Browsing Category
Politike
Minisitiri Gatabazi yagize icyo avuga kuri Gitifu w’umunge washyize Akagari muri ”Guma…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko nta gikuba cyacitse kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare yashyize Akagari ayobora muri Guma mu rugo, cyakora avuga ko agomba kugirwa inama.
!-->!-->!-->…
Perezida wa Centrafriue yamaze kugera mu Rwanda mu ruzinduko ruzamara iminsi ine (4)
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Kanama 2021.
Kuri gahunda biteganyijwe ko agiye kwakirwa na Perezida Kagame muri Village Urugwiro mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari Perezida wa Mozambique Joaquim Alberto yasabye Leta kuganira n’inyeshyamba
Joaquim Alberto Chissano wahoze ayobora Mozambique yasabye Leta iyobowe na Filipe Nyusi kuganira n’inyeshyamba zimaze igihe ziyogoza Intara y’Amajyaruguru ya Cabo Delgado hari kubera imirwano.
Uyu mukambwe w’imyaka 81, yavuze ko nubwo!-->!-->!-->…
Dore ibyavuye mu mubonano wa Perezida Kagame na Samia Hassan wa Tanzaniya.
Hasinywe amasezerano atari make hagati y'u Rwanda na Tanzaniya harimo n'aya gari ya moshi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ahagana saa tatu za mu gitondo nibwo Madame Samia Hassan prezida wa repubulika yunze ubumwe ya Tanzaniya!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Samia Suluhu amaze kugera i Kigali ku butumire bwa Pr Kagame
Prezida Samia Suluhu wa Leta zunze ubumwe za Tanzaniya amaze kugera i Kigali ku butumire bwa Prezida Paul Kagame.
Ahagana saa tatu n'igice z'igitondo nibwo indege ya Leta zunze ubumwe ya Tanzaniya yagezaga umwe mu bashyitsi b'imena!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Prezida wa Tanzaniya araba ari i Kigali guhera kuri uyu wa mbere.
Ibiro bya prezidansi ya Leta zunze ubumwe ya Tanzaniya byamaze kwemeza ko Prezida Samia Suluhu Hassan azagirira uruzinduko i Kigali guhera kuri uyu wa mbere.
Nyuma y'aho bitangiye guhwihwiswa ko prezida wa Leta zunze ubumwe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Barakoze ariko ntibihagije, baduhe n’abashatse guhirika ubutegetsi bari iwabo”…
Prezida Evariste Ndayishimiye w'i Burundi yashimye intambwe y'u Rwanda yo kohereza abarwanya ubutegetsi bw'Uburundi bafatiwe ku butaka bw'u Rwanda ariko avuga ko bidahagije, ko hari n'abandi bakiri mu Rwanda bityo ko nabo u Rwanda!-->!-->!-->…
Mali: Umugabo wagerageje gutera icyuma Perezida Goïta yaguye mu maboko y’abashinzwe umutekano
Umugabo washinjwaga ko mu cyumweru gishize yagerageje gutera icyuma Perezida w'inzibacyuho wa Mali Col Assimi Goïta, yapfiriye mu bitaro arinzwe, nkuko leta ibivuga.
Leta ya Mali yatangaje ko umugabo uherutse kugerageza gutera!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rurashinjwa kuneka no kumviriza terefoni ya ministre w’intebe w’u Burundi.
U Rwanda rwashyizwe mu majwi mu bihugu bikoresha ikoranabuhanga rya PEGASUS mu kuneka abategetsi b'ibihugu by'ibituranyi harimo na ministre w'intebe w'u Burundi.
Guhera ku munsi wa mbere nibwo imiryango mpuzamahanga idaharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwahakanye amakuru avuga ko rwanekaga umukobwa wa Rusesabagina rwifashishije programu ya…
Leta y'u Rwanda yahakanye amakuru avuga ko rumaze igihe runeka umukobwa wa Paul Rusesabagina rwifashishije programu ya mudasobwa yitwa Pegasus.
Ni inkuru yaje ku mitwe ya bimwe mu binyamakuru byo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Philippines: Noneho perezida Rodrigo Duterte yavuze ko yifuza umwanya wa Visi Perezida avuye kuwa…
Perezida wa Philippines, Rodrigo Roa Duterte, uzwi hirya no hino ku byemezo n’imbwiraruhame ze zikakaye, yavuze ko yifuza umwanya wa Visi Perezida umwaka utaha ubwo manda ye nka Perezida izaba irangiye.
Duterte w’imyaka 76 wavutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda:Iyicarubozo ryakorewe abafashwe bakekwaho kurasa Gen Katumba rikomeje kwamaganwa na Bobi Wine
Abafashwe bakekwaho kurasa Gen Katumba usanzwe ari Minisitiri bagaragaye imigongo n’amaguru yabo yuzuye ibisebe,ibirenge byarapfumujwe imisumari n’abashinzwe iperereza.
Umunyapolitiki Bobi Wine wahatanye na Perezida Museveni mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia:Jenerali Tsadkan Gebretensae uri inyuma y’urugamba rw’inyeshyamba ni muntuki?…
Ku nshuro ya kabiri mu buzima bwe, uwahoze ari Jenerali mu ngabo za Ethiopia ari ku isonga ry'inyeshyamba zirwanya leta ya Ethiopia mu karere k'imisozi miremire ka Tigray mu majyaruguru y'icyo gihugu, nkuko byandikwa n'umusesenguzi Alex de!-->…
Ubwigenge bw’u Burundi bwitabiriwe na Minisitiri w’ intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu,nk’uko ibiro bya!-->…
Ethiopia: Inyeshyamba zakubise ingabo za Leta ya Ethiopia birangira zishubije Mekelle
Inyeshyamba zo mu karere ka Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia zikomeje gutera intambwe nyuma yuko zigaruriye umurwa mukuru Mekelle w’ako karere ziwambuye ingabo za leta.
Inyeshyamba ubu noneho zinjiye mu mujyi wa Shire, uri mu ntera!-->!-->!-->!-->!-->…