Browsing Category
Politike
Abanyamategeko ba Paul RUSESABAGINA bareze u Rwanda mu LONI
Itsinda ry'ababuranira Bwana Paul RUSESABAGINA bamaze gutanga ikirego cyabo ku Muryango w'abibumbye barega U Rwanda.
Ku wa mbere w'icyumweru gishize nibwo urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwagaragaje runatangaza ko rwamaze gufata!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Ibrahim Boubacar Keïta (IBK) yavuye mu gihugu cye agiye kwivuza
Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 5 Nzeri 2020, ni bwo Ibrahim Boubacar Keïta (IBK) wahoze ari Perezida wa Mali akaba aherutseguhirikwa ku butegetsi yerekeje muri Leta zunze umumwe z’Abarabu, aho agomba gukomeza kwivuza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Dubai yateye utwatsi amakuru yavugaga ko Paul Rusesabagina yafatiwe muri icyo gihugu.
Leta zunze ubumwe z’Abarabu zahakanye ko Paul Rusesabagina uherutse gufatirwa mu Rwanda atigeze afatirwa mu gihugu cyabo ahubwo yafashwe amaze kwerekeza mu gihugu kimwe cyo muri Afurika y’Iburasirazuba.
Uruhande rw’umuryango wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kuva nagera mu Rwanda mfashwe neza, nta kibazo ndagira” Paul Rusesabagina
Paul Rusesabagina uherutse kwerekwa itangazamakuru, yavuze ko afashwe neza kuva yagezwa mu Rwanda, ngo yiteguye kugaragariza urukiko ko ari umwere.
Mu ntangiriro z'iki cyumweru nibwo urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Bafatirwa mu birori byo kwerekana umwana batitaye ku mabwirizwa yo kwirinda covid-19
Bwana Emmanuel NSHINGWAMIHETO yaraye afashwe nyuma yo gutumiza ibirori byo kwerekana umwana bakabikora hatitawe ku mabwiriza yo kwirinda covid-19
Ku munsi w'ejo ku cyumweru, Bwana Emmanuel Nshingwamiheto wo mu Karere ka Huye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Min Shyaka yatangije icyumweru cy’ubukangurambaga kuri gahunda ya #EjoHeza#
Kuri uyu wa mbere taliki ya 31 Kanama 2020 Minisitiri w'ubutegetsi bw'Igihugu, Prof SHYAKA ANASTASE aherekejwe n'abayobozi b'inzego z'ibanze muri ako Karere ka Ruhango, ndetse na guverineri w'intara y'amagepfo Madame Alice Kayitesi!-->!-->!-->…
Hon BAMPORIKI yasabye RUSESABAGINA kudasaza imigeri
Nyuma y'aho RIB igaragarije itangazamakuru inemeza ko ifite Bwana RUSESABAGINA Paul, Hon BAMPORIKI yamugeneye ubutumwa amusaba kudasasa imigeri.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo urwego rw'ubushinjacyaha mu Rwanda rwagaragarije!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Trump Yemeye Kandidatire y’abo mu ishyaka y’Abarepublikani mu Matora
Perezida wa Reta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa kane yaraye asozereye ikoraniro kaminuza ry’umugambwe w’abarepublikani mu gushikiriza ko yemeye kuzokwitoreza manda ya kabiri mu kibanza ca perezidanse y’Amerika.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Leta yashimiye u Rwanda na kuba rwaracumbikiye impunzi z’Abarundi
Binyujijwe ku rukuta rwa twitter, guverinoma y'igihugu cy'u Burundi yashimiye Leta y'U Rwanda kuba yaracumbikiye impunzi z'abarundi zari zimaze imyaka isaga itanu mu nkambi y'i Mahama.
Intumwa ya Leta yakiriye izo mpunzi zisaga 450!-->!-->!-->!-->!-->…
Japan: Abe Ministre wari w’intebe yeguye ku buyobozi kubera uburwayi bw’amara
Minisitiri w'intebe w'Ubuyapani Shinzo Abe yatangaje ko yeguye ku butegetsi ku mpamvu z'ubuzima bwe.
Yavuze ko adashaka ko uburwayi bwe bubangamira ifatwa ry'ibyemezo mu gihugu, asaba imbabazi abaturage b'Ubuyapani kubera ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Pompeo urges more Arab states to make peace with Israel
US Secretary of State Mike Pompeo has said he hopes to see other Arab states following the United Arab Emirates and normalizing relations with Israel.
Mr Pompeo said it would not only increase Middle East stability, but also improve!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ku mutekano nta gusobanya, niwo shingiro wa byose” Min SHYAKA Anastase
Mu ruziduko ministre w'ubutegetsi bw'igihugu, professeur Shyaka Anastase akomeje gukorera mu turere dutandukanye tw'u Rwanda mu rwego rwo gekemura ibibazo by'abaturage, uyu munsi kuwa mbere taliki ya 24 Kanama 2020 ari kumwe na!-->!-->!-->…
Prezida MUSEVENI wa Uganda yihanangirije abanyamakuru barya Ruswa izwi nka “Giti”
Perezida Yoweli Museveni yihanije abanyamakuru baka abayobozi cyangwa abacuruzi amafaranga(azwi nka giti) kugira ngo badatangaza inkuru runaka zishobora kuryana mu matwi yabazanditsweho. Yabibukije ko mu nshingano zabo ibyo bitarimo.!-->!-->!-->…
OMS na UNICEF barasaba ko amashuri yafungurwa muri Africa
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) n'iryita ku bana (UNICEF), basabye leta z'ibihugu bya Africa ko bakongera gukaza ingamba zo kwirinda kuburyo amashuri yakongera gufungurwa muri iki gihe cya Coronavirus.
Aya!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Ibihumbi by’abaturage bahuriye i Bamako bishimira ihirikwa ry’ingoma ya Keita
Ihirikwa ry’ubutegetsi muri Mali n’ibirimo gukurikiraho umunsi ku wundi, ni inkuru irimo kuvugwa cyane mu bitangazamakuru mpuzamahanga bitandukanye.
Ku mugoroba w’ejo tariki 21 Kanama 2020, abantu babarirwa mu bihumbi baraye!-->!-->!-->!-->!-->…