Browsing Category
Uburezi
Nyanza: Ubuyobozi bw’Umurenge bwatangiye gutera imigwi umushahara wa mwalimu uherutse kongezwa
Abarimu bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza bababajwe n'umwanzuro wabafatiwe ubategeka gutanga amafaranga ibihumbi bitatu byo kubakira inzu abatishoboye nyuma yaho bongerejwe umushara.
Mu rwego rwo kwishimira iyongezwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kaminuza ikomeye yo muri Singapour yemereye Abanyarwanda kujya kwigayo guhera umwaka utaha
Guhera mu mwaka utaha, Abanyeshuri baturutse mu Rwanda bazahabwa amahirwe yo kwiga muri Kaminuza yubatse izina rikomeye mu ruhando mpuzamahanga yigisha iby’ikoranabuhanga muri Singapore (Nanyang Technological University /!-->!-->!-->…
MINEDUC yatangaje igihe abanyeshuri b’uwa mbere n’uwa kane bazatangirira
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje igihe abanyeshuri batsinze ibizamini bisoza amashuri abanza n’abatsinze iby’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bakazatangira tariki ya 4 Ukwakira 2022.
Amakuru MINEDUC yashyize!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Ku myaka ye 54, abana 2 n’abuzukuru 4 uyu yahisemo gusubira mu mashuri abanza
Umugabo w'imyaka 54 y'amavuko yahisemo gusubukura amasomo ye yari yaracikirije, ngo intego ni ukugera kure hashoboka.
Kuri uyu wa mbere kimwe n'ahandi hose mu Rwanda umwaka w'amashuri wa 2022-2023 nibwo watangiye ku mugaragaro, kimwe!-->!-->!-->…
Laptops ibihumbi 20 zigiye gusaranganywa abarimu mu kubafasha kunoza akazi kabo
Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze (REB), Dr. Nelson Mbarushimana, avuga ko mu myaka ibiri iri imbere abarimu bose bazaba barahawe mudasobwa zizabafasha kunoza umurimo bakora.
Yabitangaje mu nama!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ababyeyi bakanguriwe kuganisha abana babo mu mashuri ya tekiniki, imyuga…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage yasabye ababyeyi gukangurira abana kugana amashuri y'imyuga ku bwinshi kuko muri iki gihe ariho haboneka amahirwe menshi yo kubona akazi kandi byihuse.
Ibyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri 35% biga mu myaka itatu ibanza ntibazi gusoma Icyongereza, 40% ntibazi kubara
Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri gushyira abarimu b’abahanga mu myaka itatu ibanza kugira ngo bazamure imyigire y’abana ngo kuko isuzuma riheruka ryagaragaje ko mu bana biga muri iyo!-->!-->!-->…
Minisiteri y’uburezi yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri ya Leta bari…
Minisiteri y'uburezi mu Rwanda yamaganye bamwe mu bayobozi b'ibigo by'amashuri batangiye kwishyuza ababyeyi amafaranga yo kwiyandikisha
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda MadameDr Valentine Uwamariya yihanangirije bamwe mu bayobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
REB igiye guhagurukira abarimu bokamwe n’ingeso z’ubusinzi n’ubusambanyi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze, REB, cyasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kwita ku kibazo cy’abarimu bafite ingeso mbi zirimo ubusinzi no gusambanya abangavu bigisha.
Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr Nelson Mbarushimana,!-->!-->!-->…
Kirehe: Abarimu bakoze ibirori byo gushimira Leta iherutse kubongera umushahara
Abarimu bo mu Karere ka Kirehe bakoze inteko rusange hagamijwe kwishimira ibimaze kugerwaho mu burezi, by’umwihariko umushahara baherutse kongererwa, bavuga ko nabo bazitura Igihugu kurushaho gutanga uburezi bufite ireme no gukorana!-->!-->!-->…
TWIS Ltd yashyize hanze ikoranabuhanga ridasanzwe rigamije gufasha abana kumenya no kugira umuco wo…
TWIS Ltd yashyize hanze ikoranabuhanga benshi bakomeje gutangarira rigamije kuzamura urwego rw'imisomere ku bana b'u Rwanda.
Ni kenshi ababyeyi bagiye bumvikana mu bitangazamakuru bitandukanye binubira ireme ry'uburezi bemeza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
abanya Zimbabwe basaga 200 bifuza kuza kwigisha mu Rwanda bari mu bizami by’ijonjora
Abarimu b’Abanya-Zimbabwe bagera kuri 208, bamaze gukora ibizamini byanditse kugira ngo bazemererwe guhabwa akazi mu Rwanda, ubu basigaje kuzakora ibizamini byo mu buryo bwo kuvuga (interviews) mu Cyumweru gitaha.
Abatsinze ikizamini!-->!-->!-->…
Leta yemeje ko abanyeshuri batsindiye ku manota yo hejuru ari bo bonyine bazajya bahabwa ubwarimu
Guverinoma y’u Rwanda yafashe umwanzuro ko abanyeshuri batsindiye ku manota yo hejuru ari bo bonyine bazajya bahabwa ubwarimu, bitandukanye n’uko byakorwaga mu myaka yashize aho hatarebwaga ku mitsindire ihanitse mu kwemerera abakomeza!-->…
Nyanza: Abarimu 2 batawe muri yombi, barakekwaho gushyira hanze ibizami bya Leta bikiri gukorwa
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo babiri bo mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, rubakurikiranyeho icyaha cyo kumena ibanga ry’akazi no kohereza ubutumwa budakenewe.
Aba bombi bafashwe ku wa 29 Nyakanga!-->!-->!-->…
CHOGM itumye amashuri y’i Kigali agiye kuba afunze icyumweru cyose.
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda imaze gusohora itangazo mu buryo butunguranye, imyanzuro ivuga ko amashuri yo mu mujyi wa Kigali agiye kuba afunze mu gihe cy'icyumweru mu rwego rwo gutegura inama ya CHOGM.
Muri iryo tangazo!-->!-->!-->!-->!-->…