya ISCO mu Karere ka KARONGI yirashe akoresheje imbunda y'akazi ahita arapfa. Amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Reba uburyo Abagore bifashishije imashini ihinga imihanda ikabamanura mu ikamyo bari barimo(Amafoto)
Mu gihugu cy'Ubuhinde hiriwe havugwa ijambo Jugaad rishatse kuvuga umuntu uzi kwishakira ibisubizo bitewe n'uburyo abagore bifashishije imashini ikora imihanda ikabamanura mu modoka baro barimo.
Ni amashusho yazengurutse kuri Twitter!-->!-->!-->…
Umushoferi yakubiswe ingumi na nyiri modo ahita apfa(Amafoto)
Umushoferi wa Taxi yakubiswe nanyiri modoka ingumi ahita apfa mu gace ka Owerri.
Amakuru avugako uriya warutwaye imodoka yo mu bwoko Lexus Jeep yakubitiye umushoferi hafi nahabikwa muri iriya leta ya Imo ibicuruzwa,ubwo rubanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa Radio Rwanda yabajije ikibazo abatura mu rusengero ukuntu babiboneramo umugisha bituma…
Aldo Havugimana uyobora Radio Rwanda abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yashyize ifoto hanze iherekejwe n'amagambo agira ati"Ababisobanukiwe munyibwirire, "Imana" buriya iha umugisha ku bashyize mu dusanduku tungahe?Amaturo, 1/10!-->!-->!-->…