Browsing Category
Politike
U Rwanda rwongeye gushyirwa mu majwi ku bitero byaraye bibaye i Bujumbura
Uburundi bwongeye gushyira mu majwi u Rwanda nyuma y'igitero cy'iterabwoba cyaraye kigabwe i Bujumbura.
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatanu taliki ya 10 Gicurasi 2024 mu masaha y'ikigoroba mu mujyi rwagati wa Bujumbura hagabwe igitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Diane Rwigara agiye kwiyamamariza kuba perezida w’u Rwanda
Diane Rwigara yabwiye BBC ko yafashe icyemezo cyo kongera kwiyamamariza umwanya wa perezida wa Repubulika mu matora azaba muri Nyakanga (7) uyu mwaka.
Diane yaherukaga kugerageza ibi mu 2017 ariko kandidatire ye yanzwe na komisiyo!-->!-->!-->…
SADC yaburiye ko igiye gukora ibitero byo ‘kurangiza’ M23
Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko umutwe w’ingabo zawo zoherejwe mu butumwa muri DR Congo ugiye gukora ibitero, ufatanyije n’ingabo za leta, byo “kurangiza inyeshyamba za M23 no kugarura amahoro!-->!-->!-->…
Munyaneza Charles yahaye gasopo abashaka kuvangira komisiyo y’amatora
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Munyaneza Charles, yasabye abashaka kuba abakandida bigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’uw’abadepite kubahiriza amabwiriza.
Munyaneza yatangarije kuri televiziyo!-->!-->!-->!-->!-->…
U Burusiya bwaburiye u Bufaransa n’u Bwongereza
Umuvugizi w’ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yaburiye Leta y’u Bufaransa n’iy’u Bwongereza byateguje ko bishobora gufata ibyemezo ko ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine, ahamya ko byatuma umutekano w’umugabane w’u!-->!-->!-->…
Tshisekedi yasubiye muri Congo igitaraganya adasoje uruzinduko i Burayi
Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, Félix Tshisekedi wari umaze iminsi mu ruzinduko mu Bufaransa, byatangaje ko agiye kugaruka mu gihugu igitaraganya nyuma y’uko mu nkambi ya Mugunga iherereye hafi!-->!-->!-->…
Ingabire Victoire yerekeje ubujurire bwe i Arusha
Umuhoza Ingabire Victoire yajuririye mu rukiko rwa EAC ku cyemezo aherutse gufatirwa n'inkiko zo mu Rwanda zanze kumukuraho ubusembwa ngo abe yakwiyamamariza kuyobora u Rwanda
Nyuma y'aho kuri uyu wa 13 Werurwe 2024 Ingabire Umuhoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi ngo arashaka kwihurira na Perezida Kagame akamutuka
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko afite gahunda yo guhura na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda akamutuka ko ari umunyabyaha.
Tshisekedi yabitangaje mu kiganiro cyihariye!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Sakwe sakwe nyuma y’uko ubushinjacyaha bushaka gukurikirana Cardinal wa Kinshasa
Abanyecongo bakiriye ugutandukanye kuba ubucamanza bw’iki gihugu bushaka gukurikirana Cardinal Fridolin Ambongo Besungu wa Kinshasa akaba n’umukuru w’inama y’abepiskopi ba Afurika na Madagascar.
Kuwa gatandatu, umushinjacyaha mukuru mu!-->!-->!-->…
PDI ya Hon. Fazili nayo yiyemeje ko izashyigikira Paul Kagame mu matora
Ishyaka PDI (Parti Démocrate Idéal), ryamaze gutangaza ko mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba muri Nyakanga 2024, rizashyigikira umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame.
Iri shyaka ryabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 28!-->!-->!-->!-->!-->…
Haiti: Minisitiri w’Intebe yeguye, hashyirwaho Guverinoma nshya
Minisitiri w’Intebe wa Haiti, Ariel Henry, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kujya kuri uwo mwanya ku mugaragaro mu 2021, ubwo Perezida Jovenel Moise yari amaze kwicwa, ubu uwo mwanya wa Minisitiri w’Intebe ukaba wahise ujyamo ku buryo!-->!-->!-->…
Perezida Macron yanenze gahunda y’Ubwongereza igamije kohereza abimukira mu Rwanda
Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa,kuri uyu wa kane yatangaje ko gahunda y’Ubwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda nta kamaro ifite kandi ifatwa nk’urwenya.
Uretse ibyo Macron kandi yagize ati: ntabwo nizera imiterere yo!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwahakanye ibirego bya USA ziyishinja kurasa kuri MONUSCO
U Rwanda rwanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo, RDF, kurasa ku birindiro by’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, MONUSCO.
Iki kirego cyatanzwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda barasabwa kubahiriza amategeko agenga amatora
Mu gihe Abanyarwanda barimo kwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), irasaba ko amategeko n’amabwiriza bigenga amatora byarushaho kubahirizwa, bitwararika ibitemewe nko kwamamaza abakandida!-->…
Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame
Iyi nyandiko ya Madamu Jeannette Kagame igaruka ku kuri kw’amateka y’u Rwanda mu gihe benshi bahitamo kuyavuga nabi, cyane muri iki gihe cyo #Kwibuka30.
Imyaka 30 irashize, u Rwanda ruvuye mu icuraburindi aho rwari rutwikiriwe!-->!-->!-->!-->!-->…