Browsing Category
Politike
Kenya: Perezida Kagame yagize uruzinduko rw’akazi muri Kenya
Kuri uyu wa kane tariki ya 03 Gashyantare 2022, Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Nairobi muri Kenya yakiriwe na mugenzi we, Perezida Uhuru Kenyatta bagirana ibiganiro byibanze ku mubano w’ibihugu byombi.
Ibiro!-->!-->!-->!-->!-->…
USA yatumije inama y’igitaraganya yigirwamo ikibazo cya Koreya ya Ruguru
Leta zuunze ubumwe za Amerika yatumije inama y'igitaraganya igomba kwigira hamwe ikibazo cya Koreya ya Ruguru iherutse kugerageza igisasu karahabutaka.
Reta zunze ubumwe za Amerika yatumyeho inama y'igitaganya igomba kuba kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea-Bissau naho hatangiye guhwihwiswa ihirikwa ry’ubutegetsi
Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko mu murwa mukuru wa Guinne Bissau humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye hafi y’ikicaro cy’ingoro ya leta, aho bikekwa ko habaye ihirikwa ry'ubutegetsi.
Hari amakuru ko muri Guinee Bissau,!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yahaye gasopo abarimu bamaze igihe bavuga ko bagiye kwigaragambya
Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yahaye gasopo abarimu bamaze iminsi bavuga ko nibahabwa ikizami cy'igeragezwa bazahita bajya mu mihanda bakigaragambya.
Nyuma y'aho Leta y'Uburundi ibinyujije muri ministeri y'uburezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking news: Commonwealth yemeje ko inama ya CHOGM izabera i Kgli muri Kamena 2022
Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Patricia Scotland batangaje ko inama ya CHOGM izaba muri Kamena
Nyuma y'aho inama ihuza abakuru b'ibihugu na za Guverinoma bigize umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'icyongereza!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi buhakana kugira abasirikare muri Kongo
Minisitiri w’umutekano mu Burundi ,Tribert Mutabazi, avuga ko nta ngabo z’igisirikare cy’Uburundi zagiye kurwanira mu burasirazuba bwa Repulika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi Misitiri Tribert Mutabazi yabitangaje mu kiganiro yahaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Visi Perezida wa Uganda yasabye abanya-Uganda kwirinda gushotora Abanyarwanda.
Visi Perezida wa Uganda Jessica Alupo yasabye abaturage ba Uganda kwirinda gukoresha imvugo n’ubundi buryo bwose bwashotora abanyarwanda mu rwego rwo kwirinda ko umubano ibihugu byombi birimo kugarura wakongera kuzamo agatotsi.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu kiruta ibindi kuva mu 2017
Korea ya Ruguru yagerageje igisasu cya misire kinini kuruta ibyo imaze kugeregeza byose kuva mu 2017.
Korea ivuga ko ibikorwa byo kugerageza iyi misire byabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ku masaha yo mu karere, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia-Tigray: Kudahembwa bitewe n’intambara byatumye bamwe mu baganga n’abaforomo basaba…
Bamwe mu baganga n’abaforomo bo kuri bimwe mu bitaro byo mu ntara ya Tigray yugarijwe n'intambara muri Ethiopia bageze aho basaba ibyo barya, kubera kumara igihe badahembwa.
Umwe muri bo yabwiye BBC ko amezi umunani bamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yavuze ko ubuzima bwiza bushoboka no muri Afrika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa Kane tariki 27 Mutarama 2022, yitabiriye ikiganiro ku bijyanye n’uburyo habaho ubufatanye mu kunoza ibirebana n’urujya n’uruza hagati ya Afurika n’u Burayi. Iki kiganiro cyateguwe!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatangaje ko umupaka wa Gatuna uruhuza na Uganda uzafungurwa kuri uyu wa mbere
Leta y'u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa 31 Mutarama umupaka wayihuzaga n'igihugu cya Uganda uzaba wongeye kuba nyabagendwa.
Nyuma y'iminsi hafi itanu gusa Leta ya Uganda yohereje intumwa idasanzwe kuganira na Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Bwana Mabirizi yasabye ko Museveni abazwa aho yakuye perimi yo gutwara
Umunyamategeko Male Mabirizi uzwiho guhangara abakomeye muri Uganda, avuga ko ashidikanya ku kuba Perezida Yoweri Kaguta Museveni afite uruhushya rugifite agaciro rwo gutwara imodoka nyamara akaba amubona akiyitwara, agasaba ko!-->!-->!-->…
umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yasuye Polisi ya Lesotho
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine mu gihugu cya Lesotho, uruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye buri hagati ya Polisi y'u Rwanda n’iya Lesotho.
IGP Dan Munyuza yagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Callixte Sankara yasabye ko urukiko rumushyiriramo imiyaga akagabanirizwa igihano
Nsabimana Callixte alias Sankara wakatiwe gufungwa imyaka 20 akajurira, yasabye Urukiko rw’Ubujurire guca inkoni izamba akoroherezwa igihano, akoresha imvugo igezweho mu bakiri bato agira ati “ndasaba ko munshyiriramo imiyaga.”
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso: Imbaga y’abantu bishimiye ihirikwa ry’ubutegetsi
Abantu barenga 1000 ejo kuwa kabiri bahuriye mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadugu, bishimira ko igisirikare cyahiritse ubutegetsi bwa perezida Roch Kabore kikanasesa Guverinoma.
Iri hirikwa ry’ubutegetsi rya gatanu muri Afrika!-->!-->!-->!-->!-->…