Browsing Category
Politike
DRC: FARDC n’ingabo z’Uburundi ziri gutegura igitero simusiga cyo kubohoza Bunagana
Ingabo z'Uburundi zifatanije n'ingabo za FARDC ziravugwa mu myiteguro ikomeye yo kubohoza umujyi wa Bunagana umaze amezi arenga atatu mu maboko ya M23.
Iminsi irenze 90 umujyi wa Bunagana uri mu maboko y'umutwe wa M23, umutwe uvuga!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yatangiye gushyiraho abayobozi ba gisivile mu duce yigaruriye
Ubuyobozi bw'umutwe wa M23 watangiye gushyiraho ubuyobozi mu nzego z'ibanze mu duce yigaruriye bitangirira i Bunagana
Kuri uyu wa gatatu umutwe wa M23 watangiye gushyiraho abayobozi ba gisivili mu nzego z'ibanze mu duce uwo mutwe umaze!-->!-->!-->…
Kainerugaba umuhungu wa Museveni yatangaje ko agiye kongera kugaruka mu Rwanda kwa uncle we
Muhoozi KAINERUGABA umuhungu wa perezida wa Uganda yavuze ko mu minsi ya vuba azongera akagaruka mu Rwanda
Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda General Muhoozi KAINERUGABA akaba ari n'umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Emmanuel Macron yahurije ku meza amwe ba perezida Kagame na Tshisekedi i New York
Perezida Emmanuel Macron w'Ubufaransa yahuje ku meza amwe ba Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na perezida Paul Kagame w'u Rwanda baganira ku kibazo cy'umutekano muke mu burasirazuba bwa Congo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Tshisekedi yongeye kwemeza ko yatewe n’u Rwanda mu isura ya M23 mu nama…
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yongeye ashinja u Rwanda avuga ko arirwo rwamuteye mu isura ya M23.
Mu ijambo umukuru w’igihugu cya Congo Kinshasa yagejeje ku nama rusange ya UN, yavuze ko u!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Umusirikare ukomeye yatawe muri yombi, akekwaho kuvugana na Sultan Makenga wa M23
Umusirikare uri ku rwego rwa General muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatawe muri yombi kubera ko akekwaho kuvugana na General Sultan Makenga wa M23.
Amakuru aturuka muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Angola: Minisitiri w’intebe NGIRENTE yahagarariye perezida mu muhango wo kurahiza perezida wa…
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yitabiriye umuhango w’irahizwa rya Perezida João Manuel Gonçalves Lourenço uherutse gutsinda amatora, ugiye kuyobora Angola muri manda ya kabiri, umuhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki!-->…
Kenya: Ku munsi wa mbere gusa ageze ku butegetsi, William RUTO yakuyeho amwe mu mabwiriza…
Ku munsi we wa mbere mu biro, Perezida wa Kenya William Ruto yaraye atanze amategeko yo guhindura zimwe mu ngamba z'uwo yasimbuye, Uhuru Kenyatta.
Ruto yashyizeho abacamanza batandatu bagenwe n'akanama k'imikorere y'urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Railla Odinga yavuze ko atazitabira umuhango wo kurahira kwa Ruto William
Raila Odinga uherutse gutsindwa amatora ya Perezida muri Kenya, yatangaje ko atazitabira irahira rya William Ruto wamutsinze.
Railla Odinga uherutse gutsindwa mu matora yo kuyobora igihugu cya Kenya, yarahiye ararengwa avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yabonanye na Ruto William uzarahira ejo nka perezida mushya wa KENYA
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere taliki ya 12 Nzeri 2022, araye i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’iki gihugu William ruto.
Akigera muri Kenya, Perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yashyizeho undi muvuguzi, ubu bakaba babaye batatu
Ubuyobozi bwa M23 bwashyizeho umuvugizi wungirije mu bya Politiki ari we Canisius Munyarugerero, buvuga ko biri mu rwego rwo gukomeza kongerera ingufu urwego rw’itumanaho rw’uyu mutwe.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na M23 kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Liz Truss minisitiri w’intebe mushya w’ubwongereza yashimiye abashuti be ba hafi abaha…
Liz Truss yashimiye inshuti ze zikomeye aziha imyanya ikomeye muri guverinoma, mu mpinduka ikomeye yakoze nyuma y'amasaha amaze gusimbura Boris Johnson nka Minisitiri w'intebe w'Ubwongereza.
Kwasi Kwarteng yamugize Minisitiri w'imari,!-->!-->!-->…
Kenya: Urukiko rw’ikirenga rwemeje bidasubirwaho intsinzi ya Dr William RUTO nka perezida wa…
Urukiko rw’Ikirenga muri Kenya rwemeje ko William Ruto ari we watsinze amatora ya Perezida aherutse, atsinze Raila Odinga bari bahanganye.
Odinga yari yajuririye ibyatangajwe na Komisiyo y’Amatora ku matora yabaye kuwa 9 Kanama.!-->!-->!-->…
USA: Donald TRUMP wahoze ayobora USA arasanga Biden ariwe mwanzi w’igihugu
Donald Trump yise Perezida w'Amerika Joe Biden "umwanzi w'igihugu", mu nama ya mbere akoresheje kuva ikigo cy'Amerika cy'iperereza ry'imbere mu gihugu (FBI) gisatse inzu ye y'i Florida mu gushakisha inyandiko z'ibanga.
Ageza ijambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Madagascar: Abaturage 19 barasiwe mu gikorwa cy’imyigaragambyo
Abantu batari munsi ya 19 bishwe naho abandi 21 barakomeraka nyuma yuko abajandarume bo mu mujyi wa Ikongo mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Madagascar barashe ku itsinda ry'abantu bari barakajwe n'ishimutwa ry'umwana!-->!-->!-->…