Browsing Category
Uburezi
Leta yagabanyije amafaranga y’ishuri ku kigero cya 30% ku biga muri TVET
Leta yagabanyije amafaranga y'ishuri atangwa n'abanyeshuri biga mu mashuri ya tekiniki, imyuga n'ubumenyingiro (TVET) ku kigero cya 30%. Ni icyemezo kigomba gutangira gushyirwa mu bikorwa mu gihembwe cya gatatu kigiye gutangira.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bahawe utumashini tw’ikoranabuhanga
Ikigo k’Igihugu gishinzwe guteza imbere Uburezi bw’ibanze (REB), cyatangaje ko kigiye kugeza mudasobwa zikoreshwa n’abafite ubumuga bwo kutabona mu bigo by’amashuri yihariye.
Byagarutsweho n’Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr Mbarushimana!-->!-->!-->!-->!-->…
Afganistan: Abakobwa bemerewe gusubira ku ishuli
Abakobwa babarirwa mu bihumbi icumi biteganyijwe ko basubira mu mashuli yisumbuye muri Afuganistani, nyuma y’amezi arindwi Abatalibani basubiye ku butegetsi bagashyiraho amategeko abuza abakobwa uburenganzira bwo kwiga.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasade y’Ubufaransa mu Rwanda igiye gutanga ibitabo by’igifaransa mu mashuri…
Ambasade y'Ubufaransa mu Rwanda yemeye ko igiye gukorana n'amashuri agahabwa ibitabo by'igifaransa bigezweho.
Ambasade y'igihugu cy'Ubufaransa mu Rwanda yemeye ko igiye gufatanya n'amashuri yo mu Rwanda, icyo gikorwa cy'ubufatanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangijwe icyumweru cyo gufatira ifunguro ku ishuri
Kuri uyu wa Mbere Taliki 28 Gashyantare, mu Rwanda hatangijwe icyumweru cyahariwe gahunda yo gufatira ifunguro ku ishuri, mu rwego rwo kwizihiza umunsi nyafurika wo gufatira ifunguro ku ishuri wizihizwa tariki ya 1 Werurwe buri mwaka.
!-->!-->!-->!-->…