Browsing Category
Uburezi
Polisi y’u Rwanda yasinye amasezerano y’ubufatanye na Kaminuza ya Kent State
Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu by’uburezi n’ubushakashatsi.
Ni amasezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Mutarama,!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Kent State University
Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 26 Mutarama 2023, yakiriye intumwa za kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ziyobowe na Dr. Marcello Fantoni, Visi Perezida ushinzwe uburezi ku Isi.
Iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Minisitiri w’uburezi yashimye isuku n’imikorere myiza irangwa muri Ecole des…
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda yashimiye ubuyobozi bwa Ecole des Siences de Nyanza ku muco wo kwimakaza isuku muri icyo kigo n'imikorere inoze hagati y'abayobozi n'abakozi yahasanze
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 18 Mutarama 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ababyeyi barerera muri Ecole des Sciences St Louis de Montfort batangariye urwego abana babo…
Bamwe mu babyeyi barerera abana babo mu kigo cya Ecole des sciences Saint Louis de Montfort cyo mu Karere ka Nyanza baravuga ko batangajwe ndetse banashimishwa n'urwego abana bagezeho bagezeho mu by'ubumenyi n'ikoranabuhanga.
Kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimu wa kaminuza yirukanywe kubera kwirirwa asabiriza igitsina abanyeshuri b’abakobwa
Umwarimu akaba n’Umuyobozi w’Ishami ry’Ubukungu n’Ibarurishamibare mu ishuri ry’ubukungu n’ubugenzuzi bw’Imari muri Kaminuza ya Kabale muri Uganda, Dr Nafiu Lukman Abiodun, yirukanywe nyuma y’uko agaragaweho umuco mubi wo kwaka ruswa!-->!-->!-->…
IPRC yongeye gutangira amasomo
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yamenyesheje abanyeshuri n’abakozi b’ishuri rya RP-IPRC Kigali, ko iryo shuri rizongera gufungurwa ku wa Mbere tariki 07 Ugushyingo 2022.
Leta yeruriye abarimu ibabwira ko Isoko rusange bifuzaga ridashoboka
Minisitiri w'intebe yabwiye abarimu ko icyifuzo cyuko bashyirirwaho isoko ryabo nka Umwalimu shop bidashoboka, ko ahubwo hakomeje gushakisha uburyo umwalimu yaba umwe mu bakozi bishimye mu gihugu.
Guverinoma y’u Rwanda yasubije!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu gihe ukwezi gushize amashuri atangiye, abarimu barenga 5,000 n’abanyeshuri barenga 10,000…
Mu gihe umwaka w’amashuri 2022-2023 umaze ukwezi utangiye, aho igihembwe cya mbere cyatangiye ku itariki 26 Nzeri 2022, mu gihugu hose harabarurwa abanyeshuri 105,525 n’abarimu 5,939 bataragera ku bigo by’amashuri.
Ni ibyavuye muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye bimwe mu bikoresho byibwe muri IPRC-Kgl
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Ikoranabuhanga, Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, avuga ko mu bikoresho byibwe byatumye ishuri rya RP-IPRC Kigali rifungwa ibyumweru bibiri, harimo n’ibyifashishwa mu!-->!-->!-->…
Minisiteri y’uburezi yafunze mu gihe cy’ibyumweru bibiri ishuri rya IPRC-Kigali kubera…
Minisiteri y'Uburezi yafunze Ishuri rikuru rya RP-IPRC-Kigali ibyumweru bibiri uhereye uyu munsi ku cyumweru taliki ya 23 Ukwakira 2022, kugirango iperereza rijyanye n'imyitwarire mibi yo kwiha umutungo wa leta ririmo kuhakorerwa!-->!-->!-->…
Nta muyobozi w’ishuri uzongera gutanga babyeyi Meya atayisinyeho
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko urupapuro ibigo by’amashuri byandikira ababyeyi bibamenyesha amafaranga y’ishuri asabwa kugira ngo umunyeshuri yishyurirwe ibyo asabwa ruzwi nka”Babyeyi” rugiye!-->…
Abarezi bafite ubumuga bwo kutareba bashoje amahugurwa bari bamazemo iminsi ibiri
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) cyasoje amahugurwa y’iminsi ibiri, yageneye abarimu bafite ubumuga bwo kutabona mu rwego rwo gushyigikira uburezi budaheza.
Ni amahugurwa yabereye mu Karere ka Bugesera yateguwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimu SACCO yorohereje abarimu batize uburezi kubona inguzanyo
Ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu Sacco bwatangaje ko bwakuyeho amananiza ku nguzanyo zihabwa abakora umwuga w’uburezi batarabwize, aho bemerewe guhabwa inguzanyo ku mushahara nk’abandi barimu bize uburezi, ibintu binyuranye!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubuyobozi bw’Umurenge bwatangiye gutera imigwi umushahara wa mwalimu uherutse kongezwa
Abarimu bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza bababajwe n'umwanzuro wabafatiwe ubategeka gutanga amafaranga ibihumbi bitatu byo kubakira inzu abatishoboye nyuma yaho bongerejwe umushara.
Mu rwego rwo kwishimira iyongezwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kaminuza ikomeye yo muri Singapour yemereye Abanyarwanda kujya kwigayo guhera umwaka utaha
Guhera mu mwaka utaha, Abanyeshuri baturutse mu Rwanda bazahabwa amahirwe yo kwiga muri Kaminuza yubatse izina rikomeye mu ruhando mpuzamahanga yigisha iby’ikoranabuhanga muri Singapore (Nanyang Technological University /!-->!-->!-->…