Browsing Category
Mu Mahanga
Kenya: Udukingirizo n’inzitiramubu byaburiwe irengero mu kitwa uburiganya
Ibihumbi by’udukingirizo, inzitiramibu, n’imiti y’igituntu bifite agaciro k’amadorari ibihumbi 100( arenga 100,000,000Rwf) bivugwa ko byaburiwe irengero mu nzu byari bibitsemo yakoreragamo ikigo cya Kenya gishinzwe gukwirakwiza!-->!-->!-->…
Namibia yakuyeho kwambara agapfukamunwa nk’itegeko
Perezida wa Namibia Hage Gaingob yatangaje ko kwambara agapfukamunwa ahahurira abantu benshi bitazongera kuba itegeko.
Bwana Geingob yanavuze ko abagenzi bakingiwe binjra mu gihugu batazongera gusabwa icyangombwa cy’uko bipimishije!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare ba Kenya baguye mu gitero bikekwako ari icya Al-Shabab
Abasirikare barenga 10 ba Kenya bishwe n’igisasu cyari giteze mu muhanda mu majyepfo ya Somalia.
Abandi batanu bakomeretse bikomeye ubwo imodoka barimo yanyuraga hejuru y’ikintu cyari giteze mu muhanda bitunguranye kikayiturikana!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umusirikare waherukaga gutoroka igisirikare yiyahuje umugozi arapfa
Umwe mu basirikare ba Uganda witwa John Bakambera wari waratorotse igisirikare yiyahuye ‘arapfa’ aguye iwe ahitwa Rushongati, muri Kicumbi, mu Gace kitwa Kamuganguzi.
Amakuru atangwa na ChimpReports avuga ko uriya mugabo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umukozi ukomeye w’inyeshyamba za ADF yatawe muri yombi
Uganda yataye muri yombi ukekwaho kwinjiza abantu mu mutwe w’inyeshayamba za ADF( Allied Democratic Forces), akaba n’umuhuzabikorwa w’uwo mutwe.
Umuvugizi wa Polisi Fred Enanga yavuze ko Abdallah Kabanda Musa, uzwi nka Mogo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Yinjiye hagati mu makuru kuri TV ya leta yamagana intambara
Umugore yakoze ibidasanzwe ubwo yafataga icyapa kiriho amagambo yamagana intambara akinjira muri studio ya televiziyo igenzurwa na leta mu gihe basomaga amakuru kuwa mbere nijoro.
Icyapa cyari cyanditseho ngo "Hoya intambara,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwanyomoje amakuru yavugaga ko Uburusiya bwayisabye imusada
Repubulika ya Rubanda ya China yanyomoje amakuru yavugaga ko Uburusiya bwasabye umusada w'imbunda n'amafranga igihugu cye cy'Ubushinwa.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere bimwe mu binyamakuru mpuzamahanga byakwirakwizaga inkuru zivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambara muri Ukraine: Umugore r’uruhinja rwe barapfuye nyuma y’iraswa ry’ibitaro
Amakuru avuga ko umugore utwite wakomeretse ubwo Uburusiya bwarasaga ibisasu ku bitaro ababyeyi babyariramo muri Ukraine, we n’uruhinja rwe bapfuye.
Amashusho amugaragaza atwawe kuri burankari, nyuma y’ibitero by’indege ku mu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Inzara n’indwara byishe imfungwa esheshatu muri gereza ya Matadi
Imfungwa esheshatu zapfiriye muri gereza ya Matadi iri mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera imibereho mibi muri iyi gereza.
Ibitangazamakuru by’imbere mu gihugu bivuga ko imibare y’abapfuye ishobora!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Abantu 75 baguye mu mpanuka ya gariyamoshi
Minisiteri y'Itangazamakuru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko abantu 75 bapfuye naho 125 barakomereka mu mpanuka ya gariyamoshi yari yikoreye toni 113 z'ibicuruzwa iva i Mweneditu ijya i Lubumbashi.
Iyi mpanuka yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique: 12 nibo bamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe GOMBE
Abantu bagera kuri 12 nibo bivugwa ko bamaze guhitanwa n'umuyaga wiswe gombe mu gihugu cya Mozambique
Umuyaga uvanze n'imvura nyinshi wanyuze mu gihugu cya Mozambique muri iki cyumweru gishize biravugwa ko wasize uhitanye abagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Nubwo atakibasha kwigenza, Ali Bongo aziyamamariza kuyobora igihugu umwaka utaha.
Perezida wa Gabon ALI BONGO yatangaje ko aziyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu mu matora azaba mu mwaka utaha wa 2022.
Nubwo amaze igihe kitari gito ari guhagana n'umubiri kubera burwayi bwatumye udutsi two mu bwonko bwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria yafashe imifuka amagana y’inyama z’Indogobe
Ubuyobozi bwa gasutamo muri Nigeria bwafashe imifuka 1390 irimo inyama z’indogobe mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa leta ya Kebbi hafi y’umupaka wa Niger.
Iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko indogobe 1000 zabazwe, inyama zazo!-->!-->!-->!-->!-->…
ISIS yashizeho umuyobozi mushya
Umutwe w’iterabwoba wa reta ya kiyisilamu kuri uyu wa kane wemeje urupfu rw’umukuru wawo Abu Ibrahim al-Qurashi, nyuma y’ukwezi yishwe, unagena ko Abu Hasan al-Hashemi al-Qurashi afata inshingazo yo kuyobora uyu mutwe.
Kuva uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine n’Uburusia basubukuye ibiganiro bibera muri Turukiya
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov na mugenzi we wa Ukraine, Dmytro Kuleba baragirana ibiganiro by’imbonankubone muri Turkey bibaye ibya mbere byo ku rwego rwo hejuru kuva u Burusiya bwashoza intamara muri!-->!-->!-->…