Browsing Category
Politike
Paul Rusesabagina na Callixte Sankara bari bafunganywe bamaze kurekurwa.
Bwana Paul RUSESABAGINA n'abandi 20 bari barahamijwe ibyaha bitandukanye bamaze kurekurwa n'inkiko z'u Rwanda ku mbabazi za Perezida wa Repubulika y'u Rwanda.
Minisiteri y'ubutabera mu Rwanda imaze gusohora itangazo rivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Tshisekedi yirukanye minisitiri w’ingabo asimbuzwa uwahoze ayobora inyeshyamba
Tshisekedi yaraye akoze impinduka zikomeye muri guverinoma ye, ashyira mu myanya bamwe mu bahoze bayobora imitwe y'inyeshyamba.
Perezida Felix Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Minisitiri w’Intebe yakomeje kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Tchad: Abagera kuri 441 bahamijwe icyaha cyo kwica Idris Deby bakatiwe icya burundu
Urukiko rwo muri Tchad rwahanishije igifungo cya burundu abantu 441, rumaze kubahamya uruhare mu rupfu rwa Idriss Deby wahoze ayobora icyo gihugu.
Idriss Deby yiciwe ku rugamba muri Mata 2021 ubwo yari yagiye kurwanya inyeshyamba!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Donald Trump yasabye abakunzi be kwitambika icyemezo cya Leta kigamije kumufunga
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Donald Trump yasabye abakunzi be kuzitambika icyemezo cyo kumuta muri yombi.
Perezida Donald Trump wigeze kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika yasabye abayoboke be!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika y’epfo: Hateguwe imyigaragambyo ikomeye kubera ikibazo cy’amashanyarazi
Ikibazo cy'amashanyarazi gitumye shyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Ramaphosa ritegura imyigaragambyo ikomeye kuri uyu wa mbere.
Ishyaka Economic Freedom Fighters (EFF) ryavuze ko ryateguye imyigaragambyo ikomeye iteganijwe kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kainerugaba umuhungu wa Museveni yeruye avuga ko aziyamamariza kuyobora Uganda
Umuungu wa Perezida Museveni wa Uganda yavuze ko noneho aziyamamariza kuyobora igihugu cya Uganda agasimbura ise nk'uko yagiye abisabwa kenshi.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 15 Werurwe 2023, umuhungu wa perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye igihe Karasira azaburanishirizwa
Uzaramba Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ukurikiranyweho ibyaha birimo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, agiye gutangira kuburanishirizwa mu Rukiko Rukuru.
Ku wa 25 Ugushyingo 2022 nibwo Urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Akana k’impuguke za Loni kemrje ko u Rwanda rufasha umutwe wa M23
Akanama k'impuguke za Loni koherejwe kugenzura uruhare n'akaboko k'ingabo z'u Rwanda mu gufasha umutwe wa M23 kemeje ko U Rwanda rufasha uwo mutwe
Akanama k'impuguke z'Umuryango w'abibumbye gakuriwe na Bwana Nicolas de Rivière!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yaciye amarenga ko ashobora kubabarira Rusesabagina
Perezida Kagame yaciye amarenga ko ashobora kubabarira Bwana Rusesabagina wahamijwe ibyaha birimo iby'iterabwoba yakoreye ku butaka bw'u Rwanda.
Perezida Paul Kagame w'u Rwanda kuri uyu wa mbere aho ari mu gihugu cya Qatar i Doha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Sena ya Eswatini yashimye u Rwanda kuba rufite abagore benshi mu Nteko
Perezida wa Sena mu Bwami bwa Eswatini, Pastor Lindiwe Dlamini, uri mu ruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda, mu biganiro yagiranye na Hon. Donatille Mukabalisa, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, yishimiye ko u Rwanda!-->…
Burundi: Abakozi ba Leta bategetswe kujya basenga mbere yo gutangira akazi
Leta y'Uburundi yategetse abayobozi ba Leta ku nzego zo hejuru kujya batangira akazi kabo n'isengesho buri gitondo.
Guhera kuri uyu wa kabiri taliki ya 7 Werurwe 2021, abakozi bo mu biro bya perezida w'Uburundi, abo mu biro!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zubatse isoko ry’Amafi rya kijyambere
Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique, zashyikirije Umujyi wa Mocimboa da Praia isoko ry’amafi rya kijyambere ryubatswe, rikaba rifite agaciro ka miliyoni 25 Frw.
Uyu muhango kandi witabiriwe na Ambasaderi w'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Sambwa na Kasereka abasirikare ba FARDC baherutse kurasirwa mu Rwanda bashykirijwe DRC
Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda rwashyikirije Republika ya iharanira Demokarasi ya Kongo imirambo ibiri y’abasirikare bayo rubinyijije mu itsinda rishinzwe kugenzura ibibera ku mipaka mu karere k’ibiyaga bigari. Byabereye ku bitaro bya!-->!-->!-->…
“Kuva muri 94 ntimwigeze musigasira ubusugire bw’igihugu cyanyu” Macron abwira…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron uri mu ruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yabwiye ubutegetsi bw’iki Gihugu guhagarika guhora bwegeka ibibazo ku mahanga kuko atari shyashya ahubwo ko ari bwo bwananiwe!-->!-->!-->…
Rulindo: Meya yazengurutse imirenge yose ashimira uruhare rw’abaturage mu kwesa imihigo
Meya w'Akarere ka Rulindo yaraye azengurutse imirenge yose igize ako Karere mu rwego rwo gushimira abaturage uruhare bagize byatumye ako Karere kesa imihigo ku rugero rushimishije.
Ku munsi w'ejo hashize, kuwa kane taliki ya 2!-->!-->!-->!-->!-->…