Browsing Category
Politike
Ububiligi: Ibihumbi by’abaturage biraye mu mihanda bamagana perezida wa Ukraine bashinja…
Abaturage barenga ibihumbi 5 baturutse mu bihugu byose by’Ubumwe bw’Uburayi bakoreye imyigaragambyo ikomeye ku biro bikuru by’Uyu murwango i Brussels mu Bubiligi basaba Ukraine guhagarika intambara n’Uburusiya.
Mu majwi yumvikana mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida yasabye abaturage gusenga Imana ikabaha imvura imaze igihe yaranze kugwa
Perezida wa Repubulika y'Uburundi yasabye abaturage be gushyira hamwe bagasenga Imana ikabaha imvura imaze igihe yarabuze muri icyo gihugu.
Perezida wa Repubulika y'U Burundi Ndayishimiye Evariste ubwo yari mu kiganiro n'abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
LONU yamaganye ibisasu Uburusiya bwasutse mu mijyi yo mu murwa mukuru wa Ukraine
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres yamaganiye kure ibitero bya misile byagabwe n’Uburusiya mu mijyi itandukanye ya Ukraine.
Umuvuguzi wa Guterres yavuze ko ibitero byagabwe muri Ukraine ari ibikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine Dmytro Kuleba yavuye muri Afurika igitaraganya
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Ukraine, bwana Dmytro Kuleba wari umeze iminsi ku mugabane w’Afurika, yashoje uruzinduko rwe igitaraganya.
Ni nyuma y’ibitero bikomeye byabyutse bigabwa i Kyiev mu murwa mukuru w’igihugu cye.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Trump arasanga USA ikwiye gusaba imishyikirano Uburusiya kugira ngo intambara ya Ukraine…
Uwahoze ari perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Bwana Donald Trump arasanga Amerika Leta ya Biden ikwiye gusaba imishyikirano n'Uburusiya kugira ngo hirindwe intambara ikomeye hagati yakwangiza byinshi ikica n'abatari bake
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Museveni yasabye imbabazi Abanyakenya kubera amakosa yakozwe n’umuhungu we.
Perezida Museveni wa Uganda yasabye imbabazi abaturage ba Kenya kubera amagambo ameze nk'ay'ubushotoranyi yavuzwe n'umuhungu we General Kainerugaba abinyujije kuri twitter ye.
Abinyujije kuri twitter ye, perezida wa Uganda Yoweri!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Gatabazi yibukije abayobozi ko umuturage agomba kuza ku isonga
Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu Bwana Jean Marie Vianney GATABAZI yibukije abayobozi b'ibanze ko umuturage agomba kuza ku isonga kandi ko nta kimusimbura mu mikemurire ya serivisi.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Kainerugaba wazamuwe mu ntera agirwa general wuzuye yashimiye ise Museveni
Kainerugaba MUHOOZI umaze akanya azamuwe mu ntera agirwa General wuzuye, yashimiye ise Museveni.
Nyuma yo kuzamurwa mu ntera agahabwa ipeti rya General byuzuye yashimiye perezida MUSEVENI wamugiriye icyizere akamuha irindi peti.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Perezida Tshisekedi yashyizeho umugaba w’ingabo mushya utegerejweho gutsimbura M23
Perezida Félix Tshisekedi yasimbuje General Célestin Mbala Munsense wari umugaba mukuru w’ingabo za DR Congo ashyiraho Lieutenant-General Christian Tshiwewe Songesha.
Izi mpinduka zatangajwe mu itangazo ryasomwe kuri televiziyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Perezida Suluhu yirukanye minisitiri we w’ububanyi n’amahanga
Perezida wa Tanzaniya Suluhu Samia yirukanye minisitiri we w'ububanyi n'amahanga anihanangiriza abandi bari muri guverinoma ye bigira nk'ibigirwamana.
Perezida wa Tanzaniya Samiya SULUHU mu mpera z'icyumweru gishize yakoze impinduka!-->!-->!-->!-->!-->…
Bourkinafaso: Nyuma y’amezi 10 gusa ahiritse ubutegetsi, Lt. Col. Paul-Henri Damiba nawe atewe…
Nyuma y'igihe kitageze no ku mwaka ahiritse ubutegetsi, Lt Col. Paul Damiba bimaze kwemezwa ko nawe yahiritswe ku butegetsi na Cpt Ibrahim Traoré
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ahagana saa tanu z'ijoro ku isaha yo mu Rwanda,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda-Burundi: Imipaka yo ku butaka yafunguwe, ubu abaturage barambukira ku cyangombwa gusa
Nyuma y'igihe kitari gito abaturage badakoresha mu bwisanzure imipaka yo ku butaka hagati y'u Burundi n'u Rwanda, kuri ubu iyo mipaka yafunguwe.
Kuva kuwa kane Abarundi batangiye kwemererwa kwambuka umupaka w’ubutaka binjira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: FARDC n’ingabo z’Uburundi ziri gutegura igitero simusiga cyo kubohoza Bunagana
Ingabo z'Uburundi zifatanije n'ingabo za FARDC ziravugwa mu myiteguro ikomeye yo kubohoza umujyi wa Bunagana umaze amezi arenga atatu mu maboko ya M23.
Iminsi irenze 90 umujyi wa Bunagana uri mu maboko y'umutwe wa M23, umutwe uvuga!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yatangiye gushyiraho abayobozi ba gisivile mu duce yigaruriye
Ubuyobozi bw'umutwe wa M23 watangiye gushyiraho ubuyobozi mu nzego z'ibanze mu duce yigaruriye bitangirira i Bunagana
Kuri uyu wa gatatu umutwe wa M23 watangiye gushyiraho abayobozi ba gisivili mu nzego z'ibanze mu duce uwo mutwe umaze!-->!-->!-->…
Kainerugaba umuhungu wa Museveni yatangaje ko agiye kongera kugaruka mu Rwanda kwa uncle we
Muhoozi KAINERUGABA umuhungu wa perezida wa Uganda yavuze ko mu minsi ya vuba azongera akagaruka mu Rwanda
Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda General Muhoozi KAINERUGABA akaba ari n'umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni!-->!-->!-->!-->!-->…