Browsing Category
Mu Mahanga
USA: Donald TRUMP wahoze ayobora USA arasanga Biden ariwe mwanzi w’igihugu
Donald Trump yise Perezida w'Amerika Joe Biden "umwanzi w'igihugu", mu nama ya mbere akoresheje kuva ikigo cy'Amerika cy'iperereza ry'imbere mu gihugu (FBI) gisatse inzu ye y'i Florida mu gushakisha inyandiko z'ibanga.
Ageza ijambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Muhimpundu Lambert wiyita Umwami w’agakiza yatawe muri yombi we n’abayoke be 19
Inzego zishinzwe umutekano mu Burundi zataye muri yombi umugabo wiyita umwami ndetse uhamya ko ubutegetsi bushingiye kuri demokarasi bwamaze gushyirwaho iherezo.
Uwo mugabo yitwa Muhimpundu Lambert. Yiyise umwami w’agakiza ariko!-->!-->!-->…
Madagascar: Abaturage 19 barasiwe mu gikorwa cy’imyigaragambyo
Abantu batari munsi ya 19 bishwe naho abandi 21 barakomeraka nyuma yuko abajandarume bo mu mujyi wa Ikongo mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Madagascar barashe ku itsinda ry'abantu bari barakajwe n'ishimutwa ry'umwana!-->!-->!-->…
Angola: Ishyaka rya João Lourenço niryo ryegukanye intsinzi
Ishyaka riri ku butegetsi muri Angola, MPLA, ryongeye kwegukana intsinzi mu matora ya Perezida yasize João Lourenço atorewe manda ya kabiri y’imyaka itanu agiye kuyobora iki gihugu.
Ishyaka MPLA (The People’s Movement for the Liberation!-->!-->!-->…
DRC: Gen. MAKANAKI John wo muri Mai-Mai yavuze ko hagiye kongera gutegurwa ibikorwa byibasira…
Gen Makanaki John Kasimbira umwe mu bayobozi b’umutwe wa Mai Mai, yatangaje ko agiye gutangiza ibitero ku banyamulenge n’Abandi batutsi yita ko bakomotse mu Rwanda.
Ubutumwa bw’amashusho bwuzuye urwango bwacicikaye ku mbuga nkoranyamba!-->!-->!-->…
Kenya: Mu gihe urukiko rutaranzura ku kirego cye, Raila Odinga arasaba ko perezida wa komisiyo…
Umunyepolitiki Raila Odinga wari uhagarariye Impuzamashyaka Azimio la Umoja mu matora ya Perezida wa Kenya, yasabiye Perezida wa Komisiyo y’amatora, Wafula Chebukati gutabwa muri yombi.
Odinga yavuze ko Wafula Chebukati adakwiye!-->!-->!-->…
“Umwanzi duhanganye ni umunyantegenke, nta bushobozi afite bwo kudukura i Bunagana” Maj.…
Nyuma y'uko hari amakuru yavugaga ko FARDC imaze kwisubiza tumwe mu duce twari twarafashwe na M23, uwo mutwe wahakanye ayo makuru uvuga ko umwanzi barwana adafite imbaraga zo kubatsimbura muri utwo duce.
Umuvugizi w'umutwe wa M23 umaze!-->!-->!-->…
Russia: Perezida Putin arashaka kongera abarenga ibihumbi ijana mu gisrikare cye
Perezida w'Uburusiya yashyize umukono ku itegeko-teka rizatuma mu mezi ari imbere abasirikare b'iki gihugu bashobora kongerwaho abandi 137,000.
Kuri ubu, Uburusiya bufite abasirikare barengaho gato miliyoni imwe, hamwe n'abakozi!-->!-->!-->…
DRC: Abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta bigabije ikigo bigagaho baragisenya bikomeye
Itsinda ry’abanyeshuri bigaga mu ishuri ryisumbuye ryo muri Komini ya Kanshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryagiye gusenya ikigo barangirijeho kubera umujinya wo gutsindwa mu kizamini cya Leta.
Iri tsinda ry’Abanyeshuri!-->!-->!-->…
Qatar: Leta yahambirije abimukira barenga 60 bihaye kwigaragambya ngo ni uko batari guhembwa…
Qatar yasubije iwabo abakozi b’abimukira bigaragambije kuko batishyuwe imishahara yabo, mu gihe iki gihugu kitegura kwakira igikombe cy’isi mu Ugushyingo(11).
Abakozi bagera nibura kuri 60 bakoraniye imbere y’ibiro bikuru bya Al!-->!-->!-->…
Kenya: Yifashishije ikoranabuhanga, Raila Odinga yashyikirije ikirego cye urukiko rw’ikirenga
Mu gihe haburaga amasaha make gusa ngo igihe kimusige, Raila Odinga uherutse gutsindwa amatora muri Kenya yatangaje ko amaze gushyikiriza ikirego cye urukiko rw'ikirega.
Bwana Railla Odinga uherutse gutsindwa mu matora ya perezida mu!-->!-->!-->…
Odinga Raila yizeye ko urukiko ruzatesha agaciro ibyavuye mu matora kuko amaze gukusanya ibimenyetso…
Umunyapolitiki Raila Odinga uherutse gutsindwa mu matora yo muri Kenya, yatangarije abarwanashyaka be ko yizeye ubushishozi bw'urukiko rw'ikirenga mu gutesha agaciro ibyavuye mu matora kuko ubu amaze gukusanya ibimeyetso byose bigaragaza!-->…
Umukobwa w’umugabo w’inshuti ya Putin yapfiriye mu modoka yaturikiye hafi ya Moscow.
Umukobwa w’inshuti ya hafi ya Perezida Vladimir Putin w’Uburiya yaguye mu bikekwa ko ari igisasu cyatezwe imodoka.
Darya Dugina yapfuye nyuma y’uko iyi modoka iturikiye mu muhanda hanze ya Moscow, nk’uko ikigo cy’iperereza mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yirukanye abacamanza bagera kuri 40 bose abaziza ruswa
Perezida Evariste NDAYISHIMIYE w'u Burundi yakuye mu kazi anirukana abakozi bagera kuri 40 bo mu rwego rw'ubutabera abaziza ibikorwa bijyanye na ruswa.
Amakuru dukesha byinshi mu binyamakuru byandikirwa muri icyo gihugu aravuga ko!-->!-->!-->…
DRC: Abitwaje ibirwanisho bateye gereza babohoza abagororwa barenga 800
Abarwanyi bivugwa ko ari bo mu mutwe wa ADF bateye gereza ya Kakwangura i Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru, babohoza abagororwa bagera kuri 874 .
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Kanama 2022 muri Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…