Browsing Category
Mu Mahanga
Uburusiya-Ukraine: Ingabo z’Uburusiya zageze mu murwa mukuru wa Ukraine
Abayobozi muri Ukraine batangaje ko abasirikare b’Ubusiya bamaze kugera mu murwa mukuru Kyiv.
Minisiteri y'ingabo ya Ukraine yavuze ko "umwanzi"(Uburusiya) yageze mu karere ka Obolon, kuri 9km uvuye ku nteko ishingamategeko ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: NATO igiye gutegura indege z’intambara inongere abasirikare mu gace…
Nyuma y’uko Uburusiya butangije intambara kuri Ukraine, Kuri uyu wa Kane, umuryango w’ubwirinzi w’ibihugu by’Iburayi n’Amerika(NATO) wategetse abakomando bawo gukaza imyiteguro yo kurinda ubutaka bw’umunyamuryango, bategura indege!-->!-->!-->…
Madagascar yibasiwe n’inkubiri ya kane y’umuyaga”Cyclone”; Hakenewe ubufasha bwihuse
Inkubiri ya kane y’umuyaga “Cyclone” yibasiye Madagascar, mu kwezi kumwe yangije amazu n’ibihingwa, inongera ubwoba bw’imyuzure mishya.
Umwe mu bayobozi bakuru bo mu ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umryango utabara imbabare(IFRC),!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Abantu barindwi bishwe n’ibisasu by’ingabo z’Uburusiya
Polisi ya Ukraine yatangaje ko Abantu barindwi byamenyekanye ko bapfuye kubera ibisasu by'ingabo z'Uburusiya zarashe muri Ukraine.
Abategetsi muri Ukraine bavuze ko ibisasu ahitwa Podilsk, hanze y'umujyi wa Odessa mu majyepfo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwatangije intambara kuri Ukraine
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga wa Ukraine yatangaje ko Putin yamaze gutangiza ibitero mu buryo bwuzuye kuri Ukraine".
Minisitiri Dmytro Kuleba yavuze ko Ukraine izakora uko ishoboye ikirenegra(ikirwanaho) anavuga ko isi ishobora!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu gihe USA uvumira ku gahera perezida Putin, Donald Trump arasanga ahubwo Putin ari umuhanga…
Uwahoze ari Perezida wa Amerika Bwana Donald Trump arasanga igikorwa cya Putin cyo kwemera ubwigenge bw'intara ebyiri zabarizwaga muri Ukraine ari igikorwa cy'ubwenge.
Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo utavuga rumwe na Museveni wavuzweho guhungira mu Rwanda, ubu arabarizwa mu Budage.
Bwana Kakwenza Rukirabashaija utavuga rumwe na Leta ya Museveni biravugwa ko amaze guhungira mu gihugu cy'Ubudage.
Umwanditsi, n'impirimbanyi y'uburenganzira bwa muntu mu gihugu cya Uganda Bwana KAKWEZA Rukirabashaija biravugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
“Twavanye leta y’Uburusiya mu bikorwa byose by’imari by’iburengerazuba”-Perezida…
Leta ya Amerika yafatiye ibihano bitandukanye Uburusiya kubera ikiswe "intangiriro yo gutera Ukraine" nkuko Perezida Biden yabitangaje.
Ibyo bihano birimo kuba ubu Uburusiya budashobora gufata ideni cyangwa kuvana amafaranga mu bigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Abasivile 18 baguye mu gitero cy’inyeshyamba
Ubuyobozi muri Niger bwatangaje ko abasivile 18 baguye mu gitero cy’inyeshyamba mu burengerazuba bw’igihugu.
Bivugwa ko amabandi yari ari kuri za moto yatatse ikamyo yari itwaye abantu hagati y’ibyaro bibiri mu karere ka Tillaberi.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupolisikazi utarashaka ntiyemerewe gutwita-Urukiko rwo muri Nigeriya
Urukiko rukuru rwo muri Nigeria rwemeje umwanzuro wo kwirukana umupolisikazi watwise mu mwaka ushize.
Perezida w’uru rukiko Hon. Inyang Ekwo yavuze ko yasanze nta mpamvu zifatika zikwiye kubangamira imyitwarire mu ngabo.
Yagize!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Perezida Volodymir Zelenskyy avuga ko abaturage be nta bwoba batewe…
Perezida wa Ukraine Volodymir Zelenskyy yavuze ko abaturage be ntabwoba bafite nyuma y’uko Uburusiya butangaje ubwigenge bw’uduce tubiri mu burasirazuba bwa Ukraine kandi bugatangaza ko bugiye kogerezayo ingabo.
Mu jambo yagejeje ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso: Abantu benshi baguye mu iturika ryabereye mu kirombe cya zahabu
Abagera kuri 60 bapfiriye mu iturika ryabereye mu kirombe cya zahabu mu cyaro kiri hafi ya Gaoua mu majyepfo y’uburengerazuba muri Burkina Faso.
Abandi benshi barakomeretse barimo abagore n’abana.
Ubuyobozi bwo muri ako gace!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Putin amaze kwemera ubwigenge bw’intara 2 ziyonkoye kuri Ukraine
Perezida Vladmir Puttin amaze gushyira umukono ku iteka ryemeza ubwigenge bw'intara ebyiri ziyonkoye kuri Leta ya Ukraine.
Mu gihe umwuka w'intambara ukomeje gututumba hagati y'ibihugu by'ibihangange, kuri uno mugoroba wo kuwa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyuma y’imyaka 42 yaragiye gupagasa, yagarutse asanga umugore n’abana be barapfuye.
Umusaza w'imyaka 94 y'amavuko ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kumara imyaka 42 yose yaragiye gupagasa agarutse asanga umugore we n'abana be babiri baritabye Imana.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y'umusaza umaze iminsi uri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso yemeje ko abasivile babiri baguye mu ihirikwa ry’ubutegetsi
Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso Lt Col Paul Henhri Damiba yasabye ko hatangira iperereza kubyangiritse mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryo kuwa 24 Mutarama.
Itangazo ryasohowe n’ibiro by’umukuru w’igihugu rigaragaza ko abantu!-->!-->!-->!-->!-->…