Browsing Category
Politike
Nyanza: Urukiko rwanzuye ko imanza z’abo muri MRCD zizaburanishirizwa hamwe
Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka , rwanzuye ko urubanza ruregwamo Nsabimana Callixte wiyise Sankara na Herman Nsengimana bahoze ari abavugizi b’inyeshyamba zo mu!-->!-->!-->…
Uganda: Murumuna wa Prezida Museveni yareze ishyaka NRM rya mukuru we mu nkiko
Godfrey Aine Kaguta, murumuna wa Perezida Museveni yajyanye ishyaka NRM riyoborwa na Mukuruwe Museveni mu rukiko, aho arishinja kwanga ko arihagararira muri Mawogola nk’umukandida waryo mu nteko ishingamategeko.
Mu kirego Aine!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yasabye umuvunyi mukuru gukorana bya hafi n’inzego z’ubutabera…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye Urwego rw’Umuvunyi kongera imbaraga mu kwigisha abaturarwanda uburenganzira bwabo, amategeko abarengera bakayumva kandi bakayamenya, bakamenya n’izindi nzego bashobora kwiyambaza.!-->!-->!-->…
Uganda: Umwe mu bahatanira kuyobora Uganda arashinja Museveni kubangamira umubano wa Uganda…
Umukandida Perezida w’ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) Patrick Oboi Amuriat yagaragaje ko kuba u Rwanda na Uganda bibanye nabi byose biterwa na Perezida Yoweri Museveni.
Ibi Partrick Amuriat yabitangarije mu muhango wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abahesha b’inkiko basabwe kurangwa n’ubupfura n’ubunyangamugayo
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, yasabye Abahesha b’Inkiko b’Umwuga na ba Noteri bikorera gukora kinyamwuga kandi ko kurangiza inyandikompesha, bikozwe ku neza cyangwa ku gahato ngo ni yo ntambwe!-->!-->!-->…
ETHIOPIA: igisirikare kiremeza gifite umurwa mukuru wa Tigray-Mekele
uhagarariye UNHCR Filippo Grandi, yasuye abahunze iimirwano munkambi iri muburasira zuba bwa Sudan
Ubuyobozi bw'igisirikare muri Ethiopia buremeza ko bwamaze gufata umurwa mukuru wa Tigray Mekele abaturage bakomeje kugera munkambi!-->!-->!-->…
Ethiopia: Igisirikare kivuga ko cyafashye imijyi myinshi ya Tigray
Nyuma y'ibyumweru bigera kuri bitatu Ingabo za Ethiopia zimaze zirwana n'ingabo z'ishyaka Tigray People's Liberation Front (TPLF) riri ku butegetsi muri leta ya Tigray, Igisirikare cya Ethiopia kivuga ko cyafashe imijyi myinshi yo mu!-->!-->!-->…
Bimwe mu byaranze Perezida Yoweri Museveni uri kwiyamamariza manda 6
Kuva ku itariki ya 9 y'uku kwezi kwa 11 mu 2020 kugeza ku itariki ya 12 y'ukwezi kwa mbere mu 2021, abakandida 11 bari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuba Perezida wa Uganda.
Museven na Bobi wine nibo bari hejuru mubafite amahire kurusha!-->!-->!-->…
Iran yarahiye guhorera Mohsen Fakhrizadeh wari umuhanga mu bya Nikleyeri ’Nuclea’ wishwe
Iran yasezeranyije ko izahorera iyicwa rya Mohsen Fakhrizadeh, wari umwe mu bahanga bayo bakomeye mu bumenyi bwa nikleyeri, wiciwe hafi y’umurwa mukuru Tehran ku wa gatanu.
Fakhrizadeh yapfiriye mu bitaro, nyuma y’igitero cyabereye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Byakomeye noneho Abasirikare barimo gukumira abahunga imirwano muri Tigray
Ingabo za Ethiopia zagabwe ku mupaka ihana na Sudan zirimo kubangamira uko impunzi zihunga ziva muri leta ya Tigray iberamo imirwano.
leta ya Tigray ikomeje kugabwaho igitero.
Ni mu gihe hari kuba imirwano hagati y’ingabo za Ethiopia!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Imibare y’abasize ubuzima mu myigaragambyo ikomeje kwiyongera.
Polisi ya Uganda yavuze ko abapfuye mu myigaragambyo yo mu cyumweru gishize yo kwamagana ifatwa rya Bobi Wine, bageze kuri 45.
Mu kiganiro n'abanyamakuru kuri uyu wa mbere, umuvugizi wa polisi ya Uganda Fred Enanga yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Yoweli Museveni na Amuriat bariyamamariza mu gace kamwe, hitezwe imvururu mu babashyigikiye
Kuri uyu wa kabili taliki 17 Ugushyingo, muri Uganda, abakandita 2 ku mwanya wa Perezida aribo Yoweli Museveni usanzwe ayoboye iki gihugu, na Patrick Amuriat wo mu ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) bariyamamariza mu karere ka!-->!-->!-->…
Sudan zombi mu biganiro byo kuzahura umubano
Ku munsi wejo kuwa mbere, umuyobozi w’inama y’ubutegetsi muri Sudan, Lt. Gen. Abdul-Fattah Al-Burhan, yakiriye mu biro bye Vice-Prezida wa Sudan y’epfo Hussein Abdel-Baqi, baganira ku bibzo by'imibanire hagati y'ibihugu byombi.
Aba!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Ibihumbi by’abaturage bakomeje myigaragambya kubera kutemera ibyavuye mu matora
Abashyigikiye Perezida Donald Trump w'Amerika babarirwa mu bihumbi baraye bateraniye i Washington DC mu myigaragambyo yo gushyigikira ibivugwa bidafitiwe gihamya byuko habayeho uburiganya mu matora ya perezida.
Abigaragambya bitwaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Amnesty International yatangaje amakuru mashya ku bwicanyi bwakorewe abasivile muri Tigray
Amnesty International yatangaje ko yabonye amashusho y'icyogajuru yerekana ubwicanyi ku basivile biciwe mu gace ka Tigray mu ntambara iri kuba hagati ya Ethiopiya na leta ya Tigray iri mu majyaruguru ya Ethiopia, uruhande rwa leta!-->!-->!-->…