Browsing Category
Ubuzima
Mu Rwanda,Coronavirus yahitanye undi muntu ukiri muto
Umubare w'abahitanwa na Coronavirus ukomeje kuzamuka mu Rwanda
Undi muntu wa munani yishwe na Coronavirus mu Rwanda, ni uwa gatatu ahitanwe nayo mu minsi itandatu ishize, abarenga 2100 bamaze kwandura.
Minisiteri y'ubuzima ivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Putin yatangaje kumugaragaro ko Igihugu ke cyamaze kubona urukingo rwa Coronavirus
Prezida Putin Vladmir yatangaje ko igihugu cye kimaze kubona urukingo rwa Coronavirus.
Umukuru w'igihugu cy'Uburusiya Bwana Vladmir Putin yatangaje ko hari abahanga mu by'ubuvuzi bo mu gihugu cy'Uburusiya bamaze gukora no gutunganya!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Hatangije igikorwa cyo kwandikira kwa muganga abahavukiye n’abahapfiriye
Meya w'Akarere ka Huye yatangije igikorwa cyo kwandika abana bavukira kwa muganga ndetse n'bapfira kwa muganga.
Ni igikorwa cyabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Kanama 2020 kibera ku bitaro bya Kabutare kiyoborwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko umuti wa coartem itari kubasha guhangara Malariya
Ubushakashatsi bwakorewe mu Rwanda buraburira ko udukoko dutera indwara ya Malaria turi kwigaranzura umuti usanzwe ukoreshwa mu kuyivura uzwi nka Coartem. Ni ubwa mbere bibonetse muri Afurika ko utu dukoko turi kwigaranzura uyu muti.
!-->!-->!-->!-->…
Ikigo Nyafrika cyo gukumira indwara gifite impungenge ku buryo Tanzaniya iritwara mu kurwanya…
Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'Afurika cyo kurwanya no gukumira indwara (kizwi mu mpine y'Icyongereza ya CDC) yagaragaje impungenge afite ku buryo Tanzania iri kwitwara ku cyorezo cya coronavirus.
Dr John Nkengasong yabwiye ikiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wo mu Bwongereza yatewe igitsina ku kaboko kubera uburwayi
Kubera uburwayi Malcolm MacDonald wo mu Bwongereza yahuye nabwo, abaganga bafashe umwanzuro wo kumutera igitsina cye ku kuboko, ibintu byatumye aba umuntu wa mbere bikorewe.
Kugira ngo abaganga bafate uyu mwanzuro byatewe n’ubwandu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarenga 400,000 ku isi bahitanywa na Malariya buri mwaka.
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS) uyu munsi ryatangaje ko mu gihe cyari cyihawe icyizere cyo gucika kwa Malaria ku kigero cya 90% ku isi ubu ari gicye.
Malaria iheruka kuvugwa mu Burundi, cyane nyuma yo kwica!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Ikibazo cy’akazi gake mu gihugu cyatumye abagera ku 5000 bahatanira imyanya 11 gusa.
Kubera ikibazo cy'akazi gake ku isoko ry'umurimo ugereranije n'abagashaka, abantu basaga ibihumbi 5 bahuriye mu kizami cy'akazi aho Akarere ka Muhanga gashakamo abatarenga 11 bonyine.
Abantu basaga 5000 bahatanira imyanya 11!-->!-->!-->!-->!-->…
Somaliya: Umugore wo mu gihugu cya Somaliya yabyaye abana batanu icya rimwe
bitaro by'i Mogadishu mu murwa mukuru wa Somalia byatangaje ibyishimo byabo nyuma yo kubyaza umugore abana batanu icya rimwe.
Ibi bitaro byitwa "Mogadishu Somali Turkey Recep Tayyip Erdogan Training and Research Hospital" bivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yibukije ko mu Rwanda nta gihano giteganirijwe uwariye cyangwa wabaze imbwa.
Umuvugizi wa RIB yavuze ko kugeza ubu mu Rwanda nta tegeko rihari rihana uwariye cyangwa uwabaze imbwa.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere taliki ya 3/8/2020 mu Karere ka Ruhango hafashwe abagabo bagera kuri batatu babaze imbwa maze!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Hafashwe abantu bacuruzaga inyama z’imbwa n’injangwe babeshya ko ari…
Hari abacuruzi bafatiwe mu cyuho bacuruza inyama z'imbwa mu baturage bababeshya ko ari inyama z'inka
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Ntongwe hari abaturage bifatiye ubwabo bamwe mu bacuruzi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage barashinja abayobozi b’inzego z’ibanze kujenjekera abica amabwiriza yo…
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza barasanga bamwe mu bayobozi b'inzego z'ibanze bajenjekera bamwe mu bacuruzi bica nkana amabwiriza yo kwirinda covid-19.
Mu gihe isi yose n'u Rwanda byugarijwe n'icyorezo cya coronavirus,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abafite ubumuga badodera mu isoko babangamiwe no kugera ahantu bakorera hataborohereza.
Abafite ubumuga badodera mu cyarahani cyo mu isoko ryo mu mugi wa Nyanza baravuga ko babangamiwe bikoneye n'ahantu hashyizwe inyubako bakoreramo.
Isoko ryo mu mugi wa Nyanza riherereye mu murenge wa Busasamana rwagati, iryo soko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasilamu bo mu Rwanda bizihije umunsi w’igitambo bubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19
Kuri uyu wa gatanu tariki 31 Nyakanga 2020, Abayisilamu bo mu Rwanda bifatanyije n’abandi bo ku isi yose mu kwizihiza umunsi mukuru w’igitambo (Eidil-Ad’ha). Ni umunsi mukuru wizihijwe mu buryo budasanzwe, mu rwego rwo kubahiriza!-->!-->!-->…
OMS yaburiye abanyafrika kutoroshya ingamba zo kurwanya covid-19
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryaburiye ko koroshya ingamba zo kwirinda bishobora gutuma habaho kongera kwiyongera k'ubwandu bwa Covid-19.
OMS yasabye leta z'ibihugu by'Afurika gushyira imbaraga mu!-->!-->!-->!-->!-->…