Browsing Category
Mu Mahanga
Centrafrique: hatangijwe ifaranga rya cryptocurrency bise Sango
Perezida wa Centerafrique Faustin Archange Touadéra, abicishije ku mbuga nkoranyambaga, ku cyumweru yatangaje iby’iri faranga rishya ryemewe na leta ryo mu bwoko bwa ‘cryptocurrency’, bise Sango – ururimi ruvugwa na benshi muri iki!-->!-->!-->…
DRC: Kiliziya Gatolika yasabye Perezida Tshisekedi gusubira mu biganiro na M23
Inama nkuru y’Abepisikopi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO) yasabye Leta ya Kinshasa kwemera ibiganiro na M23 mu rwego rwo guhosha intambara mu burasirazuba bw’igihugu.
Nk'uko itangazo ryasinyweho n’umuvugizi w’iri!-->!-->!-->…
AU yasabye Ethiopia na Sudan kugana inzira y’ibiganiro bakareka kurwana
Umukuru w’akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA) yasabye ko habaho kwifata, ituze n’ibiganiro, mu gihe ubushyamirane bwo ku mupaka hagati ya Ethiopia na Sudan buri guteza inkeke yuko bushobora gufata indi ntera.
Mu itangazo,!-->!-->!-->…
Sudan yatangije intambara kuri Ethiopia
Nyuma y'aho Sudan ivuze ko Ethiopia yarashe abasirikare bayo, icyo gihugu cya cyamaze gutangaza ko kigiye mu ntambara na Ethiopia.
Nyuma y'iminsi ibiri gusa igihugu cya Sudan kivuze ko Leta ya Etiyopiya yarashe abasirikare bayo ku!-->!-->!-->…
DRC: Perezida Tshisekedi yarahiye ko M23 idashobora kuvangwa muri FARDC
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yarahiye ko ingabo zo mu mutwe wa M23 zitazigera zivangwa n'ingabo za FARDC.
Amezi amaze kuba menshi ingabo za Leta ya Congo FARDC ziri mu mirwano n'ingabo zo mu!-->!-->!-->…
Uganda: Minisitiri Musa Ecweru yakubitiwe urushyi mu Kiliziya
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwa remezo mu gihugu cya Uganda yakubitiwe urushyi mu kiliziya.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwa remezo mu gihugu cya Uganda aherutse guubitirwa mu kiliziya kuri iki cyumweru taliki ya 26!-->!-->!-->…
DRC: Sgt. KINGOMBE MOKILI uherutse kurasirwa mu Rwanda yaraye asezeweho nk’intwali
Sgt KINGOMBE Mokili, umusirikare wo mu ngabo za Congo FARDC uherutse kurasirwa mu Rwanda yaraye asezeweho nk'intwali na bagenzi be mu karasisi ka gisirikare.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 27 Kamena 2022 nibwo mu mujyi wa Goma hasezerwaga!-->!-->!-->…
Sudan irashinja Ethiopia kuyicira abasirikare ikabamurikira rubanda
Igihugu cya Sudan kirashinja igihugu cya Etiyopiya kucyicira abasirikare bayo bari barinze umupaka, cyarangiza kikabanika bakamurikirwa abaturage, mu gihe Etiyopiya ihakana aya makuru.
Igihugu cya Sudan kirashinja Ethiopia kwica!-->!-->!-->…
DRC: Gen.Tshitambwe wari wahawe misiyo yo kurimbura M23 yarasiwe ku rugamba
General Tchiko Tshitambwe wari warahawe misiyo yo kumanuka i Bunagana agatsimbura umutwe wa M23 biravugwa ko yarasiwe ku rugamba.
Taliki ya 20 Kamena 2022 nibwo ibitangazamakuru byo mu murwa mukuru Kinshasa byatangaje ko FARDC ko!-->!-->!-->…
Russia: Uwahoze atwaza Putin agakapo kabamo infunguzo z’ahari ibisasu kirimbuzi yarasiwe iwe
Mu gihe intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine irimbanyije,Umusirikare wahoze atwaza Putin agasanduku gafungurirwamo intwaro kirimbuzi yishwe arasiwe iwe mu rugo ruri i Krasnogorsk hafi n’umurwa Mukuru Moscow.
Inkuru y’urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Leta yasabye abaturage guhagarika ibikorwa by’urugomo ku Banyarwanda.
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko yitandukanyije n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikorerwa Abanyarwanda muri iki gihe umubano w’ibihugu byombi utameze neza bitewe n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage basabye gukora imyigaragambyo igamije gutwika imyambaro ya made in Rwanda.
Ubuyobozi bwa Sosiyete Sivili mu mujyi wa Goma bwandikiye Umuyobozi w’uyu mujyi bumusaba uruhushya rwo gukora imyigarambya yo gutwika imyenda yakorewe mu Rwanda.
Muri iyi baruwa Rwandatribune ifitiye Kopi, umuyobozi wa Sosiyete!-->!-->!-->!-->!-->…
MONUSCO irashinja M23 kongera kuyirasaho ibisasu i Shangi
MONUSCO yongeye gushinja abarwanyi ba M23 kuyishotora irasa mu birindiro byayo biri ahitwa i Shangi muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru.
Ibi birego bya MONUSCO byatangajwe n’umuyobozi wayo, Bintou Keita mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ububiligi bwavuye ku izima butanga iryinyo rya Lumumba
Nyuma y'igihe kiytari gito bwarabyanze, kera kabaye igihugu cy'Ububiligi cyemeye gutanga iryinyo rya Patrice Lumumba
Nyuma y’igihe bisabwa, u Bubiligi bwavuye ku izima bushyikiriza umuryango wa Patrice Lumumba waharaniye ubwigenge!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Pasitoro ukomeye yahanuye ko abateye Congo bagiye kurimbuka
Umupasitori ukomeye mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yahanuye avuga ko Uwiteka agiye kurimbura abanzi b'igihugu bihaye kugaba ibitero ku gihugu cye.
Umupasitori witwa KABUNDI Walesi umwe mu bapasitori uzwi mu!-->!-->!-->!-->!-->…