Browsing Category
Politike
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zubatse isoko ry’Amafi rya kijyambere
Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique, zashyikirije Umujyi wa Mocimboa da Praia isoko ry’amafi rya kijyambere ryubatswe, rikaba rifite agaciro ka miliyoni 25 Frw.
Uyu muhango kandi witabiriwe na Ambasaderi w'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Sambwa na Kasereka abasirikare ba FARDC baherutse kurasirwa mu Rwanda bashykirijwe DRC
Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda rwashyikirije Republika ya iharanira Demokarasi ya Kongo imirambo ibiri y’abasirikare bayo rubinyijije mu itsinda rishinzwe kugenzura ibibera ku mipaka mu karere k’ibiyaga bigari. Byabereye ku bitaro bya!-->!-->!-->…
“Kuva muri 94 ntimwigeze musigasira ubusugire bw’igihugu cyanyu” Macron abwira…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron uri mu ruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yabwiye ubutegetsi bw’iki Gihugu guhagarika guhora bwegeka ibibazo ku mahanga kuko atari shyashya ahubwo ko ari bwo bwananiwe!-->!-->!-->…
Rulindo: Meya yazengurutse imirenge yose ashimira uruhare rw’abaturage mu kwesa imihigo
Meya w'Akarere ka Rulindo yaraye azengurutse imirenge yose igize ako Karere mu rwego rwo gushimira abaturage uruhare bagize byatumye ako Karere kesa imihigo ku rugero rushimishije.
Ku munsi w'ejo hashize, kuwa kane taliki ya 2!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyari zirenga 5Rwf nizo USA yashyize ku isoko mu kugura ubuzima bwa SEKA MUSA
Amerika yatangaje igihembo cya miliyoni 5 z'amadolari (arenga miliyari 5Frw) ku muntu wese watanga amakuru yatuma hafatwa Seka Musa Baluku, umukuru w'umutwe w'inyeshyamba wa ADF wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ufitanye!-->!-->!-->…
Dr Gerardine wari ministre w’ubuhinzi n’ubworozi yasimbuwe n’uwari umunyamabanga…
Dr Mukeshimana Gérardine wari umaze imyaka icyenda ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, yasimbuwe na Dr Ildephonse Musafiri wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi.
Aya mavugurura yakozwe na Perezida Paul!-->!-->!-->!-->!-->…
‘Rwari urwenya!’ Perezida Kagame avuga kuri Tshisekedi wirahiye kumukura ku butegetsi
“Perezida wa Congo bishobora kuba byaramucitse; muribuka ubwo yavugaga ko agiye guhindura Ubuyobozi mu Rwanda? Ntabwo nabifashe nk’ibikomeye, natekereje ko rwari urwenya! Ashobora kuba yarateraga urwenya kandi yemerewe gutebya muri!-->!-->!-->…
DRC: FARDC yisubije agace ka Rubaya kari kamaze iminsi mu maboko ya M23
Igisirikare cya DRC cyatangaje ko agace ka Rubaya gakungahaye mu mabuye y'agaciro kari kamaze iminsi mu maboko ya M23 ubu kari kugenzurwa n'ingabo za Leta nyuma yo gukubita inshuro umwanzi.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga no mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kanyanga” Imwe mu mpamvu Akarere ka Burera kaje ku mwanya wa nyuma
Perezida yavuze ko impamvu Akrere ka Burera gashobora kuba ariko gaherekeje utundu turere mu kwesa imihigo ari ukomuri ako Karere hacururizwamo kanyanga nyinshi.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Gashyantare 2023 ubwo hasozwaga inama!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rurashinja Amerika kunyuranya na gahunda igamije amahoro muri DRC
Leta y’u Rwanda iranenga Amerika n’umuryango mpuzamahanga kubangamira inzira zigamije kugarura umutekano mu karere k’ibiyaga bigali no kutamagana leta ya Kongo rushinja gukorana n’umutwe wa FDLR.
Ibyo bibaye nyuma y’uko mu cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Imitwe 6 irwanya u Rwanda yavuze ko igiye guhuza imbaraga ngo itere u Rwanda
Imitwe igera kuri itandatu itavuga rumwe na Leta y'u Rwanda yavuze ko igiye kwishyira hamwe ngo itere u Rwanda maze icyure impunzi ku ngufu.
Imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda igera kuri itandatu ,yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
“Umutekano w’inkike z’igihugu cyacu uradadiye ntawe uzatumeneramo” Abaturage b’i…
Abaturage bo mu karere ka Rubavu bavuze ko umutekano w’inkike z’igihugu ucunzwe neza kuburyo ntawe ushobora kubatera ubwoba, bakomeza bemeza neza ko usibye n’abashinzwe umutekano n’abaturage ubwabo biteguye guhangana n’uwariwe wese!-->!-->!-->…
Nyagatare kahize utundi turere mu kwesa imihigo, Burera iherekeza utundi
Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Gashyantare 2023, nibwo hashimiwe uturere twahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, aho Akarere ka Nyagatare kaje ku isonga.
Ni umuhango wabereye muri Kigali Convention Centre, ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntidushishikajwe no gufata uduce, Intego ni ukurokora ubuzima bw’abantu” umutwe…
Umutwe w'inyeshyamba wa M23 uvuga ko udashyize imbere ibyo gufata uduce ahubwo ugamije kurokora abantu, nyuma yuko ku cyumweru wigaruriye agace ka Rubaya ko muri teritwari ya Masisi muri Kivu ya Ruguru.
Agace ka Rubaya, gakize ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yibukije abayobozi guhora bashyira imbere inyungu z’abo bayobora
Perezida Paul Kagame aributsa abayobozi mu nzego zose guhora bashyira imbere inyungu z'abo bayobora, kurusha izabo bwite.
Umukuru w'igihugu yabigarutseho ubwo yakiraga indahiro z'abayobozi bakuru muri polisi y'igihugu.
Abagejeje!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…