Browsing Category
Politike
U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa na DRC ku byavuye mu biganiro by’i Luanda
Guverinoma y’u Rwanda yahakanye ibyavugwaga ko inama y’Abakuru b’Ibihugu bitatu (Rwanda, DRCongo na Angola) yasinyiwemo amasezerano y’imishyikirano yo guhagarika intambara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Byatangajwe na!-->!-->!-->…
“Nshaka ko mwumva agahinda kenshi ntewe no kurekura kano kazi keza ku isi” Min. Boris…
Minisitiri w'intebe w'Ubwongereza Bwana Boris Johnson yatangaje ko ababajwe no kuba yegujwe, ndetse ko yicuza cyane kuba atsinzwe mu rugamba yahanganagamo n'abanzi be.
Nk'uko yari yabyemeje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki ya 7!-->!-->!-->…
DRC: M23 iravuga ko itazava mu birindiro byayo
Umutwe wa M23 wavuze ko utiteze gushyira mu bikorwa umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe i Louanda muri Angola usaba uwo mutwe gushyira ibirwanisho hasi ukava no mu birindiro urimo.
Umutwe w'inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa!-->!-->!-->…
Hamenyekanye icyavuye mu biganiro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Luanda
Perezida Kagame na Perezida Tshisekedi bagiranye ibiganiro bigamije gushakira amahoro igice cy'uburasirazuba bwa Congo.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 6 Nyakanga 2022 Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Bwana Felix!-->!-->!-->…
“Amagambo ya Kainerugaba ntagomba kwitirirwa ingabo za Uganda” Umuvugizi wa UPDF
Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig Gen Felix Kulayigye yavuze ko ibyatangajwe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wavuze ko ashyigikiye umutwe urwanya ubutegetsi bwa Ethiopia, bidakwiye kwitirirwa UPDF kuko atari umuvugizi wayo cyangwa ngo!-->…
Perezida Paul Kagame yavuze ku iterambere ry’uRwanda nyuma y’imyaka 28 rwibohoye
Perezida Kagame yavuze ko nyuma y’imyaka 28 u Rwanda rwibohoye rugenda rugera ku iterambere mu nzego zitandukanye zirimo n’izirebana n’imibereho y’abaturage, yemeza ko ababinenga cyangwa abavuga ko ntacyo rugeraho ari abadashaka kubona!-->…
Perezida Kagame agiye guhurira na Tshisekedi muri Angola
Umuryango w’Abibumbye wemeje ko intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zigiye guhurira i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi uvugwa hagati y’ibihugu byombi.
Ni umwuka ushingiye ku!-->!-->!-->…
DRC: Kiliziya Gatolika yasabye Perezida Tshisekedi gusubira mu biganiro na M23
Inama nkuru y’Abepisikopi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO) yasabye Leta ya Kinshasa kwemera ibiganiro na M23 mu rwego rwo guhosha intambara mu burasirazuba bw’igihugu.
Nk'uko itangazo ryasinyweho n’umuvugizi w’iri!-->!-->!-->…
DRC: Sgt. KINGOMBE MOKILI uherutse kurasirwa mu Rwanda yaraye asezeweho nk’intwali
Sgt KINGOMBE Mokili, umusirikare wo mu ngabo za Congo FARDC uherutse kurasirwa mu Rwanda yaraye asezeweho nk'intwali na bagenzi be mu karasisi ka gisirikare.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 27 Kamena 2022 nibwo mu mujyi wa Goma hasezerwaga!-->!-->!-->…
“Nari mpuze, gusura imfungwa ntibiri mu byanjyanye i Kigali” Boris Johnson
Minisitiri w'intebe w'Ubwongereza Bwana Boris Johnson yakuriye inzira ku murima abamubajije impamvu atasuye amagereza yo mu Rwanda ubwo yari yitabiriye inama ya CHOGM i Kigali.
Minisitiri w'intebe w'Ubwongereza ni umwe mu bayobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
CHOGM y’i Kigali isize yakiriye ibindi bihugu bibiri mu muryango
Inama y'abakuru b'ibihugu na za guverinoma mu bihugu bya Commonwealth isize hiyongereyeho ibindi bihugu byo ku mugabane wa Africa.
Guhera mu cyumweru gishize mu Rwanda, nta yindi nkuru yagiye ivugwa cyane hirya no hino mu mihanda yo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nta somo dukeneye guhabwa na BBC” Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yabwiye abanyamakuru ko u Rwanda rudakeneye inama za BBC cyangwa undi munyaburayi urwigisha ku ndangagaciro.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasozaga inama ya CHOGM!-->!-->!-->!-->!-->…
Bernard Ntaganda arasanga Commonwealth ari agatsiko k’abanyagitugu n’indyarya
Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta y'u Rwanda arasanga "Commonwealth" ari nk'agatsiko kagizwe n'abanyagitugu gusa.
Mu gihe icyuweru gishize u Rwanda rwaratangiye kwakira ku mugaragaro inama ya CHOGM, inama yafashwe nko gutsindwa!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: M23 yongeye kwigarurira akandi gace ku mupaka wa Uganda.
Umutwe wa M23 watangaje ko uri kugenzura Umupaka wa Kitagoma uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda, nyuma y’uko utsinsuye ingabo z’icyo gihugu, FARDC mu mirwano yabaye ku wa 20 Kamena uyu mwaka.
Umuvugizi wa M23,!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Leta yasabye abaturage guhagarika ibikorwa by’urugomo ku Banyarwanda.
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko yitandukanyije n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikorerwa Abanyarwanda muri iki gihe umubano w’ibihugu byombi utameze neza bitewe n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa!-->!-->!-->…