Browsing Category
Politike
Abahamijwe ibyaha bya genocide bagiye kurangiza igihano, bazahabwa amasomo yihariye
Guverinoma y’u Rwanda igeze kure itegura integanyanyigisho yihariye izafasha mu kuyobora urugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge, no gusubiza mu buzima busanzwe abasoje imyaka y’igifungo bakatiwe kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu!-->!-->!-->…
Afrika y’Epfo yeruye ibwira Amerika ko idashobora guta muri yombi Putin
Umuyobozi w'ishyaka riri ku butegetsi muri Afrika y'Epfo yeruriye Leta Zunze ubumwe za Amerika n'urukiko mpanabyaha ko icyo gihugu kidateze guta muri yombi Perezida Vladmir Putin mu gihe uyu mugabo azaba yitabiriye inama ya BRICS.
!-->!-->!-->!-->!-->…
USA yahakanye kuba ariyo iri inyuma y’igitero cy’ubucengezi cyagabwe mu Burusiya
Leta zunze ubummwe za Amerika zahakanye kuba kuba arizo ziri inyuma y'igitero cy'abacengezi giherutse kugabwa ku taka bw'Uburusiya kikangiza ibitari bike.
Ubuvugizi bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika bwatangaje ko bwitandukanije!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntawe twingingiye kohereza abimukira mu Rwanda” Perezida Kagame Paul
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda ntawe rwigeze rwingingira kurwoherereza abimukira, ahubwo ngo ni igitekerezo cyavutse mu gukemura ikibazo.
Ibi perezida Kagame Paul Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri taliki ya 23!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama y’ubukungu muri Qatar
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar aho yitabiriye Inama ya Gatatu y’Ubukungu ya Qatar igaruka ku buryo ubukungu bw’Isi bwifashe n’impinduka zikenewe mu guharanira iterambere rirambye.
Iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
RBA yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa n’igisirikare cy’u Burundi
Umuyobozi wa RBA yagize icyo avuga nyuma y'aho umuvugizi wa gisirikare cy'u Burundi avuze ko icyo kigo cyatanze amakuru y'ibinyoma ashinja ingabo z'u Burundi ziri muri Congo kuba ifasha inyeshyamba.
Mu mpera z'icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi burabeshyuza amakuru avuga ko butera inkunga umutwe wa FDLR Nyatura
Ingabo z’u Burundi zateye utwatsi ibikorwa byo gutoza no guha ubundi bufasha imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, irimo FDLR na Nyatura, zivuga ko ziri gushyira mu bikorwa ibikubiye mu butumwa zahawe bwo kugarura!-->!-->!-->…
Barack Obama ku rutonde rw’abagera kuri 500 bafatiwe ibihano
Uburusiya bwaraye bushyize hanze urutonde rw'abanyamerika bagera kuri 500 bafatiwe ibihano n'icyo gihugu kimaze igihe kitari gito mu ntambara muri Ukraine.
Uburusiya bwaraye butangaje ko nabwo bwafatiye ibihano Abanyamerika bagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe wa CAR yashimiye abapolisi b’u Rwanda bamurinda
Minisitiri w’Intebe wa Centrafrique, Félix Moloua, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bo mu itsinda RWAPSU, ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi bamaze umwaka bakora ko kumucungira umutekano.Ni mu muhango wari witabiriwe n’abandi!-->!-->!-->…
Dr. Frank Habineza aravuga ko yiteguye guhigika Perezida Kagame mu matora y’ubutaha
Umuyobozi w'ishyaka Green Party Dr Frank Habineza aravuga ko yiteguye guhangana n'umuryango RPF Inkotanyi kandi ko afite icyizere cyo guhigika Perezida Kagame ku buyobozi bw'igihugu.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 13 Gicurasi 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ibi biza tuzabitsinda nk’uko n’ibindi twabitsinze” Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo yari mu Karere ka Rubavu gusura abaturage baho nyuma y'ibyaga bagize yabahaye icyizere ko ibiza nabyo bizatsindwa nk'uko n'ibindi byatsinzwe.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Gicurasi 2023, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
USA irashinja Afrika y’Epfo kohorereza imbunda Uburusiya
Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri Afrika y'epfo yavuze ko hari amakuru yizewe avuga ko Afrika y'Epfo yohereje imbunda n'amasasu Russia
Ambasaderi w'Amerika muri Afurika y'Epfo yashinje iki gihugu guha intwaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye intumwa za Djibouti
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahuye n’intumwa zo muri Djibouti ziyobowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahaga Mahmoudi Ali Youssouf, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Ismail Omar!-->!-->!-->…
USA: Urukiko rwahamije icyaha Donald Trump rumuca amande ya miliyoni 5$
Inteko y’abacamanza yahamije Donald Trump ko yakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina umwanditsi w’ikinyamakuru, mu iguriro riri i New York mu myaka ya 1990.
Gusa Trump ntabwo yahamwe no gufata ku ngufu E Jean Carroll mu gice!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Putin yavuze ko ubutegetsi bwa Ukraine bumeze nk’ubw’Abanazi
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin, yavuze ko Ubutegetsi bwa Ukraine buteye nk'ubw'Abanazi batsinzwe mu Ntambara ya kabiri y'isi.
Ibi Perezida Vradimir Putin yabitangaje kuwa Mbere tariki 8 Gicurasi 2023 mu muhango wahariwe!-->!-->!-->!-->!-->…