Browsing Category
Uburezi
Hamenyekanye bimwe mu bikoresho byibwe muri IPRC-Kgl
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Ikoranabuhanga, Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, avuga ko mu bikoresho byibwe byatumye ishuri rya RP-IPRC Kigali rifungwa ibyumweru bibiri, harimo n’ibyifashishwa mu!-->!-->!-->…
Minisiteri y’uburezi yafunze mu gihe cy’ibyumweru bibiri ishuri rya IPRC-Kigali kubera…
Minisiteri y'Uburezi yafunze Ishuri rikuru rya RP-IPRC-Kigali ibyumweru bibiri uhereye uyu munsi ku cyumweru taliki ya 23 Ukwakira 2022, kugirango iperereza rijyanye n'imyitwarire mibi yo kwiha umutungo wa leta ririmo kuhakorerwa!-->!-->!-->…
Nta muyobozi w’ishuri uzongera gutanga babyeyi Meya atayisinyeho
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko urupapuro ibigo by’amashuri byandikira ababyeyi bibamenyesha amafaranga y’ishuri asabwa kugira ngo umunyeshuri yishyurirwe ibyo asabwa ruzwi nka”Babyeyi” rugiye!-->…
Abarezi bafite ubumuga bwo kutareba bashoje amahugurwa bari bamazemo iminsi ibiri
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) cyasoje amahugurwa y’iminsi ibiri, yageneye abarimu bafite ubumuga bwo kutabona mu rwego rwo gushyigikira uburezi budaheza.
Ni amahugurwa yabereye mu Karere ka Bugesera yateguwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimu SACCO yorohereje abarimu batize uburezi kubona inguzanyo
Ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu Sacco bwatangaje ko bwakuyeho amananiza ku nguzanyo zihabwa abakora umwuga w’uburezi batarabwize, aho bemerewe guhabwa inguzanyo ku mushahara nk’abandi barimu bize uburezi, ibintu binyuranye!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubuyobozi bw’Umurenge bwatangiye gutera imigwi umushahara wa mwalimu uherutse kongezwa
Abarimu bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza bababajwe n'umwanzuro wabafatiwe ubategeka gutanga amafaranga ibihumbi bitatu byo kubakira inzu abatishoboye nyuma yaho bongerejwe umushara.
Mu rwego rwo kwishimira iyongezwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kaminuza ikomeye yo muri Singapour yemereye Abanyarwanda kujya kwigayo guhera umwaka utaha
Guhera mu mwaka utaha, Abanyeshuri baturutse mu Rwanda bazahabwa amahirwe yo kwiga muri Kaminuza yubatse izina rikomeye mu ruhando mpuzamahanga yigisha iby’ikoranabuhanga muri Singapore (Nanyang Technological University /!-->!-->!-->…
MINEDUC yatangaje igihe abanyeshuri b’uwa mbere n’uwa kane bazatangirira
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje igihe abanyeshuri batsinze ibizamini bisoza amashuri abanza n’abatsinze iby’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bakazatangira tariki ya 4 Ukwakira 2022.
Amakuru MINEDUC yashyize!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Ku myaka ye 54, abana 2 n’abuzukuru 4 uyu yahisemo gusubira mu mashuri abanza
Umugabo w'imyaka 54 y'amavuko yahisemo gusubukura amasomo ye yari yaracikirije, ngo intego ni ukugera kure hashoboka.
Kuri uyu wa mbere kimwe n'ahandi hose mu Rwanda umwaka w'amashuri wa 2022-2023 nibwo watangiye ku mugaragaro, kimwe!-->!-->!-->…
Laptops ibihumbi 20 zigiye gusaranganywa abarimu mu kubafasha kunoza akazi kabo
Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze (REB), Dr. Nelson Mbarushimana, avuga ko mu myaka ibiri iri imbere abarimu bose bazaba barahawe mudasobwa zizabafasha kunoza umurimo bakora.
Yabitangaje mu nama!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ababyeyi bakanguriwe kuganisha abana babo mu mashuri ya tekiniki, imyuga…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage yasabye ababyeyi gukangurira abana kugana amashuri y'imyuga ku bwinshi kuko muri iki gihe ariho haboneka amahirwe menshi yo kubona akazi kandi byihuse.
Ibyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri 35% biga mu myaka itatu ibanza ntibazi gusoma Icyongereza, 40% ntibazi kubara
Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri gushyira abarimu b’abahanga mu myaka itatu ibanza kugira ngo bazamure imyigire y’abana ngo kuko isuzuma riheruka ryagaragaje ko mu bana biga muri iyo!-->!-->!-->…
Minisiteri y’uburezi yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri ya Leta bari…
Minisiteri y'uburezi mu Rwanda yamaganye bamwe mu bayobozi b'ibigo by'amashuri batangiye kwishyuza ababyeyi amafaranga yo kwiyandikisha
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda MadameDr Valentine Uwamariya yihanangirije bamwe mu bayobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
REB igiye guhagurukira abarimu bokamwe n’ingeso z’ubusinzi n’ubusambanyi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze, REB, cyasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kwita ku kibazo cy’abarimu bafite ingeso mbi zirimo ubusinzi no gusambanya abangavu bigisha.
Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr Nelson Mbarushimana,!-->!-->!-->…
Kirehe: Abarimu bakoze ibirori byo gushimira Leta iherutse kubongera umushahara
Abarimu bo mu Karere ka Kirehe bakoze inteko rusange hagamijwe kwishimira ibimaze kugerwaho mu burezi, by’umwihariko umushahara baherutse kongererwa, bavuga ko nabo bazitura Igihugu kurushaho gutanga uburezi bufite ireme no gukorana!-->!-->!-->…